Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu 1 Werurwe 2018 ubwo yasozaga umwiherero w’ abayobozi bakuru b’ u Rwanda wari umaze iminsi ine ubera I Gabiro mu karere ka Gatsibo yatanze uburenganzira bwo kuruhuka ku muyobozi ushaka akaruhuko ku munsi w’ ejo tariki 2 Werurwe.
Asoza ijambo ryari ryuzuyemo impuguro nyinshi n’ impanuro yagize ati “Narimfite byinshi cyane nashakaga kubabwira ariko reka mbibikire undi munsi,mwakoze cyane… Icyo twakwiriye kwibagirwa kubabwira, ejo tuzaruhuke, kereka (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yahaye akaruhuko abayobozi basoje umwiherero wa 15
1 March 2018, by Nsanzimana Ernest -
Perezida Kagame yasabye Umuhungu wa Fred Rwigema kwirengagiza amabwire "y’Abaturanyi" agataha mu Rwanda
7 November 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yitabiriye ubukwe bw’umukobwa w’intwari y’igihugu Fred Gisa Rwigema witwa Teta Gisa,washakanye na Marvin Manzi, umuhungu wa Louis B. Kamanzi nyiri Radio Flash mu bukwe bwabereye i Kigali kuri uyu wa Gatandatu,tariki ya 06 Ugushyingo 2021.
-
MINISANTE yahagaritse ibitaro bya MBC byakoreraga mu Biryogo
3 October 2021, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yafunze MBC Hospital iherereye mu karere ka Nyarugenge mu Biryogo nyuma yaho ikoze ubugenzuzi igasanga hari amakosa akomeye yatuma iri vuriro rifungwa.
Iki cyemezo kirubahirizwa guhera tariki 6 Ukwakira 2021. Iri vuriro ryatangiye muri 2018.
Ibi bitaro byafunzwe byari biherereye mu Murenge wa Nyarugenge ahahoze Grace Hotel, haruguru y’isoko ryo mu Biryogo, bikaba byaratangiye gukora ku itariki 16 Mutarama 2018.
Ibi bitaro byafunzwe byatangaga serivisi zirimo (…) -
"Ubu dufite igisirikare cy’umwuga, gifite ibikoresho bijyanye n’igihe"-RDF
29 February 2024, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wungirije w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Col Simon Kabera, yavuze ko Igihugu cyiyubatse ku buryo nta wagihungabanya.
-
Perezida Kagame yasabye abayobozi kureka ’gukora ubusa’
28 March 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yabwiye abayobozi ko bakwiye kumva neza inshingano bafite,bakareka gukora ubusa kuko abaturage babakeneyeho byinshi.
Ibi yabigarutseho ubwo yahuraga n’abasaga 2000 bagize Itorero rya ba Rushingwangerero, rigizwe n’Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’utugari bose bo mu gihugu,kuri uyu wa Kabiri tariki ya 28 Werurwe 2023.
Uyu muhango wabereye mu Intare Conference Arena, i Rusororo.
Perezida Kagame yavuze ko bibabaje ko imibare y’abana barwaye bwaki,abavuye mu ishuri (…) -
INAMA Y’UMUTEKANO (EP10): Ibya Meya wa Ngororero washinjwe gutoteza “Abatutsi” biganaga i Nyamishaba
18 April 2025, by ISIMBI EstellaINAMA Y’UMUTEKANO: Abize i Nyamishaba bavuga ko Meya wa Ngororero atigeze abasaba imbabazi ku itotezwa yabakoreye icyo gihe bigana! Ubuhamya
-
Brig Gen Godfrey Gasana yagizwe Umupilote wa Perezida
25 January, by ISIMBI EstellaPerezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga yagize Brig Gen Godfrey Gasana, Umupilote wihariye wa Perezida, imirimo azajya afatanya no kuba Umujyanama wa Minisitiri w’Ingabo mu bijyanye n’imikorere y’umutwe w’Ingabo zirwanira mu kirere.
-
Perezida Ali Bongo yagarutse mu Rwanda mu ruzinduko rw’ umunsi umwe
13 February 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Gabon Ali Bongo Ondimba waherukaga mu Rwanda mu mezi atanu ashize kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Gashyantare yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’ umunsi umwe.
Ku isaha ya Saa tanu nibwo Perezida Ali Bongo yageze ku kibuga cy’ indege cya Kigali I Kanombe aho yakiriwe n’ abayobozi batandukanye barimo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Louise Mushikiwabo; Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Patrick Nyamvumba n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi, IGP Emmanuel Gasana.
Muri uru ruzinduko rw’ (…) -
Ibaruwa y’ u Rwanda yo gushimira Evariste Ndayishimiye watsinze amatora n’umukoro kuri Leta nshya y’u Burundi
8 June 2020, by Dusingizimana RemyMu ijoro ryo ku wa gatandatu ushize tariki ya 6 Kamena 2020, nibwo leta y’u Rwanda ibinyujije muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane yandikiye ibaruwa irimo ubutumwa bushimira intsinzi ya Evariste Ndayishimiye ku mwanya w’umukuru w’igihugu mu Burundi ndetse ivuga ko u Rwanda rwiteguye gukorana nawe mu kuzahura umubano n’igihugu cye.
-
RDC yashyizeho impapuro zo guta muri yombi Col Nangaa wa ARC/M23
6 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko rwa Gisirikare rwa Kinshasa rwashyizeho impapuro zo guta muri yombi uwahoze ayobora Komisiyo y’Amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ubu akaba ari Umuhuzabikorwa w’Ihuriro AFC (Alliance Fleuve Congo) ryibumbiyemo imitwe ya politiki n’iyitwaje intwaro (ARC/M23), Corneille Nangaa.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yasabye Umuhungu wa Fred Rwigema kwirengagiza amabwire "y’Abaturanyi" agataha mu Rwanda
MINISANTE yahagaritse ibitaro bya MBC byakoreraga mu Biryogo
"Ubu dufite igisirikare cy’umwuga, gifite ibikoresho bijyanye n’igihe"-RDF
Perezida Kagame yasabye abayobozi kureka ’gukora ubusa’
INAMA Y’UMUTEKANO (EP10): Ibya Meya wa Ngororero washinjwe gutoteza “Abatutsi” biganaga i Nyamishaba
Brig Gen Godfrey Gasana yagizwe Umupilote wa Perezida
RDC yashyizeho impapuro zo guta muri yombi Col Nangaa wa ARC/M23