Umutegetsi wa gisirikare wa Burkina Faso Kapiteni Ibrahim Traoré yateje impungenge ubwo ku wa kabiri yitabiraga umuhango w’irahira rya Perezida wa Ghana John Mahama afite imbunda nto ya pisitori ku rukenyerero.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Kapiteni Traoré yitwaje imbunda mu irahira rya Perezida wa Ghana piteza impungenge
10 January 2025, by Joseph Iradukunda -
Perezida Kagame yaganiriye na Nduva wa EAC ku birimo guteza imbere ubucuruzi
20 February, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yakiriye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), Veronica Mueni Nduva, baganira ibirimo guteza imbere ubucuruzi bw’akarere.
-
Ikiganiro cyuzuye impanuro Busingye yagiranye n’ abana, n’ izina yahaye kimwe mu biti byatewe I Gicumbi [VIDEO]
27 October 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 27 Ukwakira 2018, mu Rwanda hose habaye umuganda rusange ngaruka kwezi. Uyu muganda Minisitiri w’ ubutabera akaba n’ intumwa nkuru ya Leta Johnston Busingye yawukorewe mu karere ka Gicumbi. Yari kumwe n’ abanyacyubahirimo barimo uhagarariye USAID na Ambasaderi w’ Ubuholandi mu Rwanda.
-
Dr. Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yasabiwe gufungwa burundu
23 October 2025, by ISIMBI EstellaDr. Sosthène Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rukiko rwa Rubanda rw’i Paris mu Bufaransa, ubwo yaburanaga mu bujurire, umushinjacyaha yamusabiye gufungwa burundu.
-
#Kwibohora26: Uko urugamba rwo kwibohora rwateguwe n’ibyabaye ku munsi nyirizina wo kubohora u Rwanda
4 July 2020, by Dusingizimana RemyImyaka 26 irashize u Rwanda rubohowe, ubu haribukwa umunsi rwahawe icyerekezo gishya, hakanahagarikwa Jenoside yakorewe Abatutsi yari imaze guhitana abasaga miliyoni imwe.
-
U Rwanda na Anthropic mu bufatanye bwo gukoresha AI mu burezi no mu buvuzi
17 February, by Brenda MIZEROGuverinoma y’u Rwanda n’Ikigo cya Anthropic byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye azamara imyaka itatu, agamije guteza imbere imikoranire mu gukoresha ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI) mu nzego zirimo ubuzima, uburezi n’imitangire ya serivisi za Leta.
-
Perezida Kagame yasabye ikintu gikomeye umuryango wa Commonwealth
21 June 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yitabiriye ibiganiro byagarutse ku ngingo zirimo icyakorwa kugira ngo amahirwe ari mu muryango wa Commonwealth agere ku bihugu binyamuryango mu buryo bungana.
Kuri uyu wa Kabiri,Perezida Kagame yasabye abanyamuryango ba Commonwealth ko uyu muryango ugomba gukorana,abanyamuryango bagasangira amahirwe ku buryo bungana.
Perezida Kagame yavuze ko abanyamuryango ba Commonwealth bafite byinshi bahuriyeho uhereye ku rurimi ariko batandukanye mu bijyanye n’ubukungu,n’ibindi (…) -
Ikiganiro kirambuye na Dr Bizimana uyobora MINUBUMWE nyuma y’urubanza rwa Bucyibaruta
13 July 2022, by Joseph IradukundaMu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri I Paris,mu Bufaransa nibwo hasojwe urubanza rwa Laurent Bucyibaruta wahoze ari Perefe wa Gikongoro .
Urukiko rwamuhamije icyaha cy’ubwicanyi bwabereye mu ishuri ry’abakobwa rya Kibeho, n’ubufatanyacyaha ku bwicanyi bwabereye Murambi, Kaduha na Cyanika ndetse n’icyo gushyira bariyeri mu mihanda.
Nyuma yo kugirwa umwere ku cyaha ku bwicanyi bwabereye muri Paruwasi ya Kibeho no muri gereza ya Gikongoro, Urukiko rwamuhanishije igifungo cy’imyaka 20. (…) -
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye guhurira mu biganiro
4 February 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo Antoine Felix Tshisekedi, bagiye guhurira mu biganiro ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa DRC by’umwihariko muri Kivu y’Amajyaruguru.
-
Sadate Munyakazi yagiriye inama urubyiruko yarugeza ku bukire
13 October 2025, by Brenda MIZEROUwahoze ari Perezida wa Rayon Sports, Sadate Munyakazi, yabwiye urubyiruko ko rukwiye gukunda ubukire ariko bazabugeraho baciye mu nzira nziza zitari izirimo ubujura n’ibisa na bwo.
Umuryango.rw
Kapiteni Traoré yitwaje imbunda mu irahira rya Perezida wa Ghana piteza impungenge
Perezida Kagame yaganiriye na Nduva wa EAC ku birimo guteza imbere ubucuruzi
Dr. Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yasabiwe gufungwa burundu
#Kwibohora26: Uko urugamba rwo kwibohora rwateguwe n’ibyabaye ku munsi nyirizina wo kubohora u Rwanda
U Rwanda na Anthropic mu bufatanye bwo gukoresha AI mu burezi no mu buvuzi
Perezida Kagame yasabye ikintu gikomeye umuryango wa Commonwealth
Ikiganiro kirambuye na Dr Bizimana uyobora MINUBUMWE nyuma y’urubanza rwa Bucyibaruta
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye guhurira mu biganiro
Sadate Munyakazi yagiriye inama urubyiruko yarugeza ku bukire