Ibihugu bya Koreya y’Epfo, Oman na Vietnam byoherereje ababihagararira mu Rwanda, bakaba bagejeje inyandiko z’ubutumwa bwabo(credential letters) kuri Perezida wa Repubulika, Paul Kagame kuri uyu wa kabiri.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yakiriye abambasaderi bashya ba Vietnam, Oman na Koreya y’Epfo
27 October 2020, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yahawe umukandara wa “champion” mu Iteramakofe
29 September 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Repubulika Paul Kagame, yagiranye ibiganiro n’umukinnyi w’iteramakofe wabigize umwuga Carlos Takam wanashinze ishuri Nyafurika ry’Iteramakofe i Kigali, amuha impano y’umukandara w’umwimerere w’umukinnyi wahize abandi (champion) muri Shampiyona y’Isi y’Iteramakofe.
-
Ipfunwe yatewe no kuba Se na Nyina barakoze jenoside ryatumye atangiza umuryango ufasha abari mu bwigunge
27 December 2017, by Nsanzimana ErnestIkiciro cya mbere cy’ abafashijwe na Mizero care Organisation ni abahamya b’ uko gukira ibikomere bishoboka.
Mizero Care Oraganisation ni Umuryango washinzwe na Irene Mizero wari ufite ipfunwe ryo kuba avuka ku babyeyi bagize uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi.
Yagize ati “Papa na mama bombi bafungiye gukora jenoside, nabayeho mu buzima bunteye ipfunwe mbaho mu bwigunge aribyo byatumye ntangiza uyu muryango kugira ngo mfashe abari mu bwigunge kubusohokamo”
Iki gihembo Irene̒ (…) -
RDC: "U Rwanda ntirwadukanga...tuzarwana nabo niba bashaka intambara"-Gen Ekenge
16 June 2022, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wa Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru Gen de BGD Slyvain Ekenge, yagaragaye yifatanije n’abigaragambya bamagana u Rwanda mu mujyi wa Goma aho yabashishikarije kubikora mu mahoro ndetse yemeza ko u Rwanda nta bwoba rubateye ko nihaba intambara bazahangana.
kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 15 Kamena 2022, ku mupaka w’u Rwanda na RDC i Goma habereye imyigaragambyo ikomeye y’Abanye-Congo bamaganaga u Rwanda barushinja gufasha umutwe wa M23 uhanganye n’igisirikare cy’igihugu (…) -
Perezida Ndayishimiye ntiyifuza kugirana umubano mwiza n’u Rwanda
7 August 2020, by Dusingizimana RemyPerezida w’Uburundi,Gen.Evariste Ndayishimiye yatangaje ko igihugu cye kidashaka umubano mwiza n’u Rwanda muri iki gihe aho yashinje u Rwanda uburyarya ndetse no gufata nk’ingwate impunzi z’abarundi.
-
Guverinoma y’u Rwanda yacyeje intwari zazanye amahoro
4 July 2025, by Joseph IradukundaMu rukerera rwo ku itariki ya 01 Ukwakira 1990, nibwo Inkotanyi zasesekaye ku mupaka wa Kagitumba mu Karere ka Nyagatare mu Ntara y’Iburasirazuba zambariye kubohora u Rwanda. Ni nyuma y’aho hari Abanyarwanda bari bamaze imyaka 30 bari mu buhungiro hirya no hino ku Isi, bafashe umwanzuro wo gufata intwaro bakarwanira igihugu bahejwemo igihe kinini.
-
Abantu 503 bakiriye agakiza mu gitaramo cya Richard Nick Ngendahayo, ateguza ikindi i Kigali
1 December 2025, by Brenda MIZEROUmuramyi Richard Nick Ngendahayo yatangaje ko abantu 503 bakiriye Yesu Kristo nk’Umwami n’Umukiza w’ubugingo bwabo mu gitaramo cye “Niwe Healing Concert” cyabaye ku wa Gatandatu tariki 29 Ugushyingo 2025 muri BK Arena.
-
Perezida Kagame yihanganishije Abarundi n’umuryango wa Perezida Nkurunziza
10 June 2020, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yihanganishije Abarundi batakaje perezida wabo Pierre Nkurunziza wari umaze imyaka 15 abayobora kuva mu mwaka wa 2005.
-
Umujyi wa Kigali wategetse abaturage bo kwa DUBAI kwimuka,uvuga ku bindi bibazo birimo n’icyo gutwara abagenzi
17 April 2023, by Dusingizimana RemyAbaturage bo mu mudugudu wiswe ’Urukumbuzi Real Estate’ uzwi nko kwa Dubai uri i Kinyinya mu Mujyi wa Kigali basabwe kwimuka nyuma y’uko amazu bubakiwe atangiye gusenyuka bamwe akabagwaho hashizeimyaka itanu gusa yubatswe.
Uyu mudugudu uri mu karere ka Gasabo wubatswe nabi n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge ariyo mpamvu umujyi wa Kigali wimuye abaturage ndetse wiyemeza gukurikirana abagizemo uruhare n’uburangare.
Ubugenzuzi bwakozwe n’inzego zibifite mu nshingano bwagaragaje ko inzu 54 (…) -
Ibyo wamenya kuri Gen. Jean Bosco Kazura umugaba mukuru mushya w’Igisirikare cya RDF
7 November 2019, by Martin MunezeroGeneral Major Jean Bosco Kazura, yazamuwe mu ntera agirwa General, agirwa umugaba mukuru w’ingabo za RDF kuva kuri uyu wa 04 Ugushyingo 2019, asimbuye Gen. Patrick Nyamvumba wagizwe Minisitiri w’umutekano.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yahawe umukandara wa “champion” mu Iteramakofe
RDC: "U Rwanda ntirwadukanga...tuzarwana nabo niba bashaka intambara"-Gen Ekenge
Perezida Ndayishimiye ntiyifuza kugirana umubano mwiza n’u Rwanda
Guverinoma y’u Rwanda yacyeje intwari zazanye amahoro
Abantu 503 bakiriye agakiza mu gitaramo cya Richard Nick Ngendahayo, ateguza ikindi i Kigali
Perezida Kagame yihanganishije Abarundi n’umuryango wa Perezida Nkurunziza
Umujyi wa Kigali wategetse abaturage bo kwa DUBAI kwimuka,uvuga ku bindi bibazo birimo n’icyo gutwara abagenzi