Perezida Kagame yahawe Impamyabumenyi y’Ikirenga y’Icyubahiro mu bijyanye n’Imiyoborere Rusange "Public Policy and Management’’ muri Yonsei University.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yahawe impamyabumenyi y’ikirenga na kaminuza yo muri Koreya
5 June 2024, by Dusingizimana Remy -
Imberakuri na Green Party muri Guverinoma? Mu zihe Minisiteri se? Ese ni ryali? Uko mbibona!
29 July 2019, by UbwanditsiDepite Frank Habineza uyobora Democratic Green Party hamwe na Depite Mukabunani uyobora PS Imberakuli bamaze iminsi basaba ko ibikubiye mu itegeko nshinga mu ngingo ya 10 ivuga ku isaranganya ry’ubutegetsi ndetse n’ingingo ya 62 ivuga ko imitwe ya politiki yatsindiye imyanya mu inteko ishinga amategeko rihabwa n’imyanya muri Guverinoma byakubaihirizwa.
-
Kenya:Raila Odinga yikuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu
10 October 2017, by Iyamuremye JanvierRaila Odinga wari uhagarariye amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi muri Kenya, NASA yikuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu yagombaga kuzasubirwamo kuwa 26 Ukwakira 2017.
Ibi bije nyuma y’aho Perezida Uhuru Kenyata abivugiye Mombasa ko yakiriye neza icyifuzo cya Raila Odinga cyo gukuramo kanditatire ye "Niba abo duhanganye badashaka amatora aciye mu mucyo bagomba kuva mu nzira kugirango igihugu gikomeze gutera imbere."
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 10 Ukwakira, Odinga yatangaje ko n’uwo (…) -
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ibinyoma byuzuye mu kiganiro cy’umugore wa Habyarimana
2 February, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko ikiganiro giherutse kujya hanze cy’umugore wa Juvénal Habyarimana, Agathe Kanziga, cyuzuyemo ibinyoma no guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
INAMA Y’UMUTEKANO(EP7): Ibyavuzwe na “Se wa Moses”na “Disikuru za Ministiri Dr. BIZIMANA”
17 April 2025, by ISIMBI EstellaINAMA Y’UMUTKANO: Ibishya kuri Dosiye ya Moses, ibya Se yatangaje! Disikuru za Minisitiri Dr. Jean Damascene Bizimana, ngo hari abari muri Gereza bavuga ko bamwanga ngo azura akaboze! Yabageneye ubutumwa! Ariko se, abarangije ibihano koko baragororotse? Tubane mu kiganiro :
-
Ambasaderi w’Ubutaliyani wiciwe muri RDC yakoraga iki aho yiciwe?
24 February 2021, by Dusingizimana RemyUmurambo wa ambasaderi w’Ubutaliyani wagejejwe i Roma nyuma y’uko yiciwe hafi y’umujyi wa Goma muri DR Congo ku wa mbere.
-
Perezida Kagame yavuze impamvu ikomeye yatumye u Rwanda rwiyemeza kwakira abimukira bo muri Libya
25 September 2019, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yabwiye inama rusange y’umuryango w’abibumbye (UN) ko kuba u Rwanda rugiye kwakira abimukira bavuye muri Libya ari ikimenyetso ko muri Afurika naho hava ibisubizo.
-
Indangamuntu y’ ikoranabuhanga ntabwo iteza ibibazo- Perezida Kagame
18 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi wa Afurika yunze ubumwe Paul Kagame yasabye ibihugu bya Afurika kwimakaza ikoreshwa ry’ ikoranabuhanga mu rwego rwo gukorera mu mucyo avuga ko indangamuntu ikoresha ikoranabuhanga idateza ibibazo ahubwo yongera ubwizerane mu bantu.
-
Leta u Rwanda yagize icyo itangaza ku cyemezo cy’u Bubiligi bwanze Amb. Vincent
26 July 2023, by Rebecca UFITAMAHOROUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo yagize icyo atangaza nyuma y’uko Ubwami bw’u Bubiligi bwanze kwemeza Vincent Karega nka Ambasaderi u Rwanda rwari rwagennye kuruhagararira muri icyo gihugu.
Yolande Makolo aganira na The New Times ko "Bibabaje kuba guverinoma y’u Bubiligi isa n’iyagendeye ku gitutu cya Guverinoma ya RDC ndetse n’izengezamatwara ry’imiryango n’impirimbanyi zihakana Jenoside, ari nayo yahisemo kunyuzaho icyemezo cyayo."
Mu kwezi kwa Werurwe 2023, nibwo (…) -
Afurika y’Epfo yasobanuye impamvu kunyuza ingabo za SADC ku kibuga cy’indege cya Goma bitashobotse
16 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’Ingabo za Afurika y’Epfo, Gen Rudzani Maphwanya, yasobanuye ko ingabo z’Umuryango w’Ubukungu n’Iterambere rya Afurika y’amajyepfo (SADC) zitanyura ku kibuga cy’indege cya Goma bitewe n’uko kugisana bitari gushoboka ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo butabigizemo uruhare.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yahawe impamyabumenyi y’ikirenga na kaminuza yo muri Koreya
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ibinyoma byuzuye mu kiganiro cy’umugore wa Habyarimana
INAMA Y’UMUTEKANO(EP7): Ibyavuzwe na “Se wa Moses”na “Disikuru za Ministiri Dr. BIZIMANA”
Leta u Rwanda yagize icyo itangaza ku cyemezo cy’u Bubiligi bwanze Amb. Vincent
Afurika y’Epfo yasobanuye impamvu kunyuza ingabo za SADC ku kibuga cy’indege cya Goma bitashobotse