The Ben yagarutse ku mubano wihariye afitanye na Tom Close, anahishura bwa mbere ko yamutabaye mu gicuku mama we arembye, akajya kumwitaho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
The Ben yahishuye ikintu gikomeye Tom Close yamukoreye
2 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Espagne: Yatangiye icyunamo cy’iminsi itatu mu guha icyubahiro abahitanwe n’umwuzure
1 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmwuzure wibasiye Espagne ugahitana ubuzima bw’abantu 158 abandi bakaburirwa irengero, watumye iki gihugu gishyiraho icyunamo cy’iminsi itatu mu rwego rwo guha icyubahiro abahasize ubuzima.
-
Khaby Lame ukurikirwa cyane ku Isi kuri TikTok yirukanywe muri Amerika
9 June 2025, by ISIMBI EstellaUmunya-Senegal ufite ubwenegihugu bw’ubutaliyani akaba ari nawe muntu wa mbere ukurikirwa n’abantu benshi ku rubuga rwa TikTok, yirukanywe muri Amerika nyuma yo gukora amakosa ajyanye n’amategeko y’abinjira n’abasohoka.
-
Yago yaciye amarenga yo gutandukana n’umukobwa baherutse kubyarana
25 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi Yago Pon Dat yagaragaje ko we n’uwari umukunzi we, Teta Christa, baherutse kubyarana umwana w’umuhungu, bashobora kuba baramaze gutandukanya, buri umwe agatangira ubuzima bwe.
-
Ihenda ry’ibirayi ryageze no ku isoko yabyo aho ikilo kiri kugura 800 FRW
19 September 2024, by Joseph IradukundaHirya no hino mu masoko yo mu Karere ka Musanze, haragaragara impinduka ku giciro cy’ibirayi, aho byazamutse mu buryo butunguranye ikilo kigera ku mafaranga 800, aho bikomeje kwibazwaho na benshi barimo abacuruzi babyo n’abaguzi.
-
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zibutse Jenoside yakorewe Abatutsi
8 April 2025, by Angeline MUKANGENZIIngabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwa Loni bwo kugarura amahoro muri Sudani y’Epfo no muri Repubulika ya Centrafrique, zifatanyije n’u Rwanda mu kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Umwanditsi w’ibitabo Ngũgĩ wa Thiong’o yapfuye
29 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmwanditsi w’Ibitabo ukomoka muri Kenya akaba n’umwe mu bagize uruhare rukomeye mu guteza imbere ubuvanganzo bwa Afurika , Ngũgĩ wa Thiong’o , yitabye Imana ku myaka 87 nkuko byemejwe n’umuryango we.
-
APR FC izakina na Power Dynamos ku ’Munsi w’Igitinyiro’
2 August 2025, by ISIMBI EstellaIkipe ya APR FC yatangaje ko izakina umukino wa gicuti na Power Dynamos yo muri Zambia, ku Munsi w’Igitinyiro uteganyijwe tariki 17 Kanama 2025.
-
Trump yakuriye Zelensky inzira ku murima
24 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yibasiye Volodymyr Zelensky wavuze ko Ukraine itazemera guhara ibice yambuwe n’u Burusiya birimo Crimea.
-
Trump yifuza ibiganiro na Xi-Jinping w’u Bushinwa
22 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, yahagaritse inzira za diplomasi n’u Bushinwa, kugira ngo u Bushinwa buzabanze busabe inzira y’ibiganiro bigamije guhosha intambara y’ubucuruzi iri hagati y’ibihugu byombi.
Umuryango.rw
The Ben yahishuye ikintu gikomeye Tom Close yamukoreye
Espagne: Yatangiye icyunamo cy’iminsi itatu mu guha icyubahiro abahitanwe n’umwuzure
Khaby Lame ukurikirwa cyane ku Isi kuri TikTok yirukanywe muri Amerika
Yago yaciye amarenga yo gutandukana n’umukobwa baherutse kubyarana
Ihenda ry’ibirayi ryageze no ku isoko yabyo aho ikilo kiri kugura 800 FRW
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zibutse Jenoside yakorewe Abatutsi
Umwanditsi w’ibitabo Ngũgĩ wa Thiong’o yapfuye
APR FC izakina na Power Dynamos ku ’Munsi w’Igitinyiro’
Trump yakuriye Zelensky inzira ku murima
Trump yifuza ibiganiro na Xi-Jinping w’u Bushinwa