Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yatangaje ko gukura Ayatollah Ali Khamenei ku butegetsi bishobora guteza akavuyo muri Iran nk’uko byagenze muri Iraq ubwo Saddam Hussein yakurwagaho na Libya ubwo Colonel Muammar Qaddafi yicwaga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Macron yagaragaje ko gukura Ayatollah ku butegetsi byahindura Iran nka Libya na Iraq
18 June 2025, by ISIMBI Estella -
Umwanzi nyuma yo kuturasaho n’indege z’intambara na kajugujugu yahunze: Col. Willy Ngoma
23 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa M23 urigamba gukwiza imishwaro ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’imirwano yanagaragayemo indege z’intambara yaraye isakiranyije impande zombi.
-
U Bufaransa: Abimukira 15 basanzwe mu ikamyo ikonjesha inyama
10 August 2025, by ISIMBI EstellaAbimukira bagera kuri 15 bakomoka muri Eritrea basanzwe mu ikamyo ikonjesha isanzwe itwara ibirirwa birimo inyama n’imboga mu majyaruguru y’u Bufaransa. Yerekezaga mu Bwongereza kugira ngo binjire muri iki gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko
-
Umunyamakuru Gershkovich mu mbohe nyinshi zahererekanyijwe hagati ya USA n’u Burusiya
2 August 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbanyamerika batatu barimo umunyamakuru wa Wall Street Journal, Evan Gershkovich, babohowe mu masezerano yo guhinduranya imfungwa n’u Burusiya, basubiye ku butaka bwa Amerika kuri uyu wa Kane ushize.
-
Burundi: Minisitiri w’Itangazamakuru yasanzwe yapfuye
16 April, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho w’u Burundi, Gabby Bugaga, kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Mata yasanzwe mu modoka yapfuye.
-
Polisi y’u Rwanda yegukanye igikombe cya Handball mu mikino ya EAPCCO
4 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe ya Polisi y’u Rwanda yegukanye igikombe cya Handball mu mikino ya EAPCCO yari imaze icyumweru ibera muri Ethiopia
-
Umunyamakuru wa siporo uzwi mu Rwanda Leonidas yerecyeje kuri RADIOTV10
16 March, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamakuru Leonidas Ndayisaba uzwi mu biganiro bya Siporo akaba umwe mu bafite uburambe mu mwuga w’itangazamakuru, yerecyeje kuri RADIOTV10 mu kiganiro Urukiko kiri mu biyoboye mu Rwanda.
-
Ibyo wamenya kuri Dani Olmo wabonye igitego cye cya mbere muri Barselona
28 August 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmunya-Esipanye Dani Olmo yatsinze igitego cya mbere muri Barselona mu mukino batsinzemo Rayo Vallecano 2-1, umukino wari uwa mbere kuri uyu mukinnyi.
-
Umubare w’abafite akazi mu Rwanda wariyongereye, ugera kuri 53,8 %
29 July 2025, by Joseph IradukundaIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyagaragaje ko kugeza muri Gicurasi 2025 abaturarwanda bafite akazi bari 53,8 %, bavuye kuri 52,0 % mu gihe nk’icyo mu 2024.
-
ibirori bya BET awards bizayoborwa na Kevin Hart
23 April 2025, by ISIMBI EstellaUmukinnyi wa Filime mu ruhando rwa Sinema muri Amerika (Holly Wood), akaba n’umunyarwenya Kevin Hart, yatangajwe nk’uzayobora ibirori byo gutanga ibihembo bya BET Awards muri uyu mwaka.
Umuryango.rw
Macron yagaragaje ko gukura Ayatollah ku butegetsi byahindura Iran nka Libya na Iraq
Umwanzi nyuma yo kuturasaho n’indege z’intambara na kajugujugu yahunze: Col. Willy Ngoma
U Bufaransa: Abimukira 15 basanzwe mu ikamyo ikonjesha inyama
Umunyamakuru Gershkovich mu mbohe nyinshi zahererekanyijwe hagati ya USA n’u Burusiya
Burundi: Minisitiri w’Itangazamakuru yasanzwe yapfuye
Polisi y’u Rwanda yegukanye igikombe cya Handball mu mikino ya EAPCCO
Umunyamakuru wa siporo uzwi mu Rwanda Leonidas yerecyeje kuri RADIOTV10
Ibyo wamenya kuri Dani Olmo wabonye igitego cye cya mbere muri Barselona
Umubare w’abafite akazi mu Rwanda wariyongereye, ugera kuri 53,8 %
ibirori bya BET awards bizayoborwa na Kevin Hart