Pasiteri Dr. Antoine Rutayisire yagaragaje ko ibibazo biri mu miryango myinshi mu Rwanda, bikwiye kubazwa inzego zitandukanye zirimo aho abantu bakomoka, ishuri, amadini ndetse n’igihugu, kuko zitabasha gukurikirana neza umuntu kuva mu buto bwe kugeza ageze igihe cyo kurushinga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Pasiteri Rutayisire yavuze ku nzego enye zikwiye kubazwa ibibazo biri mu rushako mu Rwanda
12 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
U Rwanda ntirushaka ko Ubwongereza buba umuhuza warwo na Uganda-Minisitiri Nduhungirehe
26 March 2019, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga,Amb.Nduhungirehe Olivier yatangaje ko u Rwanda rudashaka ko Ubwongereza bubafasha kwiyunga na Uganda ahubwo rushaka ko UK yotsa igitutu Uganda ikarekura Abanyarwanda bafungiwe mu magereza atazwi bazira ubusa ndetse igahagarika gutera inkunga imitwe y’inyeshyamba zishaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda.
-
U Rwanda rwashoye imishinga 19 ku isoko rya karuboni
4 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta y’u Rwanda yagaragaje ko ifite imishinga 19 yashoye ku isoko rya karuboni, muri gahunda yo kugabanya ibyuka bihumanya ikirere bikangiza n’ibidukikije.
-
Uwitwa Bakame kuri X yasabye Imbabazi Pastor Kabanda Julienne
29 April 2025, by ISIMBI EstellaUmwe mu bakoresha urubuga rwa X, ukoresha amazina ya Bakame yasabye imbabazi Pastor Julienne Kabanda nyuma yo kumwita intumwa ya satani ku Isi.
-
Minisitiri Marizamunda yasabye urubyiruko guharanira kumenya amateka yaranze u Rwanda
16 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUbwo hibukwaga ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Karere ka Musanze, Minisitiri w’Ingabo Juvenal Marizamunda yasabye urubyiruko guharanira kumenya amateka y’Igihugu, kugira ngo bakuremo amasomo baharanire ko atazisubira na rimwe.
-
Ntaho ngiye tuzagumana - Ndikuriyo wa CNDD-FDD yaciye amarenga
25 January, by ISIMBI EstellaUmunyamabanga Mukuru w’Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi rya CNDD-FDD, Ndikuriyo Révérien, yabwiye abarwanashyaka ko mu gihe bitegura gutora umunyamabanga mushya, azakomeza kuba ari kumwe n’ishyaka kabone n’aho atakongera gutorwa, ibintu bica amarenga ku mwuka mubi uri hagati ye na Perezida Evariste Ndayishimiye.
-
Burna Boy yahuje abarimo Stromae kuri Album ye iherekejwe n’ibitaramo
3 July 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi w’icyamamare muri Afurika, Damini Ogulu uzwi cyane ku izina rya Burna Boy, agiye gusohora album ye nshya yise “No Sign of Weakness”, ikazajya hanze ku itariki ya 11 Nyakanga 2025.
-
Vestine uririmbana na Dorcas yasezeranye n’umusore wo muri Burkina Faso
16 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIshimwe Vestine usanzwe aririmbana indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana na murumuna we Dorcas, yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we, mu muhango wabereye mu Murenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo.
-
Abaguze UTC ya Rujugiro bati ‘mu bucuruzi iyo washoye neza ntuhomba’
3 November 2017, by Nsanzimana ErnestKigali Investment Company (KIC), yaguze mu cyamunara inzu Union Trading Center yari iya Rujugiro Ayabatwa Tribert yatangaje byinshi kuri iyi nzu birimo no kuba niyo bayimusubiza Rujugiro batahomba.
Ukwezi n’ icyumweru birashize UTC itejwe cyamunara. Iyi nzu yagurishijwe kugira ngo hishyurwe umwenda nyirayo yari abereyemo ikigo cy’ igihugu cy’ imisoro n’ amahoro RRA.
Yagurishijwe nyuma y’ igihe gito ibiciro by’ ubukode ku bibanza byayo by’ ubucuruzi byikubye kane.
Umuvugizi wa KIC (…) -
Koreya y’Epfo: Impanuka y’indege y’igisirikare yari iri mu myitozo yahitanye babiri
9 February, by ISIMBI EstellaIndege y’igisirikare cya Koreya y’Epfo yo mu bwoko bwa AH-1S Cobra ikoreshwa mu kugaba ibitero, yakoze impanuka mu gihe cy’imyitozo mu gace ka Gapyeong mu Ntara ya Gyeonggi mu Majyaruguru y’iki gihugu, ihitana abapilote bayo babiri.
Umuryango.rw
Pasiteri Rutayisire yavuze ku nzego enye zikwiye kubazwa ibibazo biri mu rushako mu Rwanda
U Rwanda rwashoye imishinga 19 ku isoko rya karuboni
Uwitwa Bakame kuri X yasabye Imbabazi Pastor Kabanda Julienne
Minisitiri Marizamunda yasabye urubyiruko guharanira kumenya amateka yaranze u Rwanda
Ntaho ngiye tuzagumana - Ndikuriyo wa CNDD-FDD yaciye amarenga
Burna Boy yahuje abarimo Stromae kuri Album ye iherekejwe n’ibitaramo
Vestine uririmbana na Dorcas yasezeranye n’umusore wo muri Burkina Faso