Visi perezida wa kabiri w’ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball mu Rwanda,Bagirishya Jean de Dieu uzwi nka Jado Castar yakatiwe igifungo cy’imyaka ibiri nyuma yo guhamwa n’ibyaha aregwa byo gukoresha inyandiko mpimbano.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Visi perezida wa FRVB,Jado Castar, yakatiwe igifungo cy’imyaka 2
13 October 2021, by Dusingizimana Remy -
Ubuholandi nabwo bwahagaritse gukoresha urukingo rwa Astrazeneca
15 March 2021, by Dusingizimana RemyUbuholandi nicyo gihugu gishya cyahagaritse gukoresha urukingo rwa Oxford-AstraZeneca kubera impungenge z’ingaruka rushobora kuba rutera.
-
Mu Rwanda hagiye kuzura ububiko bwa gaze bwa miliyoni 60 Frw
4 November 2025, by Brenda MIZEROIkigo gikora Peterole na Gaze, Société Pétrolière (SP), cyatangaje ko bitarenze mu mwaka wa 2026, mu Rwanda hazaba huzuye ububiko bwa Gaze (LPG), bufite agaciro k’asaga miliyari 60 Frw (miliyoni 44 z’amadolari ya Amerika).
-
Ambasade ya Israel mu Rwanda n’izindi zose zo ku isi zafunze
30 October 2019, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bwa Ambasade ya Israel mu Rwanda bwatangaje ko bwafunze imiryango kuri uyu wa Gatatu,taliki ya 30 Ukwakira 2019 kubera ko Minisiteri y’imari muri Israel yishe amasezerano y’imikoranire yagiranye n’abakozi ba Minisitiri y’ububanyi n’amahanga.
-
Ubukwe ndetse n’ingendo hagati y’Intara n’Umujyi wa Kigali byahagaze, isaha yo ni saa moya
21 June 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa 21 Kamena 2021,Perezida wa Repubulika Paul Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yafatiwemo ingamba zikarishye zo gukomeza gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Covid-19 aho nta muntu wemerewe kuva mu karere ajya mu kandi cyangwa se ngo ave mu mujyi wa Kigali ajye mu ntara.
-
Hagaragajwe igitiza umurindi ihohotera mu miryango yo mu Mujyi wa Kigali
4 December 2025, by ISIMBI EstellaGuhishira, kwimana amakuru, ubuharike, ubusinzi, kutagira umwanya w’umuryango no kutita ku nshingano, ni bimwe mu byagaragajwe n’Abayobozi b’Imidugudu mu Mujyi wa Kigali nk’ibitiza umurindi ihohotera kandi ibyo biganisha kuri gatanya n’isenyuka ry’imiryango.
-
Kigali: Umugore yasize umwana ku muhanda ahita yinjira muri ruhura[AMAFOTO]
10 May 2018, by Nsanzimana ErnestUmubyeyi bikekwa ko afite uburwayi bwo mu mutwe mu gitondo cyo kuri uyu wa 10 Gicurasi 2018 yasize umwana ku muhanda hafi ya rond Point I Remera ku Kisimenti ahita yinjira muri ruhura.
-
Insengero zari zimaze igihe zifunze zatangiye gufungurwa
9 February, by Angeline MUKANGENZINyuma y’imyaka hafi ibiri Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rufunze insengero n’imisigiti kubera kutuzuza ibisabwa, kuri ubu hari abatangiye kwishimira ko zimwe zatangiye gukomorerwa.
-
Nyinawabega warokotse jenoside yahaye inka umugabo wamwiciye umuryango akanamusenyera inzu
20 April 2018, by Nsanzimana ErnestUmukecuru witwa Nyinawabega Eugenie warokotse Jenoside yakorewe abatutsi yababariye Murwanashyaka wamwiciye akamusenyera inzu bongera kunga ubumwe nk’ uko babanaga mbere ya Jenoside uyu mukecuru anaha inka uyu muryango wamuhemukiye.
-
Ambasaderi wa Zimbabwe mu Rwanda yasuye ibikorwa by’iterambere muri Gatsibo
25 November 2025, by ISIMBI EstellaAmb. Prof. Charity Manyeruke, uhagarariye igihugu cya Zimbabwe mu Rwanda, yasuye ibikorwa by’iterambere by’Akarere ka Gatsibo mu Ntara y’Iburasirazuba, anagirana ibiganiro n’ubuyobozi bw’ako Karere.
Umuryango.rw
Visi perezida wa FRVB,Jado Castar, yakatiwe igifungo cy’imyaka 2
Mu Rwanda hagiye kuzura ububiko bwa gaze bwa miliyoni 60 Frw
Ubukwe ndetse n’ingendo hagati y’Intara n’Umujyi wa Kigali byahagaze, isaha yo ni saa moya
Hagaragajwe igitiza umurindi ihohotera mu miryango yo mu Mujyi wa Kigali
Ambasaderi wa Zimbabwe mu Rwanda yasuye ibikorwa by’iterambere muri Gatsibo