Umuhanzikazi Selena Gomez ubifatanya no gukina filime, ari mu begukanye ibihembo bya ‘Screen Actors Guild Awards 2025’, mu gihe abandi bakinnyi ba filime bazwi barimo Zoe Saldaña, Timothée Chalamet bahembwe. Ariana Grande na Daniel Craig batashye amara masa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Selena Gomez na Zoe Saldaña mu begukanye ibihembo bya ‘SAG Awards 2025’
24 February 2025, by ISIMBI Estella -
Umugore wa Joe Biden yasabiwe kujyanwa mu nkiko ashinjwa kutita ku buzima bw’umugabo we
21 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUmugore wa Joe Biden wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Jill Biden yasabiwe kujyanwa mu nkiko, ashinjwa kutita ku buzima bw’umugabo we ugeze mu zabukuru.
-
Inkunga yoherezwa muri Ukraine yabaye iyanga
1 September 2025, by ISIMBI EstellaVisi Perezida wa Komisiyo y’umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) ushinzwe ububanyi n’amahanga, Kaja Kallas, yagaragaje ko inkunga ihabwa Ukraine kugira ngo ihangane n’u Burusiya ari nke cyane ku yo ikeneye.
-
Don Jazzy atungurwa no kuba akiri ingaragu ku myaka 42
30 September 2025, by ISIMBI EstellaUmushoramari mu muziki wa Nigeria akaba nyiri Mavin Records, Don Jazzy yavuze ko atiyumvishaga ko yagira imyaka 40 akiri ingaragu gusa ahamya ko urukundo niruza azarwakira kandi n’iyo rutaza nta kibazo afite.
-
U Rwanda na Nigeria basinyanye amasezerano avanaho gusoresha kabiri ibicuruzwa
28 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma y’u Rwanda n’iya Nigeria zasinyanye amasezerano yo kuvanaho gusoresha kabiri ibicuruzwa hagati y’ibihugu byombi.
-
John Cena yatotejwe n’abafana kubera uruhara ageraho yitabaza abaganga
23 April 2025, by ISIMBI EstellaUmunyabigwi mu mukino wa ‘Wrestling’ akaba n’umukinnyi wa filime, John Cena, yahishuye ko nyuma y’igihe kinini abafana bamuseka ndetse banamutoteza kubera uruhara, yitabaje abaganga bakamusimburiza imisatsi.
-
Luiz Díaz yakoze ubukwe n’umugore we bamaranye imyaka icyenda
17 June 2025, by ISIMBI EstellaUmunya-Colombia Luiz Díaz ukinira Liverpool, yakoze ubukwe na Geraldine Ponce batangiye gukundana mu mwaka wa 2016.
-
Indwara za karande zigera kuri 95% ziravurwa zigakira burundu hifashishijwe imiti y’ibimera: Dr. Murugu
12 March 2019, by UbwanditsiDr. Peter Murugu
Dr. Peter Murugu, umuganga uturuka muri Kenya ubu wanafunguye ivuriro rivura ryifashishije imiti ikomoka ku bimera yemeza ko indwara bakunze kwita za karande zigera kuri 95% zishobora kuvurwa zigakira burundu hifashishijwe imiti hifashishijwe imiti y’ibimera kandi itagira izindi ngaruka ku buzima.
-
Jennifer Lopez mu mugambi wo kwihimura kuri Ben Affleck batandukanye
18 March 2025, by ISIMBI EstellaJennifer Lopez yatangiye umugambi wo kwihimura ku mukinnyi wa filime Ben Affleck baherutse gutandukana, akamushinja kuba yaramubabaje akanamutesha umwanya.
-
Umuntu agomba kunywa amazi angana ate ku munsi? (Igice cya kabiri)
8 February, by Angeline MUKANGENZINta bimenyetso byinshi byerekana ko kunywa amazi arenze ayo umubiri wawe usaba bigira inyungu zihariye, uretse kwirinda kugira umwuma (dehydration). Ariko nanone, ubushakashatsi bwerekana ko kwirinda n’umwuma bifite inyungu zikomeye ku buzima.
Umuryango.rw
Selena Gomez na Zoe Saldaña mu begukanye ibihembo bya ‘SAG Awards 2025’
Umugore wa Joe Biden yasabiwe kujyanwa mu nkiko ashinjwa kutita ku buzima bw’umugabo we
Inkunga yoherezwa muri Ukraine yabaye iyanga
Don Jazzy atungurwa no kuba akiri ingaragu ku myaka 42
U Rwanda na Nigeria basinyanye amasezerano avanaho gusoresha kabiri ibicuruzwa
John Cena yatotejwe n’abafana kubera uruhara ageraho yitabaza abaganga
Luiz Díaz yakoze ubukwe n’umugore we bamaranye imyaka icyenda
Indwara za karande zigera kuri 95% ziravurwa zigakira burundu hifashishijwe imiti y’ibimera: Dr. Murugu
Jennifer Lopez mu mugambi wo kwihimura kuri Ben Affleck batandukanye