Melinda Gates umaze imyaka ine ahanye gatanya n’umunyemari Bill Gates, yahishuye ko yababajwe cyane nayo ndetse ko nta muryango yifuriza kunyura muri ibi bihe bikomeye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Melinda Gates yababajwe na gatanya yatse Bill Gates
19 March 2025, by Joseph Iradukunda -
Ikiganiro Mpaka Cya Mbere Gihuje Harris na Trump
11 September 2024, by Joseph IradukundaAbakandida prezida Kamala Harris w’Umudemokrate na Donald Trump w’Umurepubulikani bahuriye mu kiganiro mpaka aho buri wese yagerageje kugaragariza abanyamerika icyo bazabakorera baramutse batowe.
-
Shampiyona y’ikiciro cya mbere muri Tanzania yahagaze
2 January 2025, by Joseph IradukundaBitewe n’irushanwa rya Mapinduzi ririmo ikipe y’Igihugu ya Tanzania, shampiyona y’Icyiciro cya mbere muri iki gihugu (NBC Premier League), yabaye ihagaze kugira ngo ikipe y’Igihugu ibashe kwitegura neza.
-
Trump yibasiye itangazamakuru kubera gitero cyagabwe muri Iran
27 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yarakajwe cyane n’inkuru zatangajwe n’ikinyamakuru CNN na The New York Times byo muri icyo gihugu zivuga ko igitero Amerika yagabye muri Iran kitangije ibintu byinshi ndetse asaba ko ayo makuru avuguruzwa.
-
Peru: 13 bari barashimutiwe mu kirombe cy’amabuye y’agaciro babonetse bapfuye
5 May 2025, by Angeline MUKANGENZIAbantu 13 bo muri Peru bari barashimutiwe mu kirombe cy’amabuye y’agaciro cya sosiyete ikora ubucukuzi ya Peruviya Poderosa, ikorera mu gace ka Pataz,mu Majyaruguru y’Umujyi wa Lima babonetse bapfiriye aho bakoreraga nkuko byatangajwe n’ubuyobozi.
-
Gatanya ya Jose Chameleone n’umugore we Daniella - Urubanza rurimo kugarukwaho cyane
29 August 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko i Kampala muri Uganda rwimuriye mu kwezi gutaha kwa Nzeri urubanza rwa gatanya hagati y’umuhanzi w’icyamamare Jose Chameleone n’umugore we Daniella Atim kubera ibyo bombi batarimo kumvikanaho mu biburanwa.
-
AFC/M23 yashyize Umujyi wa Uvira mu maboko y’umuryango mpuzamahanga
16 January, by Angeline MUKANGENZIIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ryashyize Umujyi wa Uvira mu maboko y’umuryango mpuzamahanga, riwusaba kubungabunga umutekano w’abawutuye.
-
Ibiro bya perezida wa America byahakanye ibyo guhagarika Elon Musk ku mirimo ashinzwe
3 April 2025, by Angeline MUKANGENZIIbiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika byahakanye amakuru avuga ko umuherwe Elon Musk azahagarikwa vuba ku mirimo yihariye yahawe na Donald Trump.
-
Ukraine irikuburanisha ingabo zayo zikomeje guhunga urugamba ku bwinshi
9 September 2024, by Joseph IradukundaIngabo za Ukraine zirenga ibihumbi 19 zaburanishije n’urukiko rwa gisirikare muri icyo gihugu, aho zishinjwa guhunga urugamba hagati ya Mutarama na Mata uyu mwaka.
-
Yanga SC yitegura Rayon Sports yabonye umutoza mushya
24 July 2025, by ISIMBI EstellaYanga SC iri guteganya gukina na Rayon Sports FC mu mukino wa gicuti, yabonye umutoza mushya, Romain Folz, wahawe akazi nyuma y’uko iyi kipe yo muri Tanzania itandukanye na Miloud Hamdi.
Umuryango.rw
Melinda Gates yababajwe na gatanya yatse Bill Gates
Ikiganiro Mpaka Cya Mbere Gihuje Harris na Trump
Shampiyona y’ikiciro cya mbere muri Tanzania yahagaze
Trump yibasiye itangazamakuru kubera gitero cyagabwe muri Iran
Peru: 13 bari barashimutiwe mu kirombe cy’amabuye y’agaciro babonetse bapfuye
Gatanya ya Jose Chameleone n’umugore we Daniella - Urubanza rurimo kugarukwaho cyane
AFC/M23 yashyize Umujyi wa Uvira mu maboko y’umuryango mpuzamahanga
Ibiro bya perezida wa America byahakanye ibyo guhagarika Elon Musk ku mirimo ashinzwe
Ukraine irikuburanisha ingabo zayo zikomeje guhunga urugamba ku bwinshi
Yanga SC yitegura Rayon Sports yabonye umutoza mushya