Perezida Kagame yazamuye mu ntera ba Ofisiye ba Polisi y’u Rwanda bari bafite amapeti atandukanye aho 12 bari bafite Ipeti rya Chief Superintendent of Police bahawe ipeti rya Assistant Commissioner of Police.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abapolisi barenga 4500
26 April 2025, by ISIMBI Estella -
Karidinali Robert Francis Prevost niwe watorewe kuba papa
8 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUmukaridinali w’umunyamerika Robert Francis Prevost niwe watorewe kuba umushumba wa Kiliziya ku isi, akaba yahisemo kuzakoresha izina rya Papa Leo XIV.
-
Abafungwa barengana nyuma bakagirwa abere nibahabwe indishyi z’akababaro - Frank Habineza
4 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda, Frank Habineza, avuga ko ishyaka ayoboye rishyize imbaraga mu gushaka umuti w’ibibazo bibangamiye uburenganzira bwa muntu birimo gufunga umuntu igihe kirekire arengana nyamara yaba umwere ntihabwe indishyi z’akababaro, bikarangira abayeho mu buryo bumugoye.
-
Biravugwa: Gen. Afurika Jean Michel wari uyoboye inyeshyamba za RUD-URUNANA yakomerekejwe na FARDC abarinzi be 14 baricwa
15 October 2019, by Dusingizimana RemyAbaturage bo mu gace ka Binza,Teritwari ya Rucuru ahitwa Gasharu batangaje ko ku munsi w’ejo saa kumi n’ebyiri z’umugoroba,inyeshyamba za RUD- URUNANA zatezwe igico n’Ingabo za FARDC zibumbiye muri Operation ZOKOLA 2,benshi barapfa barimo abarinzi 14 barindaga Gen. Afurika Jean Michel usanzwe ari umuyobozi w’uyu mutwe.
-
Kigali:Hageze imodoka zitwara abagenzi zikoresha amashanyarazi
5 November 2023, by Dusingizimana RemyMuri gare zo mu Mujyi wa Kigali, hiyongereyemo imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange zikoreshwa n’amashanyarazi, umugenzi akishyura amafaranga 500 aho yaba ajya hose muri Kigali.
-
Perezida Kagame yatangaje ko yagiranye "ibiganiro byiza" na Donald Trump wa USA
25 April 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatandatu tariki ya 25 Mata 2020,Perezida Kagame yatangaje ko yagiranye ikiganiro cyiza na perezida wa Amerika Donald Trump cyibanze ku mubano w’ibihugu byombi no ku nkunga iki gihugu gitera u Rwanda mu guhangana n’icyorezo cya #COVID19.
-
Leta igiye kwishyurira abanyeshuri bashya barenga 16.000 inguzanyo yo kwiga kaminuza
6 November 2025, by Brenda MIZEROLeta y’u Rwanda igiye guha abanyeshuri bashya 16.768 inguzanyo yo kwiga kaminuza n’amashuri makuru mu mwaka wa 2025/26 binyuze muri gahunda nshya yo gukuraho umwaka umwe abasoje amashuri yisumbuye bamaraga mu rugo.
-
Perezida Kagame yongeye guha umukoro abo muri FPR Inkotanyi gushaka umusimbura we
10 March 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame akaba na Chairman wa FPR Inkotanyi, yasabye abanyamuryango kwibwiriza hakiri kare bagashaka ugomba kuzamukorera mu ngata bitagombeye ko abigiramo uruhare, yitsa cyane ku bakiri bato bari hagati y’imyaka 30 na 49.
-
Perezida Macron yasabiye ibihugu bikennye urukingo rwa Covid-19
19 February 2021, by Dusingizimana RemyPerezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yasabye Uburayi n’Amerika kohereza mu buryo bwihutirwa 5% by’inkingo zabyo za Covid-19 mu bihugu biri mu nzira y’amajyambere.
-
AFC yahakanye itangazo riyitwerera gukorana n’umutwe wa ADF NALU
27 August 2024, by Joseph IradukundaUbuyobozi bw’ihuriro ry’imitwe irwanya ubutegetsi bwa Kinshasa, Alliance Fleuve Congo (AFC) bwahakanye itangazo bwitiriwe rivuga ko bwagiranye amaseserano n’inyeshyamba zifatwa nk’umutwe w’iterabwoba wa ADF NALU mu kurwanya Leta ya Kinshasa.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abapolisi barenga 4500
Karidinali Robert Francis Prevost niwe watorewe kuba papa
Abafungwa barengana nyuma bakagirwa abere nibahabwe indishyi z’akababaro - Frank Habineza
Kigali:Hageze imodoka zitwara abagenzi zikoresha amashanyarazi
Leta igiye kwishyurira abanyeshuri bashya barenga 16.000 inguzanyo yo kwiga kaminuza
Perezida Kagame yongeye guha umukoro abo muri FPR Inkotanyi gushaka umusimbura we
AFC yahakanye itangazo riyitwerera gukorana n’umutwe wa ADF NALU