Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yagaragaje ko umuryango Human Rights Watch uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu utavuze ku Rwanda, akazi kawo katagaragara.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Yolande Makolo yagaragaje igituma HRW yibasira u Rwanda
15 May, by ISIMBI Estella -
Kagarara na Ashton Hall bagiye kuzenguruka ibihugu bya Afurika, bazanasoreza mu Rwanda
30 June, by ISIMBI EstellaEnock Uwizeye uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Kagarara, yatangaje ko yinjiye mu rugendo rwihariye azafatanyamo n’Umunyamerika Ashton Hall, ruzabageza mu bihugu bitandukanye bya Afurika mbere yo gusozwa mu Rwanda.
-
Yapfuye nyuma gato yo kwiyuhagira! Inkuru y’umugabo wamaze imyaka isaga 60 atiyuhagira
13 July, by ISHIMWE Jean de DieuMu mateka y’isi habayeho abantu benshi bakoze ibintu bitangaje byatumye amazina yabo amenyekana hirya no hino. Muri abo harimo Umunya-Iran witwa Amou Haji, wamamaye kubera ubuzima budasanzwe yabayemo aho yamaze imyaka isaga 60 atiyuhagira, nta gitonyaga cy’amazi kimukoze ku mubiri.
-
Tariki 7-8 Gicurasi 1994: Jenoside yakorewe ku bana b’Abatutsi b’impfubyi mu kigo cya SOS Gikongoro
7 May, by ISIMBI EstellaJenoside yakorewe Abatutsi yaranzwe n’ubugome ndengakamere haba mu buryo Abatutsi bishwemo bashinyanguriwe, banateshwa ubumuntu, haba mu kwica abarwayi mu bitaro no mu nsengero n’ahandi henshi bari bahungiye.
Ubwo bugome bwarenze uruvugiro aho n’abana b’impfubyi bicwa n’abarezi babo mu kigo cya SOS birengagije amahame shingiro ngenderwaho n’abashinze SOS.
-
SKOL yasinyanye amasezerano y’ubufatanye na Rwanda Premier League
30 June, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa Kabiri tariki 30 Kamena 2026, uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye rwa Skol Brewry, rwasinyanye amasezerano y’imikoranire na Rwanda Premier League ishinzwe gutegura Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda, afite agaciro ka miliyoni 915 z’amafaranga y’u Rwanda, azamara imyaka itatu aho Skol izajya itanga miliyoni 305 z’amafaranga y’u Rwanda buri mwaka.
-
Inama y’Abaminisitiri: Ubukungu bw’u Rwanda bukomeje kwihagararaho nubwo isi ihanganye n’ibibazo: Imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri
1 July, by ISIMBI EstellaMu Nama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 30 Kamena 2026 iyobowe na Perezida Paul Kagame, hagaragajwe ko ubukungu bw’u Rwanda bwakomeje kwihagararaho no kuzamuka nubwo ku rwego mpuzamahanga hakomeje kuboneka ibibazo by’ubukungu n’ubucuruzi.
-
Karasira Aimable witabye Imana yari muntu ki?
7 May, by Angeline MUKANGENZIMuri iyi nkuru tugiye kugaruka ku mateka yaranze ubuzima bwa Karasira Aimable Uzaramba, wamenyekane cyane ku izina rya Professor Nigga, akaba yitabye Imana kuri uyu wa 07 Gicurasi 2026, ubwo igororero rya Nyarugenge ryari rimaze kumurekura ngo atahe kuko igihano yakatiwe n’urukiko cyari kirangiye.
-
U Rwanda n’u Bufaransa byasinyanye amasezerano mashya ashimangira ubufatanye
3 June, by ISIMBI EstellaU Rwanda n’u Bufaransa byarushijeho gushimangira umubano wabyo binyuze mu gusinya amasezerano abiri mashya y’ubufatanye arebana n’abimukira ndetse no korohereza abagize imiryango y’abakozi bo mu butumwa bwa Leta kubona akazi hagati y’ibihugu byombi.
-
SKOL yatangije ukwezi kw’ibirori by’umupira w’amaguru muri Camp Kigali
16 June, by Angeline MUKANGENZIUruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye rwa SKOL Brewery rwatangije ku mugaragaro ukwezi kwahariwe ibirori by’umupira w’amaguru, ibikorwa byatangirijwe muri Camp Kigali kuri uyu wa 15 Kamena 2026, mu rwego rwo guha abakunzi b’uyu mukino uburyo bwo gukurikirana no kwishimira irushanwa rikomeye ku isi mu buryo budasanzwe.
-
Umuyobozi mukuru wa Polisi yasabye abitegura kujya mu butumwa bw’amahoro, gukomeza kuzamura ibendera ry’u Rwanda
13 July, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa 13 Nyakanga 2026, Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye, yasabye abapolisi bitegura kujya mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Santrafurika (MINUSCA) gukomeza kuzamura ibendera ry’u Rwanda bakora kinyamwuga nk’uko bisanzwe.
Umuryango.rw
Yolande Makolo yagaragaje igituma HRW yibasira u Rwanda
Kagarara na Ashton Hall bagiye kuzenguruka ibihugu bya Afurika, bazanasoreza mu Rwanda
Yapfuye nyuma gato yo kwiyuhagira! Inkuru y’umugabo wamaze imyaka isaga 60 atiyuhagira
Tariki 7-8 Gicurasi 1994: Jenoside yakorewe ku bana b’Abatutsi b’impfubyi mu kigo cya SOS Gikongoro
SKOL yasinyanye amasezerano y’ubufatanye na Rwanda Premier League
Inama y’Abaminisitiri: Ubukungu bw’u Rwanda bukomeje kwihagararaho nubwo isi ihanganye n’ibibazo: Imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri
Karasira Aimable witabye Imana yari muntu ki?
U Rwanda n’u Bufaransa byasinyanye amasezerano mashya ashimangira ubufatanye
SKOL yatangije ukwezi kw’ibirori by’umupira w’amaguru muri Camp Kigali
Umuyobozi mukuru wa Polisi yasabye abitegura kujya mu butumwa bw’amahoro, gukomeza kuzamura ibendera ry’u Rwanda