Abari batuye mu kajagari kazwi cyane nka Bannyahe ko mu kagari ka Nyarutarama i Kigali bakomeje kwimurwa bajyanwa I Buanza aho ubu igikorwa kigeze kuri 76%.
Ikinyamakuru The New Times cyavuze ko abayobozi bo mu mujyi wa Kigali bagitangarije ko imiryango 960 imaze kwimurwa muri kariya gace ikajya gutura mu mudugudu ugezweho yubakiwe mu Busanza.
Gikomeza kivuga ko abo bangana na 76% by’abari batuye mu midugudu ya Kangondo, na Kibiraro.
Bamwe mu barimo kwimuka bavuze ko babikoze kuko (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abagera kuri 76% by’abari batuye Kangondo na Kibiraro bamaze kwimurirwa Busanza
17 September 2022, by Dusingizimana Remy -
Louise Mushikiwabo yatangaje ko yishimiye kwiyamamariza indi manda yo kuyobora OIF
20 March, by ISIMBI EstellaUmunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yatangaje ko yishimiye kongera kwiyamamariza indi manda yo gukomeza kuyobora uyu muryango, mu matora ateganyijwe mu mpera z’uyu mwaka wa 2026.
Umuryango.rw
Abagera kuri 76% by’abari batuye Kangondo na Kibiraro bamaze kwimurirwa Busanza
Louise Mushikiwabo yatangaje ko yishimiye kwiyamamariza indi manda yo kuyobora OIF