Uwahoze ari umuyobozi mukuru wa Google afite impungenge ko ubwenge bw’ubukorano cyangwa Artificial Intelligence bushobora gukoreshwa n’iterabwoba cyangwa “ibihugu bitubahiriza amategeko” mu “kugirira nabi inzirakarengane.”
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uwahoze ayobora Google yagaragaje impungenge ko AI ishobora gukoreshwa mu iterabwoba
13 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Rulindo: Ruracyageretse hagati ya Meya w’Akarere n’uwari Gitifu nyuma y’iminsi ibiri asubijwe mu kazi
12 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’iminsi ibiri Ndagijimana Froduard wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mbogo asubijwe mu kazi, akagirwa umujyanama wa Meya w’Akarere ka Rulindo yahise yandikirwa ibaruwa imwaka ibisobanuro ku byabaye ubwo yari akiyobora uyu murenge.
-
U Rwanda rwareze u Bwongereza rusaba indishyi ku masezerano atarubahirijwe
27 January, by ISIMBI EstellaU Rwanda rwatangaje ko rwareze u Bwongereza rusaba indishyi zirenga miliyoni 50 z’amapawundi (£50m), nyuma y’uko Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Sir Keir Starmer, ahagaritse amasezerano y’abimukira yari yarashyizweho hagati y’ibihugu byombi ku butegetsi bw’ishyaka ry’Aba-Conservateurs.
-
Zelensky yamaganye gahunda yo guhura kwa Trump na Putin
9 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yamaganye ibiganiro by’imbonankubone bizahuza Donald Trump na mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin bijyanye no guhagarika intambara iri kubera mu gihugu ayoboye.
-
Erik Ten Hag ntakiri umutoza wa Manchetser United yamaze kumusezerera
28 October 2024, by Joseph IradukundaIkipe ya Manchester United yatangaje ko yatandukanye n’Umuholandi Erik ten Hag wari Umutoza Mukuru wayo kubera umusaruro mubi yagaragaje mu ntagiriro z’uyu mwaka w’imikino.
-
Inyeshyamba za RSF zarashe indege y’Igisirikare cya Sudani
4 April 2025, by Angeline MUKANGENZIInyeshyamba za Rapid Support Forces (RSF) zavuze ku wa Kane ko zarashe indege ya gisirikare ya Sudani hafi ya El Fasher, umurwa mukuru wa Leta ya Darfur y’Amajyaruguru, bica abari barimo.
-
Athens: Gen. Muganga yaganiriye n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Bugereki
8 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), General Mubarakh Muganga, kuwa Kabiri, itariki ya 6 Gicurasi, yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu mu Bugereki, aho yitabiriye imurikagurisha mpuzamahanga mu by’umutekano n’ubwirinzi, DEFEA-25, imurikagurisha rya gisirikare ribera muri Athens.
-
Donald Trump yambuye Antony Blinken uburenganzira bwo kwinjira mu nyubako nyinshi za Leta
9 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Donald Trump yambuye Antony Blinken wahoze ari Umunyabanga wa Leta ushinzwe Ububanyi n’Amahanga muri Amerika, uburenganzira bwo kwinjira mu nyubako zitandukanye za Leta zirimo inkiko, gereza n’inzego z’umutekano.
-
Kazungu Denis agiye kujuririra igihano cy’igifungo cya burundu yakatiwe kubera kwica abiganjemo abagore
19 March 2025, by Joseph IradukundaKazungu Denis wahamwe n’icyaha cyo kwica yabigambiriye abasaga 10, yiteguye gusubira mu rukiko kujuririra igihano cy’igifungo cya burundu yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge muri Werurwe 2024.
-
Kicukiro: Bamwe mu barokotse Jenoside batishoboye basaniwe amacumbi
11 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuryango uharanira inyungu z’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, IBUKA, mu Murenge wa Kigarama mu Karere ka Kicukiro urashima ko hari imiryango itishoboye yarokotse Jenoside yasaniwe inzu undi muryango ukabikirwa inzu iherewe hasi.
Umuryango.rw
Uwahoze ayobora Google yagaragaje impungenge ko AI ishobora gukoreshwa mu iterabwoba
Rulindo: Ruracyageretse hagati ya Meya w’Akarere n’uwari Gitifu nyuma y’iminsi ibiri asubijwe mu kazi
U Rwanda rwareze u Bwongereza rusaba indishyi ku masezerano atarubahirijwe
Zelensky yamaganye gahunda yo guhura kwa Trump na Putin
Erik Ten Hag ntakiri umutoza wa Manchetser United yamaze kumusezerera
Inyeshyamba za RSF zarashe indege y’Igisirikare cya Sudani
Athens: Gen. Muganga yaganiriye n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Bugereki
Donald Trump yambuye Antony Blinken uburenganzira bwo kwinjira mu nyubako nyinshi za Leta
Kazungu Denis agiye kujuririra igihano cy’igifungo cya burundu yakatiwe kubera kwica abiganjemo abagore
Kicukiro: Bamwe mu barokotse Jenoside batishoboye basaniwe amacumbi