Impunzi z’Abarundi 115 zirimo 107 babaga mu Nkambi ya Mahama mu Karere ka Kirehe n’abandi 8 babaga mu Mujyi wa Kigali, basubiye mu gihugu cyabo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Impunzi z’Abarundi zirenga 100 zasubiye mu gihugu cyabo
25 November 2025, by ISIMBI Estella -
Abanyekongo barashinjwa guhimbira Ambasade ya Amerika itangazo rivuga ibibi ku Rwanda
5 February 2024, by Dusingizimana RemyAbanyekongo bakoze agashya bigana uburyo itangazo rya Ambasade ya Amerika iwabo ikora amatangazo basohora irivuga ko Leta ya Amerika yasabye u Rwanda guhagarika gufasha M23 no gukura ingabo ku butaka bwa RDC.
-
Minisitiri w’uburezi ngo mu nteko yavuze ikibazo cy’abavura amenyo uko kitari
28 June 2018, by Nsanzimana ErnestAbo mu rugaga rw’abavuzi b’amenyo (Rwanda dental Association) ikibazo bafite gitandukanye n’icyo Minisitiri w’Uburezi aherutse kubwira Abadepite avuga ko bashaka kwitwa aba ‘dental surgeon’ aho kuba aba ‘’dental therapist’, bo ngo icyo bifuza ni uguhabwa impamyabumenyi ya dentistry kuko ari byo bize bakanabihererwa impamyabumenyi y’ikiciro cya mbere ariko bajya guhabwa ‘licence’ (A0) ikaza yitwa Dental Therapy.
-
Abepisikopi Gatolika basabye u Rwanda n’u Burundi gufungura imipika
2 April 2025, by Angeline MUKANGENZIKuva kuwa 30 werurwe 2025 kugeza kuwa 01 mata 2025 muri Diyosezi gatolika ya Kibungo hateraniye inama y’abepisikopi b’u Rwanda nab’u Burundi bibumbiye mu ihuriro ACOREB,basaba u Rwanda n’u Burundi gukora ibishoboka bagafungura imipaka ihuza ibihugu byombi.
-
Reba ubwiza bw’indege Perezida Kagame agendamo [AMAFOTO]
13 May 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yageze muri Guinée Conakry, aho yakiriwe na mugenzi we, Mamadi Doumbouya bagirana ibiganiro byihariye bigamije gushimangira umubano n’ubutwererane hagati y’ibihugu byombi ndetse n’inzego zo gufatanyamo zirimo ikoranabuhanga, ubucuruzi n’ishoramari.
-
Umujyi wa Kigali wahishuye aho imirimo yo kubaka ikiraro cya Nyabugogo igeze n’umuti ku bibazo byo gutwara abagenzi
3 August 2022, by Dusingizimana RemyAbayobozi b’Umujyi wa Kigali n’Uturere tuwugize bagiranye ikiganiro n’abanyamakuru mu rwego rwo kubasangiza gahunda Umujyi wa Kigali ufite z’iterambere no kuzafatanya nabo mu kuzigeza ku baturage.
Muri iki kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa Gatatu, Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Pudence Rubingisa,yagaragaje ko hari ibigenda bigerwaho kandi ko iterambere ari urugendo rukomeza buri wese abigizemo uruhare ko n’abataragezwaho ibikorwaremezo bari hafi kugerwaho.
Avuga ku kibazo cyo (…) -
"Mujyane Politike mbi kure ya siporo"-Perezida Kagame abwira abo mu nama ya FIFA
16 March 2023, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa kane, tariki ya 16 Werurwe, Perezida Paul Kagame, yahamagariye abayobozi b’isi kwirinda politiki mbi muri siporo.
Perezida Kagame yagejeje ijambo ku ntumwa zigera ku 2000 zirimo abayobozi bakuru b’umupira w’amaguru bo mu mpuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) yabereye i Kigali muri Kongere ya 73 ya FIFA.
Kongere ya FIFA, urwego rukuru rushinzwe amategeko muri FIFA,yahurije hamwe abayobozi bakuru ba FIFA, abahagarariye impuzamashyirahamwe zitandukanye ku (…) -
Kuki abasirikare bafite amapeti aringaniye aribo bari guhirika ubutegetsi muri Afurika y’Iburengerazuba?
5 October 2022, by Dusingizimana RemyMu mpera z’Icyumweru gishize,Kapiteni Ibrahim Traoré yahiritse ubutegetsi muri Burkina Faso, akora agahigo ko kuba ubu ariwe mutegetsi w’igihugu ukiri muto muri ako karere kuko afite imyaka 34.
Iri hirikwa ry’ubutegetsi ryabaye irya kabiri muri uyu mwaka muri iki gihugu cya Afurika y’iburengerazuba.
Iyi kudeta yakozwe na Captain Ibrahim Traoré ayikorera Lt Col Paul-Henri Sandaogo Damiba,nawe wari wayikoreye umusivili Roch Kaboré ku wa 31/01/2022.
Uyu Damiba yategetse amezi make kuva (…) -
U Rwanda rwiteze umusaruro ku masezerano ya Washington
7 July 2025, by Joseph IradukundaMinisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, MINAFFET, yatangaje ko hari icyizere ko amasezerano u Rwanda na DRC byashyiriyeho umukono i Washington muri Leta zunze ubumwe za Amerika, ashobora gutanga umusaruro.
-
Minisitiri Nduhungirehe ashinja impuguke za Loni kubogamira ku mutwe wa FDLR
8 January, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yashinje impuguke z’Umuryango w’Abibumbye kubogamira ku mutwe w’iterabwoba wa FDLR ufashwa n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Umuryango.rw
Impunzi z’Abarundi zirenga 100 zasubiye mu gihugu cyabo
Abanyekongo barashinjwa guhimbira Ambasade ya Amerika itangazo rivuga ibibi ku Rwanda
Abepisikopi Gatolika basabye u Rwanda n’u Burundi gufungura imipika
Reba ubwiza bw’indege Perezida Kagame agendamo [AMAFOTO]
Umujyi wa Kigali wahishuye aho imirimo yo kubaka ikiraro cya Nyabugogo igeze n’umuti ku bibazo byo gutwara abagenzi
"Mujyane Politike mbi kure ya siporo"-Perezida Kagame abwira abo mu nama ya FIFA
Kuki abasirikare bafite amapeti aringaniye aribo bari guhirika ubutegetsi muri Afurika y’Iburengerazuba?
U Rwanda rwiteze umusaruro ku masezerano ya Washington
Minisitiri Nduhungirehe ashinja impuguke za Loni kubogamira ku mutwe wa FDLR