Umusore w’imyaka 26 wo mu Karere ka Gatsibo mu Murenge wa Remera, yimanitse mu mugozi arapfa, bikekwa ko byatewe no gufuhira umukobwa bakundanaga kuko yari amaze iminsi amwambuye telefone ye, ariwe ugenzura abamuhamagara n’abamwandikira.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Gatsibo: Umusore w’imyaka 26 yimanitse mu mugozi, hakekwa gufuhira umukobwa bakundanaga
10 July 2025, by ISIMBI Estella -
Abasirikare ba Ukraine batorotse ikigo cy’imyitozo mu Bufaransa
7 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbasirikare mu ngabo zidasanzwe ba Ukraine, batorotse ikigo cy’imyotozo ya gisirikare mu Bufaransa, byongera kuba ikimenyetso cy’uburyo Ukraine ikomeje kugorwa no kubona abasirikare bashoboye.
-
Perezida Doumbouya wa Guinea yahishuye icyo yigiye ku Rwanda
19 April 2023, by Dusingizimana RemyPerezida w’inzibacyuho wa Guinea yavuze ko yifuza kwigira k’urugero rw’u Rwanda ubwo yari kumwe na Perezida Paul Kagame, umwe mu bakuru b’ibihugu ba mbere bo muri Afurika basuye iki gihugu nyuma yo gufata ubutegetsi mu 2021.
Perezidansi ya Gineya yagize iti: "Kuva muri jenoside [yakorewe Abatutsi] mu 1994 kugeza igihugu cyunze ubumwe, u Rwanda rwashoboye gukira, kwiyumva no kwiyubaka mbere yo kuba intangarugero muri Afurika. Niyo mpamvu u Rwanda rwabereye urugero Perezida Koloneli Mamadi (…) -
Umugangakazi wo mu Burusiya wanenze intambara yo muri Ukraine yakatiwe imyaka 5 y’igifungo
13 November 2024, by Joseph IradukundaDr Nadezhda Buyanova, umugangakazi w’abana wo mu Burusiya, yatawe muri yombi nyuma y’uko nyina w’umwe mu barwayi be afashe amashusho yinubira ko Buyanova yanenze intambara y’u Burusiya muri Ukraine.
-
Abayobozi b’amakipe baduhe amakuru - Dr. Murangira ku byaha bihishirwa muri siporo
9 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry, yagaragaje ko ibyaha biri muri siporo bitizwa umurindi no kuba abayirimo badatanga amakuru ndetse yifuza ko abayobozi b’amakipe babihagurukira.
-
Abagororwa batatu barashwe barapfa ubwo bageragezaga gutoroka gereza ya Mageragere
13 September 2019, by Dusingizimana RemyKu gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu,taliki ya 13 Nzeri 2019, abagororwa 3 bari bafungiwe i Mageragere barasiwe hanze yayo barapfa ubwo bari bashatse gutoroka,abarinzi babahagarika bakanga ahubwo bakagerageza kwiruka.
-
Dore abahanzi 10 bazwi mu muziki nyarwanda bize ku ishuri ry’umuziki ku Nyundo.
31 March 2025, by ISIMBI EstellaMu 2014 nibwo Leta y’u Rwanda yatangije ishuri ry’ubumenyingiro ry’ibijyanye na muzika, iri shuri ryatangiye nk’ayandi mashuri yose ndetse ku ikubitiro ryari rifite abanyeshuri 30 bonyine. Iri ni ishuri ryigisha amasomo atandukanye arimo gucuranga Piano, kuvuza ingoma, gucuranga ubwoko butandukanye bwa guitar, kugorora amajwi bakaririmba, uko umuhanzi yitwara ku rubyiniro, gushyira amanota mu muziki, Injyana gakondo, kuririmbira muri korali, kwandika indirimbo, indimi nk’Igifaransa, (…)
-
U Rwanda rwatangajwe n’amagambo yavuzwe na Perezida Ndayishimiye
25 March 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo,u Rwanda rwatangajwe n’imvugo ya Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, wavuze ko u Rwanda rushaka gutera u Burundi runyuze muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bityo ko n’u Burundi Kigali itari kure yabwo bunyuze mu Kirundo.
-
SOBANUKIRWA BYINSHI KU BUZIMA BW’UMUKOBWA WAMAMAYE MU MASHUSHO Y’INDIRIMBO TARIHINDA YA CECILE KAYIREBWA.
6 February 2025, by ISIMBI EstellaNi ishusho abenshi bazi aho umukobwa w’inkumi yarimo abyinana n’umuhanzi w’icyamamare mu muziki nyarwanda ntawundi ni Cecile Kayirebwa mu ndirimbo ye yabaye ikimenyabose yitwa Tarihinda , amashusho yiyi ndirimbo yafashwe mu mwaka w’i 1998 ariko mu byukuri ushobora kuba utazi ngo uyu mukobwa ni muntu ki ? Ese amateka ye ni ayahe ? murakaza neza muriyi nkuru
-
I Nyanza, bicishije umuturage inkoni none Polisi iri kubahiga
10 February 2025, by Joseph IradukundaPolisi ikorera mu ntara y’Amajyepfo iratangaza ko iri gushakisha abantu bakekwaho gukubita umuntu bikamuviramo urupfu.
Umuryango.rw
Gatsibo: Umusore w’imyaka 26 yimanitse mu mugozi, hakekwa gufuhira umukobwa bakundanaga
Abasirikare ba Ukraine batorotse ikigo cy’imyitozo mu Bufaransa
Perezida Doumbouya wa Guinea yahishuye icyo yigiye ku Rwanda
Umugangakazi wo mu Burusiya wanenze intambara yo muri Ukraine yakatiwe imyaka 5 y’igifungo
Abayobozi b’amakipe baduhe amakuru - Dr. Murangira ku byaha bihishirwa muri siporo
Dore abahanzi 10 bazwi mu muziki nyarwanda bize ku ishuri ry’umuziki ku Nyundo.
U Rwanda rwatangajwe n’amagambo yavuzwe na Perezida Ndayishimiye
SOBANUKIRWA BYINSHI KU BUZIMA BW’UMUKOBWA WAMAMAYE MU MASHUSHO Y’INDIRIMBO TARIHINDA YA CECILE KAYIREBWA.
I Nyanza, bicishije umuturage inkoni none Polisi iri kubahiga