Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko ashobora guhura na mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, ariko ibyo bikazabaho gusa mu gihe impande zombi zatera intambwe mu biganiro bigamije guhosha intambara imaze imyaka itatu ica ibintu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Putin yemeye ko ashobora guhura na Zelensky
8 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
RDC yatangije ubukangurambaga buzayifasha kugeza u Rwanda muri ICC rugakurikiranwa
30 August 2024, by Joseph IradukundaGuverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatangije kuri uyu wa Kane, itariki ya 29 Kanama 2024 i Kinshasa, ubukangurambaga bwiswe “ICC, Ubutabera kuri DRC” nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’ubutabera wungirije, ushinzwe imanza mpuzamahanga, Samuel Mbemba, mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru i Kinshasa.
-
Siriya: Abasivili ba mbere b’Abaduruze bahunze Soueïda
21 July 2025, by ISIMBI EstellaKu cyumweru, tariki ya 20 Nyakanga 2025, i Soueïda, mu majyepfo ya Siriya, abaturage ba mbere b’Abaduruze bashoboye kuva mu mujyi, bari bake cyane cyane ari abagore n’abana. Ntabwo bakomeretse, ariko barababaye.
-
Perezida Obama yemera ko ‘Aliens’ zibaho
16 February, by ISIMBI EstellaBarack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yavuze ko yemera ko ibivejuru bizwi nka ‘Aliens’ bibaho.
-
Amakuru y’uko moto zose zikoresha lisansi zizasimbuzwa muri uyu mwaka si yo: Minisitiri Gasore
8 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yatangaje ko muri uyu mwaka nta gahunda leta ifite ifite yo guhita isimbuza moto zinywa lisansi izikoresha amashanyarazi, ko ahubwo bigomba gusaba igihe.
-
Umusirikare urinda urugo rw’Umuvunyi Mukuru mu Burundi yarashe umuturage aramwica
6 February, by Angeline MUKANGENZIUmusirikare mu gisirikare cy’u Burundi ushinzwe kurinda urugo rw’Umuvunyi Mukuru w’u Burundi, Aimée Laurentine Kanyana; yarashe umuturage aramwica.
-
Yolande Makolo: Amafaranga u Rwanda rukoresha muri Cabo Delgado arenga inshuro 10 atangwa na EU
14 March, by ISHIMWE Jean de DieuUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko inkunga ya miliyoni 20 z’Amayero yagenewe Ingabo z’u Rwanda binyuze mu kigega cy’u Burayi gishinzwe gushyigikira ibikorwa by’amahoro, European Peace Facility, yose yamaze gukoreshwa, kandi ko ikiguzi ubu butumwa butwara Guverinoma y’u Rwanda gikubye inshuro nibura 10 ayo mafaranga.
-
Urukiko rwemeje igihano ku wahoze ari Gitifu w’Umurenge
26 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko rukuru urugereko rwa Nyanza rwari rwarajuririwe igihano cyahawe umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Mugombwa, mu karere ka Gisagara witwa Bigwi Alain Lolain rwasanze ubujurire bwe nta shingiro bufite.
-
Leta ya RDC yashoye miliyari y’Amadolari mu nzego z’umutekano mu 2025
28 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwashoye miliyari 1 y’Amadolari ya Amerika mu nzego z’umutekano mu mezi ane ya mbere y’umwaka wa 2025.
-
Perezida Kagame yashyizwe ku rutonde rw’abanyafurika 100 bavuga rikijyana
8 December 2022, by Dusingizimana RemyIkinyamakuru New African Magazine gikorera i London mu Bwongereza cyashyize hanze urutonde rw’ibyamamare 100 bitandukanye yaba muri Politiki, muziki,siporo n’ibindi bivuga rikijyana muri Afurika.
Uru rutonde rw’abantu ijana rutangazwa buri mwaka rugaragaraho Perezida Kagame watorewe kuyobora u Rwanda kuva 2003 kugeza ubu.
Uru rutonde rw’abantu ijana bavuga rikijyana muri Afurika ruriho abandi bakuru b’ibihugu nka Macky Sall wa Sénégal, Dr William Ruto wa Kenya, Visi Perezida wa Ghana Dr (…)
Umuryango.rw
Putin yemeye ko ashobora guhura na Zelensky
RDC yatangije ubukangurambaga buzayifasha kugeza u Rwanda muri ICC rugakurikiranwa
Siriya: Abasivili ba mbere b’Abaduruze bahunze Soueïda
Perezida Obama yemera ko ‘Aliens’ zibaho
Amakuru y’uko moto zose zikoresha lisansi zizasimbuzwa muri uyu mwaka si yo: Minisitiri Gasore
Yolande Makolo: Amafaranga u Rwanda rukoresha muri Cabo Delgado arenga inshuro 10 atangwa na EU
Urukiko rwemeje igihano ku wahoze ari Gitifu w’Umurenge
Leta ya RDC yashoye miliyari y’Amadolari mu nzego z’umutekano mu 2025
Perezida Kagame yashyizwe ku rutonde rw’abanyafurika 100 bavuga rikijyana