Guverinoma y’u Rwanda yijeje Umushinjacyaha Mukuru w’Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (IRMCT), Serge Brammertz ko itazahwema gushyigikira ibikorwa by’ibiro bye byo gukomeza iperereza no gukurikirana abakekwaho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda rwiyemeje gushyigikira iperereza rya IRMCT ku bakekwaho Jenoside
20 May, by Angeline MUKANGENZI -
Nta muyobozi w’igihugu uko cyaba ari igihangange kose uzacungura umugabane wacu- Perezida Kagame
12 May, by ISIMBI EstellaPerezida Paul Kagame yagaragaje ko nta gihugu cyangwa umuyobozi wundi wo ku Isi ushobora gufasha Umugabane wa Afurika kurenga ibibazo ufite, ashimangira ko byashoboka gusa hashyizwe imbaraga mu bufatanye bugizwemo uruhare n’Abanyafurika ubwabo.
-
Iby’ingenzi mu ngengo y’imari ya leta igiye kugezwa imbere y’inteko ishinga amategeko
11 June, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa Kane, tariki ya 11 Kamena 2026, Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Yusuf Murangwa, arageza ku Nteko Ishinga Amategeko umushinga w’ingengo y’imari y’Igihugu y’umwaka wa 2026/2027.
-
Spiro mu nzira yo kurandura burundu ikibazo cy’ibura rya batiri [AMAFOTO]
25 June, by Brenda MIZEROMu rwego rwo gushakira umuti urambye ikibazo kimaze iminsi kigarukwaho n’abatwara moto za Spiro bavuga ko batakaza umwanya munini kuri sitasiyo bategereje guhindurirwa batiri bikarangira banatwaye izituzuye, Spiro Rwanda iri gufungura sitasiyo nini (Mega stations), zitezweho kuba igisubizo kirambye.
-
Shallipopi yakoze amateka mu gitaramo cya ’Africast Fest: A Shallipopi Xperience ’ Ikigali
30 May, by ISHIMWE Jean de DieuKu nshuro ye ya mbere, Shallipopi wo muri Nigeria yataramiye mu Rwanda mu gitaramo cyitabiriwe n’abiganjemo urubyiruko ruturutse hirya no hino mu gihugu.
-
Min. Nduhungirehe yitabiriye inama mpuzamahanga ku kubungabunga amahoro i Rabat
20 May, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, ari mu ruzinduko rw’akazi mu Mujyi wa Rabat muri Morocco, aho yitabiriye Inama ya kabiri y’Abaminisitiri yiga ku kubungabunga amahoro mu bihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa.
-
Perezida Kagame n’abayobozi ba Mastercard Foundation baganiriye ku guhanga imirimo n’iterambere ry’urubyiruko
26 June, by ISIMBI EstellaPerezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ku wa 25 Kamena 2026, yakiriye intumwa za Mastercard Foundation zari ziyobowe na Perezida w’Inama y’Ubutegetsi y’iki kigo, Zein Abdalla. Muri uru ruzinduko bari kumwe kandi n’uwahoze ari Perezida wa Liberia, Ellen Johnson Sirleaf, ndetse n’abandi bayobozi b’iki kigo.
-
Makolo ashinja HRW gukomeza gukwirakwiza amakuru abogamye ku Rwanda na RDC
11 June, by ISIMBI Estellamuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo, yanenze raporo iherutse gutangazwa na Human Rights Watch, ivuga ku bibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye ‘Grandparents Day’ muri Green Hills Academy
21 May, by Angeline MUKANGENZIPerezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye umunsi wahariwe ba ‘Nyogokuru na ba Sogokuru’ [Grandparents Day] muri Green Hills Academy, aho bishimiye igitaramo mu mbyino gakondo z’umuco nyarwanda zabyinwe n’abanyeshuri biga mu mwaka wa gatatu w’amashuri y’inshuke.
-
Ese Kutanyuzwaho Akanyafu Byatumye Urutugu Rukura Rusumba Ijosi? Urugomo rwagaragaye mu mashuri mu Bihe Bitandukanye
26 June, by ISIMBI EstellaMu bihe bitandukanye mu Rwanda hagaragaye ibikorwa by’urugomo byagiye bikorwa n’abanyeshuri babigira ku barimu n’abandi bakozi b’amashuri. Ibi byagiye bitera impungenge ku mutekano w’abarezi no ku myitwarire y’abanyeshuri muri rusange, bigaragaza n’imbogamizi mu kubaka umuco wo kubahana mu mashuri. Mu mboni za bamwe babona ko hakigaragara kudahana no kujenjeka mu myitwarire y’abanyeshuri, bikagira uruhare mu gutuma ibibazo by’urugomo bikomeza kugaruka aho gukumirwa hakiri kare.
Umuryango.rw
U Rwanda rwiyemeje gushyigikira iperereza rya IRMCT ku bakekwaho Jenoside
Nta muyobozi w’igihugu uko cyaba ari igihangange kose uzacungura umugabane wacu- Perezida Kagame
Iby’ingenzi mu ngengo y’imari ya leta igiye kugezwa imbere y’inteko ishinga amategeko
Spiro mu nzira yo kurandura burundu ikibazo cy’ibura rya batiri [AMAFOTO]
Shallipopi yakoze amateka mu gitaramo cya ’Africast Fest: A Shallipopi Xperience ’ Ikigali
Min. Nduhungirehe yitabiriye inama mpuzamahanga ku kubungabunga amahoro i Rabat
Perezida Kagame n’abayobozi ba Mastercard Foundation baganiriye ku guhanga imirimo n’iterambere ry’urubyiruko
Makolo ashinja HRW gukomeza gukwirakwiza amakuru abogamye ku Rwanda na RDC
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye ‘Grandparents Day’ muri Green Hills Academy
Ese Kutanyuzwaho Akanyafu Byatumye Urutugu Rukura Rusumba Ijosi? Urugomo rwagaragaye mu mashuri mu Bihe Bitandukanye