Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwagaragaje ko abantu 297 bahuye n’ibikorwa byo gucuruzwa mu myaka itanu ishize, abagore akaba ari bo bibasiwe cyane ku kigero cya 75% mu gihe abagabo bari ku kigero cya 25%.
Byagarutsweho na Dr Murangira B. Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha wa RIB, ku wa Kane, tariki 25 Nyakanga 2024, mu kiganiro yagiranye na Televiziyo Rwanda.
Dr Murangira yavuze ko ibyaha by’icuruzwa ry’abantu bihari ko kandi ukurikije imibare mu myaka (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rwanda: Abagore bibasiwe n’icuruzwa ry’abantu
26 July 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Ubuhinde bwaguye ububasha bwo kugenzura imbuga nkoranyambaga, kureka abayobozi bo hasi bagasaba ko bafatwa
8 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUburyo bushya bwo kugenzura butuma n’abayobozi bo ku rwego rw’akarere basaba ibigo mbuga nkoranyambaga gukuramo imyanya. Abahanga bavuga ko ibyo bituma guverinoma irenga ku byemezo by’Urukiko rw’Ikirenga.
-
U Rwanda rwatashye ku mugaragaro ambasade yarwo i Budapest muri Hongiriya
13 May 2025, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma y’u Rwanda yatashye ku mugaragaro icyicaro cya Ambasade y’u Rwanda i Budapest muri Hongiriya, yafunguwe mu mwaka wa 2024
-
Rhode Island FC ya Kwizera Jojea yatsinzwe, ibura igikombe
24 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuColorado Springs Switchbacks FC yatsinze Rhode Island FC ikinamo Kwizera Jojea ibitego 3-0 yegukana Igikombe cya Shampiyona cy’Icyiciro cya Kabiri muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Amateka ya Corneille Nangaa umuhuzabikorwa w’ihuriro AFC/M23 .
2 March 2025, by ISIMBI EstellaMuri iki cyumweru turimo gusoza nibwo mubaturage aho Cornoeille Nangaa yari yaje i Bukavu Agiye kugirana ikiganiro n’abaturage haturikiye ibisasu byinshi ndetse byari byateguwe mu rwego rwo kwivugana Uyu mugabo hamwe n’abandi bayobozi muri M23 gusa birangira barokotse, gusa ibisasu byahitanye abaturage benshi. Ariko se Corneille Nangaa washyizeho Perezida Félix Tshisekedi k’umwanya wa Perezida wa RDC ni muntu ki ? uyu mugabo ubutegetsi bwa Tshisekedi bushaka kwivugana ni muntu ki? (…)
-
Ibiganiro by’u Rwanda, RDC na Amerika ku bufatanye mu by’ubukungu birarimbanyije
29 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuHashingiwe ku masezerano y’amahoro yashyizweho umukono tariki ya 29 Kamena 2025, abahagarariye u Rwanda, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bakomeje ibiganiro by’ubufatanye mu rwego rw’ubukungu.
-
Muri Mongolia Minisitiri w’Intebe yegujwe kubera ibirori by’isabukuru y’umuhungu we
3 June 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Intebe wa Mongolia, Luvsannamsrain Oyun-Erdene, yegujwe ku mirimo ye nyuma yo gutakarizwa icyizere n’Inteko Ishinga Amategeko, bitewe n’imyigaragambyo yabaye, abantu bamushinja gusesagura umutungo wa rubanda akawukoresha mu nyungu z’umuryango.
-
Ibyamamare/kazi nyarwanda mu mazi abira kubera Ikigare cya Mwiseneza Josiane naho umuvuze nabi we ari gutukwa ibitutsi bidasanzwe[AMAFOTO]
12 January 2019, by Martin MunezeroKuva Miss Rwanda yatangira umukobwa witwa Mwiseneza Josiane agatangira kuvugwa , ubu ibindi byamamare Nyarwanda biri mu mazi abira kubera uyu mukobwa wihariye imitima y’abanyarwanda kwisi hose.
-
Muhanga: Polisi yafunze 5 bamburaga abaturage bakoresheje amayeri
25 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Muhanga, yafashe abantu batanu bakurikiranyweho kwambura abaturage amafaranga bakoresheje amayeri, arimo kubizeza imfashanyo no kubavura indwara n’amarozi.
-
M23 yambuye FARDC igifaru
24 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa M23 wungutse igifaru nyuma yo kucyambura ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bahanganye mu mirwano.
Umuryango.rw
Rwanda: Abagore bibasiwe n’icuruzwa ry’abantu
Ubuhinde bwaguye ububasha bwo kugenzura imbuga nkoranyambaga, kureka abayobozi bo hasi bagasaba ko bafatwa
U Rwanda rwatashye ku mugaragaro ambasade yarwo i Budapest muri Hongiriya
Rhode Island FC ya Kwizera Jojea yatsinzwe, ibura igikombe
Amateka ya Corneille Nangaa umuhuzabikorwa w’ihuriro AFC/M23 .
Ibiganiro by’u Rwanda, RDC na Amerika ku bufatanye mu by’ubukungu birarimbanyije
Muri Mongolia Minisitiri w’Intebe yegujwe kubera ibirori by’isabukuru y’umuhungu we
Muhanga: Polisi yafunze 5 bamburaga abaturage bakoresheje amayeri
M23 yambuye FARDC igifaru