Mu rwego rwo gukomeza guteza imbere serivisi z’ubutabazi bwihuse, u Rwanda rugiye gutangira kugerageza umushinga mushya uzifashisha ikoranabuhanga rigezweho n’ibikoresho bigezweho mu gutanga ubutabazi, cyane cyane mu bice bigoranye kugerwaho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda rugiye kugerageza imodoka zigezweho zifashishwa mu butabazi bwihuse
9 July, by ISIMBI Estella -
Perezida Kagame yayoboye umuhango wo gutanga impamyabumenyi ku basirikare 108 mu ishuri rya Nyakinama
12 June, by Angeline MUKANGENZIKuriuyu wa Gatanu, tariki ya 12 Kamena 2026, Perezida Paul Kagame yayoboye umuhango wo gutanga impamyabumenyi ku basirikare barangije amasomo mu cyiciro cya 14 cya Senior Command and Staff Course wabereye mu Karere ka Musanze, intara y’amajyaruguru
-
Murwanashyaka Damier wagizwe Minisitiri mushya w’Ibikorwa Remezo ni muntu ki?
13 June, by ISIMBI EstellaPerezida Paul Kagame yashyizeho Damien Murwanashyaka nka Minisitiri mushya w’Ibikorwa Remezo ku wa 11 Kamena, amuzanira inshingano afite ubunararibonye bw’imyaka irenga 15 mu bijyanye n’ubwubatsi, imiyoborere y’imishinga, igenamigambi ry’ingengo y’imari n’iterambere ry’ibikorwa remezo.
-
Louise Mushikiwabo yageze i Kigali mu nama ya Africa CEO Forum 2026
14 May, by ISIMBI EstellaUmunyamabanga Mukuru w’Umuryango mpuzamahanga w’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, ari mu Rwanda aho yitabiriye inama ya Africa CEO Forum ibera i Kigali kuva kuri uyu wa 14 kugeza ku wa 15 Gicurasi 2026.
-
Abakozi ba WIH Rwanda Cement basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali basobanurirwa amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi
10 July, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa 10 Nyakanga 2026, Abayobozi n’abakozi ba WIH Rwanda Cement Co. Ltd, ikora sima ya CHEETAH, basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruherereye ku Gisozi mu rwego rwo kwiga amateka y’u Rwanda no kurushaho gusobanukirwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Umuryango.rw
U Rwanda rugiye kugerageza imodoka zigezweho zifashishwa mu butabazi bwihuse
Perezida Kagame yayoboye umuhango wo gutanga impamyabumenyi ku basirikare 108 mu ishuri rya Nyakinama
Louise Mushikiwabo yageze i Kigali mu nama ya Africa CEO Forum 2026
Abakozi ba WIH Rwanda Cement basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali basobanurirwa amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi