Igikomangomakazi cya Jordan, Sarah Zeid yasuye inkambi ya Gihembe iherereye mu karere ka Gicumbi mu ntara y’amajyaruguru,agirana nazo ibiganiro bitandukanye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Igikomangomakazi cya Jordan, Sarah Zeid yashimiye u Rwanda nyuma yo gusura inkambi ya Gihembe
14 November 2018, by Nsanzimana Ernest -
Hashyizweho amabwiriza mashya agamije gukumira ubujura n’ibindi byaha bikorwa hifashishijwe telefoni
21 August 2024, by EmmyUrwego Ngenzuramikorere mu Rwanda ’RURA’, rwashyize ahagaragara amabwiriza agamije gukumira ubujura n’ibindi byaha bikorwa hifashishijwe ikoranabuhanga, by’umwihariko ibikorerwa kuri telefone.
-
Hon Patrick Mazimpaka wigeze kuba Minisitiri yatabarutse
25 January 2018, by Nsanzimana ErnestPatrick Mazimpaka wayoboye Minisiteri zitandukanye mu Rwanda zirimo Minisitiri w’ urubyiruko Siporo n’ amakoperative mu gitondo cy’uyu wa Kane tariki 24 Mutarama 2018 ni bwo hatangajwe inkuru y’incamugongo y’urupfu rwa Hon Patrick Mazimpaka witabye Imana azize uburwayi aho yari mu bitaro byo mu Buhinde.
Protais Musoni wo mu muryango Hon Patrick Mazimpaka ni we wemeje aya makuru uProtais Musoni yatangaje ko Hon Mazimpaka yitabye Imana uyu munsi saa kumi n’ebyiri za mu gitondo.
Kuva mu (…) -
RBA shyizeho abayobozi bashya barimo Ufitinema Maurice wahahoze
5 November 2024, by Joseph IradukundaIkigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA) cyakoze impinduka mu buyobozi bwacyo aho Uwayo Divin yagizwe Umuyobozi wa Radiyo za RBA, yungirijwe na Nyinawumuntu Ines Ghislaine, mu gihe Munyarukumbuzi Emmanuel yagizwe Umuyobozi wa Televiziyo y’u Rwanda, yungirijwe na Ufitinema Remy Maurice.
-
Perezida Kagame yashimiye Mottley wongeye gutorerwa kuba Minisitiri w’Intebe wa Barbados
14 February, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yashimiye Minisitiri w’Intebe wa Barbados Mia Amor Mottley, kuba yongeye kugirirwa icyizere kuri uwo mwanya.
-
U Rwanda rwumvikanye na RDC ubufatanye mu guhashya inyeshyamba zihungabanya umutekano
21 March 2021, by Dusingizimana RemyUmugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Général Jean Bosco Kazura yasoje uruzinduko yagiriraga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku bibazo bijyanye no guhashya imitwe y’iterabwoba ibangamiye umutekano w’ibihugu byombi.
-
Perezida Kagame yahishuye icyagoranye kurusha ibindi mu rugamba rwo kubohora u Rwanda
1 April 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yagarutseho ku mateka y’urugamba rwo kubohora Igihugu mu kiganiro yagiranye na Radio 10 na Royal FM aho yavuze ko icyabagoye ari ukongera gukusanya ingabo Gen Rwigema amaze gupfa hanyuma avuga ko hari n’ibirimo ibikoresho n’ibindi.
-
Ikiganiro cyuzuye impanuro Busingye yagiranye n’ abana, n’ izina yahaye kimwe mu biti byatewe I Gicumbi [VIDEO]
27 October 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 27 Ukwakira 2018, mu Rwanda hose habaye umuganda rusange ngaruka kwezi. Uyu muganda Minisitiri w’ ubutabera akaba n’ intumwa nkuru ya Leta Johnston Busingye yawukorewe mu karere ka Gicumbi. Yari kumwe n’ abanyacyubahirimo barimo uhagarariye USAID na Ambasaderi w’ Ubuholandi mu Rwanda.
-
Nta gihugu cyagera ku iterambere rirambye abagore bagipfa babyara – Dr Nsengiyumva
14 February, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Justin Nsengiyumva, yagaragaje ko nta gihugu cyakwemeza ko cyageze ku iterambere rirambye mu gihe abagore bagipfa bazize ibibazo bagize mu gihe cyo kubyara, ashimangira ko kurengera ubuzima bw’umubyeyi ari imwe mu nkingi z’iterambere nyaryo.
-
Tugiye kongera igiciro cy’umutekano wacu kuri buri wese ushaka kuwuhangabanya-Perezida Kagame
14 November 2019, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yaburiye abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda ko bazishyura igiciro kiremereye kuko igihugu cyiteguye gukora ibishoboka byose kugira ngo umutekano w’Abanyarwanda usagambe.
Umuryango.rw
Hashyizweho amabwiriza mashya agamije gukumira ubujura n’ibindi byaha bikorwa hifashishijwe telefoni
RBA shyizeho abayobozi bashya barimo Ufitinema Maurice wahahoze
Perezida Kagame yashimiye Mottley wongeye gutorerwa kuba Minisitiri w’Intebe wa Barbados
Perezida Kagame yahishuye icyagoranye kurusha ibindi mu rugamba rwo kubohora u Rwanda
Nta gihugu cyagera ku iterambere rirambye abagore bagipfa babyara – Dr Nsengiyumva