Ambasade ya Leta zunze ubumwe za America i Kinshasa yasohoye itangazo ribuza abaturage b’icyo gihugu gukorra ingendo muri Congo Kinshasa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
merica yabujije abaturage bayo gukorera ingendo muri DR.Congo
30 January 2025, by Joseph Iradukunda -
Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza yahagaritswe mu nshingano
15 April 2025, by Angeline MUKANGENZIInama Njyanama y’Akarere ka Nyanza yahagaritse Ntazinda Erasme ku nshingano zo kuyobora ako Akarere.
-
Denzel Washington agiye kugaragara mu gice cya Gatatu cya ‘Black Panther’
7 June 2025, by ISIMBI EstellaFilime ya Black Panther 3 iri gutegurwa, ndetse izayoborwa na Ryan Coogler nk’uko byagenze no mu bice bibiri byayibanjirije. Uyu muyobozi aherutse kwemeza ko yanditse iyi filime atekereza mu mutwe we izina ry’umukinnyi ukomeye wigeze kwegukana Oscar, Denzel Washington, ndetse birasa nk’aho yamaze kwemera kugaragaramo.
-
Minisitiri yeguye nyuma yo kuvuga ko ’nta basabirizi’ bafite
16 July 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’abakozi ba leta n’imibereho myiza muri Cuba, Marta Elena Feitó-Cabrera, yahatiwe kwegura ku mwanya we nyuma y’amagambo yavugiye mu kiganiro mu nteko ishingamategeko, akavuga ko nta bantu basabiriza bari muri iki gihugu kigizwe n’ikirwa, gitegetswe mu buryo bwa gikomunisiti.
-
USA: Miliyoni z’Abaturage Ntamashyarazi Bafite Kubera Serwakira Milton
10 October 2024, by Joseph IradukundaMuri Leta zunze ubumwe z’Amerika abantu miliyoni eshatu babuze amashanyarazi n’impombo z’amazi zirangirika kubera Serwakira Milton yibasiye Leta ya Florida
-
Mu gihugu cya Argentine abiganjemo abasaza n’abakecuru bakomerekeye mu myigaragambyo
22 May 2025, by Angeline MUKANGENZIAbantu amagana bakomerekeye mu myigaragambyo yabereye imbere y’Inteko Ishinga Amategeko ya Argentine, bamagana amafaranga make ahabwa abari mu kiruhuko cy’izabukuru azwi nka ‘Pansiyo’.
-
Meddy yakoreye igitaramo cya mbere muri Canada
16 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMeddy yakoreye igitaramo cye cya mbere muri Canada mu ruhererekane rw’ibyo azahakorera.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
30 September 2024, by UbwanditsiMe Kagame k.Festo aramenyesha abantu bose ko azagurisha muri cyamunara ku ncuro ya gatatu ari nayo yanyuama binyuze mu buryo bw’ikoranabuhanga, umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu yo guturamo iherereye mu karere ka Kicukiro mu mugi wa Kigali.
Itangazo rirambuye warisoma aho hasi……… -
Iran yarahiriye guhambiriza Ambasaderi wa Australia
27 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIran yasezeranyije Australia gufata ingamba nk’izo yafashe igahambiriza Ambasaderi wayo muri icyo gihugu, nyuma yuko Amb. Ahmad Sadeghi yirukanywe i Canberra, igihugu cye gishinjwa kwihisha inyuma y’ibitero byibasiye Abayahudi muri Australia.
-
APR FC yageze ku kibuga i Kanombe mu rukerera! Amafoto y’Abafana bayakiriye
23 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAPR FC ivuye muri Tanzania mu mikino ya CECAFA Kagame Cup aho yageze ku mukino wa nyuma ikaza gutsindwa na Red Arrows Penaliti 10 kwi 9 ni mu gihe iminota isanzwe y’umukino yarangiye banganya 1-1.
Amateka atwereka ko APR FC na Simba SC zisangiye agahigo ko gutsindirwa ku mukino wa nyuma inshuro nyinshi, inshuro 6 zose.
Muri izo nshuro ku ruhande rwa APR FC harimo 1996 APR FC 0-1 SIMBA SC , 2000 APR FC 1-3 Tusker FC, 2005 APR FC 0-3 Villa SC , 2013 APR FC 0-2 Vitalo, 2014 APR FC (…)
Umuryango.rw
merica yabujije abaturage bayo gukorera ingendo muri DR.Congo
Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza yahagaritswe mu nshingano
Denzel Washington agiye kugaragara mu gice cya Gatatu cya ‘Black Panther’
Minisitiri yeguye nyuma yo kuvuga ko ’nta basabirizi’ bafite
USA: Miliyoni z’Abaturage Ntamashyarazi Bafite Kubera Serwakira Milton
Mu gihugu cya Argentine abiganjemo abasaza n’abakecuru bakomerekeye mu myigaragambyo
Meddy yakoreye igitaramo cya mbere muri Canada
Iran yarahiriye guhambiriza Ambasaderi wa Australia
APR FC yageze ku kibuga i Kanombe mu rukerera! Amafoto y’Abafana bayakiriye