Ufutinema Marcel w’imyaka 24, wari utwaye ubwato mu kiyaga cya Ruhondo giherereye mu Kagari ka Murwa, Umurenge wa Remera, Akarere ka Musanze yarohamye arapfa ubwo ubwato bwakoraha impanuka, ku gicamunsi cyo ku Cyumweru tariki ya 24 Kanama 2025.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Musanze: Yarohamye atwaye ubwato mu kiyaga cya Ruhondo arapfa
25 August 2025, by ISIMBI Estella -
Bashaka Ngenda nyuma ya Butamwa: Wazalendo basabye gushyirwa muri Guverirnoma
17 September 2025, by ISIMBI EstellaUbutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwadabagije ihuriro ry’imitwe ya Wazalendo, burigira nk’ishami ry’igisirikare cy’igihugu nyuma yo kuryinjiza mu mutwe w’Inkeragutabara, bukariha ibikoresho, ibiribwa n’umushahara.
-
Muri Congo hari abarimu biyemeje kudasoza igihembwe nibadahembwa ibirarane bafitiwe birimo iby’umwaka ushize
14 March, by ISHIMWE Jean de DieuAbarimu bo muri Teritwari ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu ya Ruguru, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, batangaje ko batazarangiza igihembwe cya kabiri, igihe baba batishuwe uduhimbazamusyi twabo two kuva muri Ugushyingo (11) umwaka ushize, ndetse n’umushahara w’ukwezi gushize.
-
Perezida Magufuli yashimye Kagame ku ntsinzi yagize, amwizeza umubano utajegajega
6 August 2017, by Iyamuremye JanvierDr John Pombe Magufuli uyoboye igihugu cya Tanzania, yishimiye intsinzi ya Perezida Kagame Paul yegukanye ku wa 03 na 04 Kanama 2017, amwizeza umubano utajegajega hagati y’ibihugu byombi.
Imibare y’ amateganyo y’ ibyavuye mu matora ya Perezida w’ u Rwanda iragaragaza ko Paul Kagame ariwe watsinze amatora n’ amajwi 98, 63%, agakurikirwa na Mpayimana Philippe ufite 0,73 nawe agakurikirwa na Dr Frank Habineza wagize 0,47%
Mu butumwa umukuru w’Igihugu cya Tanzaniya, , Perezida Dr John Pombe (…) -
Kenya: Hateganyijwe icyorezo gishya gishobora guterwa n’imvura nyinshi ikomeje kuhagwa
5 April, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu gishinzwe Iteganyagihe muri Kenya, KMD, cyatangaje ko iki gihugu gishobora kwadukamo icyorezo gishya gifitanye isano n’indwara ya Malaria mu bice bitandukanye byacyo bitewe n’imvura nyinshi ikomeje kuhagwa.
-
Umushyitsi wa Museveni yakuruye umwuka mubi hagati ya Uganda na Sudani
23 February, by ISIMBI EstellaSudani yatangaje ko kuba Uganda iherutse kwakira Mohamed Hamdan Dagalo, Umuyobozi w’Umutwe wa Rapid Support Forces (RSF) uri mu ntambara n’ingabo z’iki gihugu, ari igitutsi ku burenganzira bwa muntu n’Abanya-Sudani.
-
Trump yashyizeho umusoro wa 50% ku byuma bya Aluminium
31 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko agiye kongera umusoro ukagera kuri 50% ku byuma bya aluminium byinjizwa mu gihugu cye.
-
"Kudahamagara Muhadjiri na Mugisha ba Police FC n’igihe kitaragera" Umutoza Torsten
24 October 2024, by Joseph IradukundaUmutoza w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Frank Torsten Spittler yatangaje ko kudahamagara Hakizimana Muhadjiri atari ikindi kibazo bafitanye ahubwo ko igihe cye na we kizagera, naho kuri Mugisha Didier akaba ari uko yahinduriwe umwanya mu ikipe ye ya Police FC.
-
Abasenateri basabye Guverinoma gusubiramo itegurwa n’ishyirwa mu bikorwa ry’imihigo
25 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuInteko Rusange ya Sena yagaragaje imbogamizi zikizitiye ishyirwa mu bikorwa rya gahunda yo gukorera ku mihigo zituma ikomeza kudindira ndetse igatanga umusaruro udakwiriye mu guteza imbere abaturage.
-
Qantas yaciwe akayabo kubera kwirukana abakozi mu buryo bunyuranyije n’amategeko
18 August 2025, by ISIMBI EstellaIkigo gikora ubwikorezi bwo mu kirere cyo muri Australie, Qantas, cyaciwe miliyoni 90$ kubera ko mu bihe bya Covid-19, cyirukanye abakozi bagera kuri 1,800 mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
Umuryango.rw
Musanze: Yarohamye atwaye ubwato mu kiyaga cya Ruhondo arapfa
Bashaka Ngenda nyuma ya Butamwa: Wazalendo basabye gushyirwa muri Guverirnoma
Muri Congo hari abarimu biyemeje kudasoza igihembwe nibadahembwa ibirarane bafitiwe birimo iby’umwaka ushize
Kenya: Hateganyijwe icyorezo gishya gishobora guterwa n’imvura nyinshi ikomeje kuhagwa
Umushyitsi wa Museveni yakuruye umwuka mubi hagati ya Uganda na Sudani
Trump yashyizeho umusoro wa 50% ku byuma bya Aluminium
"Kudahamagara Muhadjiri na Mugisha ba Police FC n’igihe kitaragera" Umutoza Torsten
Abasenateri basabye Guverinoma gusubiramo itegurwa n’ishyirwa mu bikorwa ry’imihigo
Qantas yaciwe akayabo kubera kwirukana abakozi mu buryo bunyuranyije n’amategeko