Muri Gabon, abaturage bitabiriye amatora ya Referendum ku guhindura itegeko nshinga batoye ‘Yego’ ku kigero cya 91.8% bemeza ko batoye itegeko rishya ryanditswe ku butegetsi bwa gisirikare buhagarariwe na General Brice Oligui Nguema.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Gabon: 91,8% batoye guhindura Itegeko Nshinga
18 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Amafunguro umwana akwiriye kugaburirwa nijoro
10 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuGutegurira umwana amafunguro meza nijoro ni ingenzi mu mikurire ye no kugira ibitotsi byiza. Nyuma y’umunsi afite umunaniro aba yatewe n’ibikorwa byinshi, bityo umubiri we ukaba ukeneye kuruhuka.
-
Inganda eshatu z’amazi zahagaritse imirimo by’agateganyo kubera imvura nyinshi
19 August 2025, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura, WASAC Group, cyatangaje ko kubera imvura nyinshi yaguye ikanduza imigezi itandukanye mu mpera z’icyumweru gishize, inganda z’amazi eshatu zahagaritse imirimo yo kuyatanga by’agateganyo.
-
Imirwano hagati ya FARDC na M23 i Masisi yaba yageze i Kalehe muri Kivu y’Amajyepfo
20 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIbintu byakomeje kuba urujijo kandi bihindagurika kuri iki Cyumweru, itariki ya 19 Mutarama 2025, muri Teritwari za Masisi (Kivu y’Amajyaruguru) na Kalehe (Kivu y’Amajyepfo).
-
N’abo bagize urugendo rwanjye -Zeo Trap ku mpamvu yiyambaje Kavu Music gusa kuri EP ye
26 March, by ISHIMWE Jean de DieuUmuraperi Zeo Trap uri mu bahanzi bakomeje kwiyubaka mu njyana ya Hip Hop mu Rwanda, yasobanuye ko EP ye nshya yise ‘Story Yose’ ari igihangano gishingiye ku rugendo rwe bwite mu muziki, aho yahisemo gukorana n’abo babanye mu itsinda rya Kavu Music kubera uruhare rukomeye bagize mu iterambere rye.
-
Israel yategetse abadipolomate bayo muri UAE guhunga ibitero
1 August 2025, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Israel yategetse abadipolomate n’imiryango yabo kuva byihuse muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu kubera ibitero bya Hamas, Iran na Hezbollah bishobora kubagabwaho.
-
Nyamagabe:Gitifu yashyize akagari muri Guma mu rugo yamaganwa n’akarere
4 August 2021, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gatare wo mu karere ka Nyamagabe witwa Ndagijimana Gustave,yafashe icyemezo cyo gushyira Abaturage b’Akagari ka Gatare muri Guma mu rugo,kubera ubwiyongere bwa Covid-19 muri ako gace.
-
Buri Munyarwanda muri batanu bafungiwe muri Niger ahabwa arenga miliyoni 14 Frw ku mwaka
30 September 2025, by ISIMBI EstellaUrwego mpuzamahanga rwashyiriweho gukora imirimo y’insigarira y’inkiko mpanabyaha (IRMCT) ruha buri Munyarwanda muri batanu bafungiwe by’agateganyo muri Niger ibihumbi 10 by’Amadolari (miliyoni 14,5 Frw) yo kumutunga buri mwaka.
-
U Budage: Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bagarukiye u Burusiya kubera ibikomo kuri peteroli
31 March, by Angeline MUKANGENZIIshyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi mu Budage rya AFD [Altenative for Germany] ryatangaje ko kubera izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli muri iki gihugu, hakwiriye kongera kubyutsa umubano n’u Burusiya kugira ngo bajye babasha kubibona mu buryo butagoye.
-
Nyamagabe: Ubuyobozi buhaye igisubizo abatuye mu cyaro ku cyifuzo bari babugejejeho ku imurikabikorwa
24 February, by ISHIMWE Jean de DieuBamwe mu baturage batuye mu bice by’icyaro mu Karere ka Nyamagabe, barasaba ubuyobozi ko imurikabikorwa risanzwe ribera ku rwego rw’Akarere ryajya rinabera mu Mirenge yabo, kugira ngo na bo babone amahirwe angana n’ay’abandi, ubuyobozi bukabizeza ko bizakorwa.
Umuryango.rw
Gabon: 91,8% batoye guhindura Itegeko Nshinga
Amafunguro umwana akwiriye kugaburirwa nijoro
Inganda eshatu z’amazi zahagaritse imirimo by’agateganyo kubera imvura nyinshi
Imirwano hagati ya FARDC na M23 i Masisi yaba yageze i Kalehe muri Kivu y’Amajyepfo
N’abo bagize urugendo rwanjye -Zeo Trap ku mpamvu yiyambaje Kavu Music gusa kuri EP ye
Israel yategetse abadipolomate bayo muri UAE guhunga ibitero
Nyamagabe:Gitifu yashyize akagari muri Guma mu rugo yamaganwa n’akarere
Buri Munyarwanda muri batanu bafungiwe muri Niger ahabwa arenga miliyoni 14 Frw ku mwaka
U Budage: Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bagarukiye u Burusiya kubera ibikomo kuri peteroli
Nyamagabe: Ubuyobozi buhaye igisubizo abatuye mu cyaro ku cyifuzo bari babugejejeho ku imurikabikorwa