Ikigo cy’Igihugu cyita ku Buzima (RBC) gitangaza ko mu kwezi kumwe kizaba cyatangiye gukoresha imbwa mu gupima icyorezo cya Covid-19.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
RBC igiye gutangira gupima COVID-19 ikoresheje imbwa
24 November 2020, by Dusingizimana Remy -
BNR igiye gutangira kugura zahabu
15 May 2025, by Angeline MUKANGENZIBanki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko guhera mu mwaka w’ingengo y’imari uzatangira muri Nyakanga 2025, izagura zahabu nk’umutungo wakwifashishwa mu bwizigame n’ishoramari, mu guhangana n’ibibazo by’ubukungu no gushyiraho uburyo bushya bwafasha mu gihe ubukungu buhuye n’ikibazo.
-
Perezida Kagame yafashe mu mugongo Abanya-Ethiopia bibasiwe n’inkangu
24 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Kagame yafashe mu mugongo abaturage ba Ethiopia nyuma y’aho bibasiwe n’inkangu zimaze guhitana abarenga 220 mu Majyepfo y’iki gihugu.
-
U Burusiya bwashinje Ukraine kutubahiriza agahenge kashyizweho kuri Pasika
21 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Burusiya yatangaje ko ingabo za Ukraine zanze kubahiriza amasezerano y’agahenge ka Pasika, zikarasa ibisasu bya HIMARS byakozwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho kubahiriza amahoro kuri uyu munsi mukuru.
-
U Rwanda n’u Bushinwa bemeranyije kwagura umubano mu rwego rw’imari
27 June 2025, by ISIMBI EstellaIntumwa z’u Rwanda ziri mu Bushinwa zagiranye ibiganiro na Dongning Yang, Visi Perezida wa Banki yo mu Bushinwa izwi nka Export-Import Bank (Exim Bank), bishingiye ku kwagura umubano usanzwe hagati y’u Rwanda n’u Bushinwa binyuze muri iyo Banki.
-
UEFA Champions League: Inter Milan yasezereye FC Barcelone mu mukino wo gupfa no gukira, igera ku mukino wa nyuma
7 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInter Milan yatsinze FC Barcelone ibitego 4-3 mu mukino wo kwishyura wa 1/2 cya UEFA Champions League, ibona itike yo gukina umukino wa nyuma ku giteranyo cy’ibitego 7-6.
-
Ba rwiyemezamirimo bagitangira bagowe n’igishoro kidahagije
2 May 2025, by Joseph IradukundaHari ba rwiyemezamirimo b’urubyiruko bagaragaza ko baba bafite ibitekerezo by’imirimo mishya bahanga ariko igishoro cyo gushyira mu ngiro ibyo batekereza kikababera inzitiizi.
-
Igitero cyagabwe i Nyaruguru: Umwe mu bishwe yari umurezi abashimuswe barekuwe
20 June 2018, by Nsanzimana ErnestIfoto ya Maniraho Anathole wari umuyobozi ushinzwe amasomo muri GS Nyabimata wiciwe mu gitero i Nyabimata
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabili tariki 19 rishyira tariki 20 Kamena 2018 abantu bitwaje intwaro bagabye igitero mu murenge wa Nyabimata mu karere ka Nyaruguru bica abantu babiri bakomeretsa abandi barimo n’ umunyamabanga nshingwabikorwa w’ Umurenge.
-
Umujyi wa Kigali Ugiye gutangira umushinga wo kubaka uruganda rusukura amazi yanduye
14 May 2025, by Angeline MUKANGENZIInama yahuje Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali n’ubw’Ikigo cy’Igihugu cy’Isuku n’Isukura (WASAC) bwaganiriye n’abahagarariye inzego zitandukanye n’abafatanyabikorwa mu mushinga wo kubaka ku Giticyinyoni uruganda rutunganya amazi yanduye (Kigali Central Sewerage System), hanzurwa ko uyu mushinga uzatangira kubakwa mu kwezi kwa Kamena 2025.
-
Perezida Kagame yabonanye na Bogdan-Martin wa ITU
21 October 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umunyamabanga Mukuru w’Ihuriro Mpuzamahanga ry’Ikoranabuhanga mu Itumanaho (ITU) Doreen Bogdan-Martin, bagaruka ku kongera imbaraga mu ikoranabuhanga rihuza abantu, guhanga ibishya no gushora imari mu Ikoranabuhanga muri Afurika.
Umuryango.rw
RBC igiye gutangira gupima COVID-19 ikoresheje imbwa
BNR igiye gutangira kugura zahabu
Perezida Kagame yafashe mu mugongo Abanya-Ethiopia bibasiwe n’inkangu
U Burusiya bwashinje Ukraine kutubahiriza agahenge kashyizweho kuri Pasika
U Rwanda n’u Bushinwa bemeranyije kwagura umubano mu rwego rw’imari
UEFA Champions League: Inter Milan yasezereye FC Barcelone mu mukino wo gupfa no gukira, igera ku mukino wa nyuma
Ba rwiyemezamirimo bagitangira bagowe n’igishoro kidahagije
Umujyi wa Kigali Ugiye gutangira umushinga wo kubaka uruganda rusukura amazi yanduye
Perezida Kagame yabonanye na Bogdan-Martin wa ITU