Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere,RGB, kuri uyu wa kane tariki ya 6 Werurwe 2025, rwatangaje ko rwahagaritse imiryango ishingiye ku myemerere, ibiri ariyo Elayono Pentecostal Blessinga Church riyobowe na Reverend Prophet Erneste Nyirindekwe na Sons of Korah International .
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
RGB yahagaritse amatorero abiri yakoraga mu buryo butemewe
7 March 2025, by Joseph Iradukunda -
Amarenga y’urukundo hagati y’umuhanzikazi Là Reïna ba Prince Kiiiz
20 April 2025, by ISIMBI EstellaPrince Kiiiz uri mu batunganya indirimbo bamaze kumenyekana mu Rwanda, yaciye amarenga y’urwo akunda umuhanzikazi Là Reïna, asanzwe anafasha mu bijyanye n’ umuziki
-
Uko Christopher yagowe no kwakira urupfu rwa nyina
21 January, by ISIMBI EstellaUmuhanzi Muneza Christopher yagaragaje ko yagowe no kwakira urupfu rwa nyina, akavuga ko yahisemo kugumana icyo gikomere aho kubyiyibagiza kuko bisa nko kwibagirwa umubyeyi we.
-
Nyaruguru: Batatu batawe muri yombi bakekwaho kwiba asaga miliyoni 6 Frw
27 January, by ISIMBI EstellaPolisi ikorera mu Karere ka Nyaruguru yataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho kwiba umuturage asaga miliyoni 6 Frw, nyuma yo gucukura inzu ye.
-
Ikirego cyatumye Chris Brown afungirwa mu Bwongereza gishobora gukurwaho
1 July 2025, by ISIMBI EstellaChris Brown yumvikanye n’umugabo witwa Abraham Diaw, wamushinjaga icyaha cyo kumukomeretsa bikomeye akoresheje icupa.
-
Abirukanywe bazira iperereza bakoze kuri Trump batanze ikirego
1 April, by Angeline MUKANGENZIAbakozi batatu bahoze bakorera Ibiro bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) bishinzwe iperereza, FBI batanze ikirego mu rukiko bavuga ko birukanwe mu kazi mu buryo bwo kubihimuraho, kubera uruhare bagize mu iperereza ryakozwe kuri Perezida Donald Trump nyuma yo gutsindwa amatora mu 2020.
-
APR FC yasinyishije Igikurankota Denis Omedi utaha izamu mu ikipe y’igihugu ya Uganda
7 January 2025, by Joseph IradukundaIkipe ya APR FC yasinyishije rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Uganda, Denis Omedi, wakiniraga Kitara FC iwabo.
-
Rubavu: Umugore uri mu bavurwa COVID-19 yabyaye umuhungu
17 July 2020, by Dusingizimana RemyIkigo cy’igihugu cy’ubuzima cyatangaje ko umugore uri kuvurirwa Coronavirus mu kigo cyahariwe kwita ku barwayi ba COVID-19 kiri mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Rugerero, yabyaye umwana w’umuhungu ndetse ubuzima bwe n’ubw’umwana we bumeze neza.
-
U Rwanda na Indonesia baganiriye uko bahangana na kanseri
20 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda, Dr. Yvan Butera, uri muri Indonesia, yabonanye na Minisitiri w’Ubuzima muri iki gihugu, Budi Gunadi Sadikin.
-
Kicukiro:Abageni n’abakwe bafashwe na Polisi bajyanwa muri Sitade
6 April 2021, by Martin MunezeroKuri uyu wa Mbere abantu 57 bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda #COVID-19, aho bakoreye ubukwe mu rugo rwa nyiri hotel Rainbow isanzwe ifunze kubera kutubahiriza amabwiriza.
Umuryango.rw
RGB yahagaritse amatorero abiri yakoraga mu buryo butemewe
Amarenga y’urukundo hagati y’umuhanzikazi Là Reïna ba Prince Kiiiz
Uko Christopher yagowe no kwakira urupfu rwa nyina
Nyaruguru: Batatu batawe muri yombi bakekwaho kwiba asaga miliyoni 6 Frw
Ikirego cyatumye Chris Brown afungirwa mu Bwongereza gishobora gukurwaho
Abirukanywe bazira iperereza bakoze kuri Trump batanze ikirego
APR FC yasinyishije Igikurankota Denis Omedi utaha izamu mu ikipe y’igihugu ya Uganda
Rubavu: Umugore uri mu bavurwa COVID-19 yabyaye umuhungu
U Rwanda na Indonesia baganiriye uko bahangana na kanseri