Taliki 4/2/2019 Umuryango wagiranye ikiganiro kihariye na Nyampinga w’u Rwanda 2019 Miss Nimwiza Meghan kibanda kuri bimwe mu bibazo bijyanye n’umushinga we yamuritse igihe yiyamamazaga, ubuzima bwe bwite, amateka yari asanzwe afite ku iri rushanwa yatsinze n’ibindi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nyuma y’iminsi 10 Miss Rwanda 2019 Nimwiza Meghan atowe twamusuye: ni nde mu bamubanjirije akunda cyane, umushinga we yarawutangiye? Byinshi mu kiganiro twagiranye (Video)
5 February 2019, by Ubwanditsi -
UEFA Europa League: Manchester United na Tottenham Hotspur zageze ku mukino wa nyuma
9 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuManchester United yageze ku mukino wa nyuma wa Europa League itsinze Athletic Club ibitego 4-1, iyisezerera ku giteranyo cy’ibitego 7-1 mu mikino ibiri, ikazahura na Tottenham yatsinze Bodoe/Glimt ibitego 2-0, ikayisezerera ku giteranyo cy’ibitego 5-1.
-
Umusore w’i Nyamasheke ukekwaho uburwayi bwo mu mutwe yishe se
10 September 2025, by ISIMBI EstellaNikuze Félicien wo mu Karere ka Nyamasheke ufite imyaka 37 yatawe muri yombi, akurikiranyweho kwica se witwa Nsengimuremyi Edouard, amutemesheje umupanga mu mutwe amuziza kutamuha umunani.
-
Rayon Sports yasinyishije umukinnyi wa mbere mushya
7 June 2025, by ISIMBI EstellaKuri uyu wa Gatandatu , Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yasinyishije Umurundi Musore Prince Michel nk’umukinnyi wayo mushya.
-
Gen Muhoozi yasabye RDC kweguza Guverineri wa Ituri
10 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’ingabo za Uganda akaba n’umujyanama wa Perezida Yoweri Museveni mu bikorwa bya gisirikare byihariye, Gen Muhoozi Kainerugaba, yasabye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kweguza Guverineri wa Ituri.
-
Perezida Paul Kagame yavuze ko RIB yateye intambwe igaragara mu kugenza ibyaha
28 March 2025, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa 28 werurwe 2025 muri Village Urugwiro perezida wa Repubulika y’ u Rwanda Paul Kagame yakiriye indahiro y’umunyamabanga mukuru w’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB,Col Pacifique Kabagamba Kabanda.
-
Rodríguez wasimbuye Maduro yaba ari mu mazi abira?
4 March, by Angeline MUKANGENZIMu buryo bw’ibanga rikomeye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ziri gutegura ibirego kuri Perezida w’agategenyo wa Venezuela, Delcy Rodríguez nk’uburyo bwo kongera igitutu ku b’i Caracas, kugira ngo Amerika ibone uko iganira na bo mu buryo buyungura.
-
Abatuye Gaza bakomeje guhunga ku bwinshi nyuma yuko Israel yatangije ikimeze nk’imperuka yabo!
21 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbaturage b’abanya-Palestine batuye muri Gaza barimo guhunga urusaku rw’ibisasu bikomeye nyuma y’uko ingabo za Israel zitangiye icyiciro cya mbere cy’igitero karundura cyo ku butaka cyari kimaze igihe gitegurwa.
-
Bitunguranye Rayon sports yahagaritse umwe mubazamu bayo
5 May 2023, by Rebecca UFITAMAHOROUmunyezamu w’ikipe ya Rayon Sports yahagatswe nyuma y’uko agaragaje imyitwarire idahwitse bakina na Police FC mu mikino ya 1/4 y’igikombe cy’Amahoro.
Iyi kipe yambara ubururu n’umweru ya Rayon Sports, yafashe umwanzuro wo guhagarika umunyezamu wayo wa 2 Hategekimana Bonheur wagaragaye atongana n’abakinnyi bagenzi be kuwa 3 w’iki cyumweru batsinda Police FC ibitego 3-2.
Uyu mukinnyi yagaragaye ashyamirana n’abakinnyi bagenzi be bakina inyuma avuga ko bari kumutsindisha. Yabwiye nabi cyane (…) -
U Bufaransa bwamaganiye kure Israel ibushinja guhembera urwango
23 May 2025, by Angeline MUKANGENZILeta y’u Bufaransa yateye utwatsi ibyatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Israel, Gideon Saar, wavuze ko ibihugu by’i Burayi biri kwenyegeza urwango ndetse n’ubugizi bwa nabi ku gihugu cye.
Umuryango.rw
UEFA Europa League: Manchester United na Tottenham Hotspur zageze ku mukino wa nyuma
Umusore w’i Nyamasheke ukekwaho uburwayi bwo mu mutwe yishe se
Rayon Sports yasinyishije umukinnyi wa mbere mushya
Gen Muhoozi yasabye RDC kweguza Guverineri wa Ituri
Perezida Paul Kagame yavuze ko RIB yateye intambwe igaragara mu kugenza ibyaha
Rodríguez wasimbuye Maduro yaba ari mu mazi abira?
Abatuye Gaza bakomeje guhunga ku bwinshi nyuma yuko Israel yatangije ikimeze nk’imperuka yabo!
Bitunguranye Rayon sports yahagaritse umwe mubazamu bayo
U Bufaransa bwamaganiye kure Israel ibushinja guhembera urwango