Abarozi b’amafi bibumbiye muri Koperative y’Ifi ya Gikeri (KOFIGI) mu Karere ka Muhanga mu Murenge wa Mushishiro, bavuga ko bafite ikibazo cy’ibiryo bihenze kandi bituruka kure, mu Ntara y’Iburasirazuba, bakaba bakeneye ko ubuyobozi bubakoreraho ubuvugizi bikaba byaboneka hafi kandi ku giciro gito.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Muhanga: Aborozi bahendwa n’ibiryo by’amafi bagura Iburasirazuba
25 September 2025, by ISIMBI Estella -
Uganda: Abarimu 20 batawe muri yombi bazira kwigisha mbere y’itangira ry’amashuri
1 February, by ISIMBI EstellaAbarimu 20 hamwe n’abayobozi b’amashuri batatu batawe muri yombi mu Karere ka Jinja, nyuma yo gufatwa bigisha abanyeshuri mbere y’itangira ry’amashuri.
-
Nyampinga w’u Bufaransa 2000 yaje kwerekana umukunzi mu Rwanda
21 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwitonze Sonia Rolland, Umunyarwandakazi wabaye Nyampinga w’u Bufaransa mu 2000, yerekanye umukunzi we Guillaume Gabriel bateganya kurushingana mu Ugushyingo 2025.
-
Uko ifatwa rya Uvira ryari ryavanye u Burundi mu ntambara yo muri Congo
6 April, by Angeline MUKANGENZIIfatwa ry’umujyi wa Uvira ku itariki ya 10 Ukuboza 2025, ufatwa n’abarwanyi ba AFC/M23 ryahise rivana mu ntambara Ingabo z’u Burundi zoherejwe gufasha Ingabo za Congo, bituma hahita haba impinduka zikomeye za gisirikare muri ayo makimbirane, nk’uko raporo yashyizwe ahagaragara muri Mata 2026 n’Itsinda ry’Ubushakashatsi kuri Congo (CRG) n’Ikigo cy’Ubufatanye Mpuzamahanga (CIC) muri Kaminuza ya New York.
-
U Burayi bwugarijwe n’ubushyuhe bukabije
30 June 2025, by ISIMBI EstellaIbihugu byinshi byo ku Mugabane w’u Burayi byugarijwe n’ubushyuhe bukabije ku buryo byashyizeho ingamba zo kuburira abaturage babyo, cyane ko ubushyuhe bwarenze dogere Celcius 40.
-
Fatakumavuta yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
6 November 2024, by Joseph IradukundaUrukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategete ko Sengabo Jean Bosco wamenyekanye nka Fatakumavuta afungwa iminsi 30 y’agateganyo.
-
Minisitiri w’Ubuzima yahishuye impamvu nyamukuru yatumye ingamba zo kwirinda Covid-19 mu mujyi wa Kigali zakajijwe
20 December 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima Dr.Ngamije Daniel yatangaje ko imibare igaragaza ko kuri ubu mu mujyi wa Kigali, nibura mu bipimo ibihumbi 100 bya COVID-19 bifatwa, habonekamo abantu 46 banduye, bavuye ku bantu batanu (5) mu bihumbi 100 babonekaga mu gihe cy’ibyumweru bitatu bishize gusa.
Mu kiganiro yahaye RBA kibandaga ku ngamba zafashwe na Guverinoma mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira rya Covid-19,Minisitiri Ngamije yavuze ko ubwandu bw’iki cyorezo bwongeye kwiyongera kubera ko abantu (…) -
Perezida Kagame yaburiye abayobozi batanga serivisi zitanoze
6 October 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yongeye gusaba abayobozi b’ inzego z’ ibanze kurushaho gutanga serivisi zinoze ababurira ko atakomeza kubibasaba ahubwo hari igihe kizagera akisaba icyo akwiriye gukora.
Ubutumwa Perezida Kagame yabutanze kuri uyu wa Gatanu tariki 6 Ukwakira 2017, ubwo hatangazwaga uko uturere twarushanyijwe kwesa imihigo ya 2016/17. Abayobozi bakongera gusinyana n’ umukuru y’ imihugu imihigo ya 2016/2017.
Perezida Kagame yashimiye uturere twaje imbere mu kwesa imihigo, (…) -
Indege zo muri Sudani zakumiriwe muri UAE
8 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) yakumiriye ku bibuga byayo indege za sosiyete z’ubwikorezi bwo mu kirere zo muri Sudani.
-
NEC yasubitse amatora yo gushaka Meya mushya wa Rubavu
1 August 2023, by Dusingizimana RemyKomisiyo y’Igihugu y’amatora [NEC],yasubitse amatora yo kuzuza Inama Njyanama na Komite Nyobozi y’Akarere ka Rubavu yari ateganyijwe hagati muri uku kwezi kwa Kanama 2023.
Itangazo iyi komisiyo yashyize hanze kuri uyu wa 1 Kanama 2023,rivuga ko aya matora atakibaye kuwa 11 Kanama 2023 nkuko byari biteganyijwe.
Aya matora yari agamije gushyiraho Meya mushya wa Rubavu usimbura Kambogo Ildephonse wegujwe azize kunanirwa gukemura ibibazo byatewe n’ibiza.
Ibikorwa byo gutegura aya matora (…)
Umuryango.rw
Muhanga: Aborozi bahendwa n’ibiryo by’amafi bagura Iburasirazuba
Uganda: Abarimu 20 batawe muri yombi bazira kwigisha mbere y’itangira ry’amashuri
Nyampinga w’u Bufaransa 2000 yaje kwerekana umukunzi mu Rwanda
Uko ifatwa rya Uvira ryari ryavanye u Burundi mu ntambara yo muri Congo
U Burayi bwugarijwe n’ubushyuhe bukabije
Fatakumavuta yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
Minisitiri w’Ubuzima yahishuye impamvu nyamukuru yatumye ingamba zo kwirinda Covid-19 mu mujyi wa Kigali zakajijwe
Indege zo muri Sudani zakumiriwe muri UAE
NEC yasubitse amatora yo gushaka Meya mushya wa Rubavu