Umunyarwanda ubarizwa muri Uganda Gloria Bugie, yateye yutwatsi amakuru avuga ko yaba yaribagishije ikibuno mu rwego rwo kugira imiteterere myiza ibizwi nka BBL.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Gloria Bugie yateye utwatsi amakuru y’uko yibagishije ngo atere neza
10 September 2025, by ISIMBI Estella -
Christopher Muneza yasabye ko ihangana rya The Ben na Bruce Melodie ritapfukirana izindi mpano
27 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmuririmbyi Muneza Christopher, wamamaye nka Christopher mu muziki nyarwanda, yatangaje ko gukabya guha umwanya inkuru z’ihangana rivugwa hagati ya The Ben na Bruce Melodie bishobora gutuma izindi mpano zikomeye zitabonwa uko bikwiye.
-
Mburugu imeze nabi mu Budage
28 September 2025, by ISIMBI EstellaIndwara ya Mburugu yandurira mu mibonano mpuzabitsina, iterwa n’agakoko kitwa ‘Treponema Pallidum’, ikomeje kwiyongera mu Budage cyane cyane mu baryamana n’abo bahuje ibitsina.
-
Ndi umwana wa Cristiano birahagije, ntabwo nkeneye kuzagira akazi nkora ninkura
30 April 2025, by Gladiator OGAlana Martina umukobwa wa Cristiano Ronaldo w’imyaka 8 ya mavuko yatangaje ko yumva adakeneye kuzagira icyo akora mu hazaza naba mukuru ndetse ko icyo ashaka ari ukujya yibera mu rugo gusa. Ibi uyu mwana wa Cristiano Ronaldo yabitangaje muri filime mbarankuru y’uruhererekane (docuseries) yitwa Soy Georgina ikaba ari filime ya Mama we Georgina Rodriguez kuri ubu igeze ku gice cyayo cya gatatu.
-
Perezida Kagame yasuye mu rugo umukecuru umukunda bihebuje
26 August 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yasuye mu rugo umukecuru witwa Nyiramandwa Rachel w’imyaka 110 mbere yo kuganira n’abaturage mu ruzinduko yagiriye mu karere ka Nyamagabe.
Kuri uyu wa Gatanu nibwo Perezida Kagame yasuye akarere ka Nyamagabe muri gahunda yihaye yo gusura intara zitandukanye kugira ngo aganire n’abaturage.
Mukecuru Nyiramandwa yakiriye Perezida Kagame mu rugo rwe ruri hafi ya Stade ya Nyagisenyi.
Nyiramandwa azwi nk’umukecuru wa Perezida Kagame kuko inshuro zose bahura, bagaragara bahuje (…) -
Minisitiri w’Intebe wa Ukraine yeguye
16 July 2025, by ISIMBI EstellaDenis Shmigal wari Minisitiri w’Intebe wa Ukraine kuva mu 2020 yeguye nyuma y’umunsi umwe Perezida Volodymyr Zelensky atangaje ko uyu mugabo yamugize Minisitiri w’Ingabo muri iki gihugu.
-
Abaturage ba Malawi barataka ubukene nyuma y’igabanyuka ry’inkunga z’amahanga
15 April 2025, by Angeline MUKANGENZIAbaturage bo muri Malawi barataka inzara n’ubukene nyuma yo kugabanyuka kw’inkunga z’amahanga, ibyatumye bamwe muri bo bakora ubutaruhuka kugira ngo babone amaramuko.
-
“Kurya ituro birasaba gutekereza kabiri” Bishop Harerimana Jean Bosco n’umugore we babimburiye abandi
11 October 2024, by Joseph IradukundaUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwemeje ko rwataye muri yombi Bishop Harerimana Jean Bosco umushumba w’Itorero Zeraphat Holy Church n’umugore we Mukansengiyumva Jeanne, bakekwaho kurya umuyoboke wabo ituro rya miliyoni 10Frw.
-
Minisiteri y’Uburezi yatangaje amanota ku banyeshuri bo mu mashuri abanza n’icyiciro rusange
30 December 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa 31 Ukuboza 2019,Minisiteri y’Uburezi yatangaje amanota ku banyeshuli barangije amashuli abanza,icyiciro rusange na TTC aho yanemeje ko yasohokanye n’ibigo bagomba kwigaho.
-
Kenya: Abacuruza lisansi bashinjwe kurenza igiciro cyashyizweho na leta
5 April, by ISIMBI EstellaSitasiyo za lisansi muri Kenya zikomeje gushinjwa kugurisha lisansi na mazutu ku giciro kirenze icyashyizweho na leta.
Umuryango.rw
Gloria Bugie yateye utwatsi amakuru y’uko yibagishije ngo atere neza
Christopher Muneza yasabye ko ihangana rya The Ben na Bruce Melodie ritapfukirana izindi mpano
Mburugu imeze nabi mu Budage
Ndi umwana wa Cristiano birahagije, ntabwo nkeneye kuzagira akazi nkora ninkura
Perezida Kagame yasuye mu rugo umukecuru umukunda bihebuje
Minisitiri w’Intebe wa Ukraine yeguye
Abaturage ba Malawi barataka ubukene nyuma y’igabanyuka ry’inkunga z’amahanga
“Kurya ituro birasaba gutekereza kabiri” Bishop Harerimana Jean Bosco n’umugore we babimburiye abandi
Kenya: Abacuruza lisansi bashinjwe kurenza igiciro cyashyizweho na leta