Ingabo z’u Burusiya zaraye zigabye ibitero bikomeye ku nganda zikora ibikoresho bya gisirikare birimo intwaro zirasa kure ndetse n’indege zitagira abapilote muri Ukraine.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Burusiya bwongeye kugaba igitero simusiga muri Ukraine
30 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
TWIYAMBARIZIMANA Isabelle yasabye guhindura amazina akitwa MUVUNYI Isabelle
29 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwitwa TWIYAMBARIZIMANA Isabelle yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MUVUNYI Isabelle mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku byangombwa. itangazo riri hano ““hasi”” -
Hamas yifuza kurekura imbohe zose za Israel icya rimwe
19 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuvugizi w’Umutwe wa Hamas, Hazem Qassem, yatangaje ko uyu mutwe wifuza kurekura imbohe zose z’Abanya-Israel zikagenda inshuro imwe kugira ngo intambara ihagarare mu buryo burambye kandi ingabo za Israel zisigaye muri Gaza ziveyo.
-
RDC: Amasasu yongeye kumvikana mu nkengero z’Umujyi wa Uvira
23 December 2025, by ISIMBI EstellaInkengero z’Umujyi wa Uvira zongeye kumvikanamo amasasu nyuma y’iminsi mike Ihuriro rya AFC/M23 riytangaje ko ingabo zaryo zavuye muri uyu mujyi uhana imbibi n’Igihugu cy’u Burundi.
-
Trump yateguje igitero kuri Cuba
28 March, by ISIMBI EstellaPerezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko Cuba ari yo bagiye kugabaho igitero cya gisirikare.
-
Amb Ngoga yashyikirije Guterres impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Loni
23 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasaderi Martin Ngoga yashyikirije Umunyamabanga Mukuru wa Loni, António Guterres, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye nka Ambasaderi ku wa Kane tariki 22 Gicurasi 2025.
-
Karongi: Umugore w’imyaka 25 yasanzwe mu mugozi yapfuye
29 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmugore w’imyaka 25 wo mu murenge wa Gishyita mu karere ka Karongi, yasanzwe mu mugozi yapfuye harakekwa ko yiyahuye.
-
Donald Trump yahishuye ko atiteguye kuganira na Iran ku guhagarika intambara
15 March, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yahishuye ko Iran yiteguye ibiganiro bigamije guhagarika intambara ariko we atiteguye kugirana nayo amasezerano.
-
James Ransone wamamaye muri filime zirimo ’The Wire’ yapfuye yiyahuye
22 December 2025, by ISIMBI EstellaUmukinnyi wa filime, James Ransone, wamamaye muri ‘The Wire’ yakunzwe cyane, yapfuye yiyahuye.
-
U Rwanda rwatanze umucyo ku mpamvu ruzakura ingabo muri Mozambique
15 March, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma y’u Rwanda yatanze umucyo ku makuru y’uko rwiteguye gucyura ingabo rwohereje muri Mozambique kurwanya iterabwoba ryari ryarayogoje Amajyaruguru y’icyo gihugu.
Umuryango.rw
U Burusiya bwongeye kugaba igitero simusiga muri Ukraine
TWIYAMBARIZIMANA Isabelle yasabye guhindura amazina akitwa MUVUNYI Isabelle
Hamas yifuza kurekura imbohe zose za Israel icya rimwe
RDC: Amasasu yongeye kumvikana mu nkengero z’Umujyi wa Uvira
Trump yateguje igitero kuri Cuba
Amb Ngoga yashyikirije Guterres impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Loni
Karongi: Umugore w’imyaka 25 yasanzwe mu mugozi yapfuye
Donald Trump yahishuye ko atiteguye kuganira na Iran ku guhagarika intambara
James Ransone wamamaye muri filime zirimo ’The Wire’ yapfuye yiyahuye
U Rwanda rwatanze umucyo ku mpamvu ruzakura ingabo muri Mozambique