Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (White House), byirukanye Susan Monarez ku buyobozi bw’Ikigo gishinzwe kurwanya indwara z’ibyorezo (CDC), nyuma yo kwanga kwegura.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
White House yirukanye ku ngufu umuyobozi wa US CDC wanze kwegura
28 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Jennifer Lopez yashimiye abafana be bamaranye imyaka 33
18 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuImyaka ya Jennifer Lopez yongeye guhagurutsa amarangamutima ya benshi, mu birori byo kumurika filime ye yise ‘Unstoppable,’ ubwo yabwirwaga ko amaze gukura cyane, benshi bagakeka ko iyi mvugo ishobora kumubabaza cyane.
-
Zelenskyy ashaka kwinjira mu ntambara yo mu Burasirazuba bwo Hagati
16 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, ashaka ko ibihugu byo mu Burasirazuba bwo Hagati byamuha amafaranga n’ibikoresho by’ikoranabuhanga kugira ngo abifashe guhangana n’ibitero bya drones z’ubwiyahuzi za Iran.
-
Zelensky yasabye inkunga ya miliyari 40 z’Amadolari
18 June 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yasabye ibihugu by’inshuti guha igihugu cye inkunga ya miliyari 40 z’Amadolari yo kwifashisha mu gushyira mu bikorwa imishinga iri mu ngengo y’imari y’umwaka wa 2025/2026.
-
Muhanga: Polisi yafashe moto 6 zibwe
14 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi mu Karere ka Muhanga iravuga ko yafashe moto esheshatu zibiwe ahantu hatandukanye, itanga impanuro ku bahishira abajura.
-
U Bushinwa bwabwiye USA ko kubusuzugura ari ukubura ubwenge
13 December 2024, by Joseph IradukundaAmbasaderi w’u Bushinwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Xie Feng yashimangiye ko gukeretsa ubushobozi bw’igihugu cye mu bijyanye n’ubukungu bw’Isi, ari ukubura ubwenge.
-
Ibihugu bya Pakistan n’u Buhinde byongeye kurasanaho
1 May 2025, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Kane, itariki ya 1 Gicurasi, ibihugu by’u Buhinde na Pakistan byongeye guhererekanya urufaya rw’amasasu muri Kashmir, agace ibihugu byombi bimaranira.
-
Gatsibo: Yatawe muri yombi azira gutema insina 100 za mugenzi we bashwaniye mu kabari
12 September 2025, by ISIMBI EstellaYasuwe :
Yavuzweho:
Inzego z’umutekano mu Karere ka Gatsibo, zataye muri yombi umugabo ukekwaho gutema insina 100 za mugenzi we, nyuma yo gushwanira mu kabari akigamba ko azamuhemukira. -
Abadepite basabye Trump gusobanura iby’amasezerano Amerika iteganya kugirana na RDC
12 August 2025, by ISIMBI EstellaAbadepite 51 bo mu ishyaka ry’Aba-Démocrates muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bandikiye Perezida Donald Trump na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, babasaba ibisobanuro ku masezerano ajyanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro igihugu cyabo gishaka kugirana na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Chris Brown yakinnye ku mubyimba abashaka kwica ibitaramo bye
17 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi Chris Brown yagaragaje ko adatewe ubwoba n’abakomeje kugera intorezo ibitaramo afite muri Afurika y’Epfo, n’ubwo imibare y’ababirwanya ikomeje kwiyongera.
Umuryango.rw
White House yirukanye ku ngufu umuyobozi wa US CDC wanze kwegura
Jennifer Lopez yashimiye abafana be bamaranye imyaka 33
Zelenskyy ashaka kwinjira mu ntambara yo mu Burasirazuba bwo Hagati
Zelensky yasabye inkunga ya miliyari 40 z’Amadolari
Muhanga: Polisi yafashe moto 6 zibwe
U Bushinwa bwabwiye USA ko kubusuzugura ari ukubura ubwenge
Ibihugu bya Pakistan n’u Buhinde byongeye kurasanaho
Gatsibo: Yatawe muri yombi azira gutema insina 100 za mugenzi we bashwaniye mu kabari
Abadepite basabye Trump gusobanura iby’amasezerano Amerika iteganya kugirana na RDC
Chris Brown yakinnye ku mubyimba abashaka kwica ibitaramo bye