Leta zunze ubumwe z’ Amerika mu minsi mike ishize zagerageje indege y’ impigi F-35, iyi ndege umumaro wayo nk’ uko byatangajwe n’ ibinyamakuru birimo na revue National interest, bivuga ari uguhiga no gukurira bombe ballistic igisasu giherutse kugeragezwa na Koreya ya Ruguru bikemezwa ko gifite ubushobozi bwo kuraswa aho hose ku butaka bwa Leta zunze Ubumwe za Amerika.
Iri geragezwa ry’iyi ndege ryakozwe na Minisiteri y’ ingabo muri Leta z’ ubumwe z’ Amerika ndetse na sosiyete Northrop. (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amerika yagerageje indege yo gukurikira ya Bombe ya Koreya ya Ruguru
10 December 2017, by Nsanzimana Ernest -
M23 yashyizeho abayobozi muri Bunagana no mu bindi bice by’ingenzi igenzura
14 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’umutwe witwaje intwaro wa M23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko yashyizeho ubuyobozi bwo mu rwego rwa politiki mu bice by’ingenzi bitandukanye ugenzura.
-
Ruger yatangaje ko gukunda umuziki byatumaga yiba amafaranga iwabo akajya mu bitaramo
7 July 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi wo muri Nigeria Ruger, yatangaje ko yatangiye gukunda umuziki akiri muto, ku buryo yibaga amafaranga iwabo kugira ngo ajye mu bitaramo.
-
U Burusiya: Apple yajyanywe mu nkiko izira kwamamaza ubutinganyi
24 April 2025, by Angeline MUKANGENZISosiyete y’ikoranabuhanga ya Apple yajyanywe mu nkiko z’u Burusiya, ishinjwa kurenga ku mategeko abuza kwamamaza ku bana ibikorwa by’umubano ushingiye ku bitsina w’abantu bafite ibitsina bisa.
-
RIB yavuze ko kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi atari agahato ariko ko bikwiye kubahwa na buri wese
14 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yagaragaje ko kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ari inshingano za buri wese, kandi atari agahato ariko ko bigomba kubahwa na buri wese.
-
DJ Brianne ari mu byishimo by’uko RIB yamupimye ikamuburamo ibiyobyabwenge
21 January 2025, by Joseph IradukundaAmashimwe ni yose kuri DJ Brianne uhamya ko yasimbutse umunsi wari umukomereye nyuma yo guhamagazwa n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), uretse gukorwaho iperereza ku byaha binyuranye akanapimwa ibiyobyabwenge.
-
Kigali: Abagabo babiri bakurikiranyweho gucuruza urumogi
27 October 2025Polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali ifatanije n’izindi nzego ndetse n’abaturage yafashe abagabo babiri bakekwaho gucuruza urumogi mu baturage. Bafashwe biturutse ku makuru yatanzwe n’abaturage.
-
AFC/M23 yatangaje amazina n’umubare w’abahitanywe n’ibindi bitero byakoranywe ubugome ndengakamere
30 March, by Angeline MUKANGENZIIhuriro AFC/M23 ryatangaje ko ibitero byagabwe n’uruhande bahanganye mu gace ka Shanji muri Teritwari ya Kalehe muri Kivu y’Epfo, byahitanye abaturage b’inzirakarengane barindwi, rinatangaza amazina yabo yiganjemo ay’Abanyekongo bavuga Ikinyarwanda.
-
Miss Uganda yasobanuye uburyo yiswe Umunyarwandakazi
30 September 2025, by ISIMBI EstellaMuhoza Trivia Elle uherutse kwegukana Ikamba rya Miss Uganda yavuze ko mu gihe gito gishize, yahuye n’abantu benshi bakunze kumwita Umunyarwandakazi.
-
Uganda: Uwiyita umuvuzi yasanganywe ibihanga 24 by’abantu
29 August 2024, by Joseph IradukundaPolisi ya Uganda yabwiye BBC ko umugabo w’Umunya-Uganda bivugwa ko yasanganywe ibihanga 24 by’abantu ashobora kuba yabikoreshaga nk’ibitambo by’abantu ndetse ko ashobora gukatirwa igifungo cya burundu.
Umuryango.rw
M23 yashyizeho abayobozi muri Bunagana no mu bindi bice by’ingenzi igenzura
Ruger yatangaje ko gukunda umuziki byatumaga yiba amafaranga iwabo akajya mu bitaramo
U Burusiya: Apple yajyanywe mu nkiko izira kwamamaza ubutinganyi
RIB yavuze ko kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi atari agahato ariko ko bikwiye kubahwa na buri wese
DJ Brianne ari mu byishimo by’uko RIB yamupimye ikamuburamo ibiyobyabwenge
Kigali: Abagabo babiri bakurikiranyweho gucuruza urumogi
Miss Uganda yasobanuye uburyo yiswe Umunyarwandakazi
Uganda: Uwiyita umuvuzi yasanganywe ibihanga 24 by’abantu