Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwatangaje ko insengero 44 zimaze gufungurwa mu nsengero 9,800 zari zarafunzwe kubera kutuzuza ibisabwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Menya amakuru y’Insengero zisaga 40 mu zari zafunzwe mu Rwanda zemerewe kongera gukora
30 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Inama y’abakuru b’ibihugu byo mu karere yatumijwe na Tshisekedi iraba kuri uyu wa Gatatu
6 October 2020, by Dusingizimana RemyInama y’Abakuru b’ibihugu byo mu karere yari yatumijwe na Perezida Felix Tshisekedi wa RDC yaherukaga gusubikwa mu minsi ishize kubera impamvu zirimo na Covid-19, izaba kuri uyu wa 07 Ukwakira 2020,hakoreshejwe ikoranabuhanga.
-
Perezida Kagame yahaye imbabazi Kizito Mihigo na Victoire Ingabire Umuhoza
14 September 2018, by UbwanditsiMu itangazo ryaturutse muri Misiteri y’Ubutabera iravuga ko kuri uyu wa 14/9/2018 Inama y’abaminisitiri yemeje irekurwa ry’abanyururu 2,140 nyuma y’uko bahawe imbabazi na Perezida wa Repubulika. Mu barekuwe kandi hakaba aharimo na Victoire Ingabire Umuhoza ndetse na Kizito Mihigo.
-
U Rwanda rwamaganye raporo ya Human Rights Watch irushinja gufungira abantu ahatazwi
28 September 2021, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wa guverinoma y’u Rwanda,Yolande Makolo, yatangaje kuri Twitter ko raporo Human Rights Watch [HRW] iherutse gushyira hanze ari "ukugerageza guhungabanya urwego rw’ingenzi rw’ubukungu bwacu hakoreshejwe ibirego byacuzwe"
Madamu Makolo avuga ko uko "gutoba bitazakora kuko ibyo birego atari ukuri".
Ati: "U Rwanda ntiruvangura ku gutsina cyangwa ku mahitamo ashingiye ku gitsinda mu mategeko, muri politiki cyangwa mu ngiro."
Raporo yasohowe na HRW kuri uyu wa mbere yavuze ko (…) -
Rurageretse hagati ya Diyosezi ya Butare na Sosiyete y’Ubwubatsi Garco
27 September 2020, by UbwanditsiMu Ukuboza 2017 nibwo habayeho amasezerano hagati ya Diyosezi Gatolika ya Butare ihagarariwe na Msgr Filipo Rukamba na sosiyete y’Ubwubatsi Garco Ltd ihagarariwe na Architect Jean Baptiste Cyusa yo kubaka Centre Pastorale, iruhande rwo ku gice cy’ahahoze Procure ku bazi Umujyi wa Butare.
Aya masezerano yari afite agaciro ka 314,869,700frws yari ayo kubaka inyubako ya niveau 3 yo gukoreramo n’imwe mu miryango gatolika ya Diyosezi ya Butare ndetse n’igice cy’abacunga ibintu bya Diyozezi (…) -
Kuki Abanyarwanda basabwa ruswa kuri serivisi zitangirwa ubuntu, bakaryumaho?
4 December 2025, by Brenda MIZEROUbushakashatsi kuri ruswa mu Rwanda (Rwanda Bribery Index 2025) bwagaragaje ko Abanyarwanda 9,5% gusa mu basabwe ruswa cyangwa abayitanze ari bo batanze amakuru ku nzego zishinzwe kuyirwanya, mu gihe 90,5% baruciye bakarumira.
-
Umuyobozi Mukuru wari ushinzwe imirimo rusange mu mujyi wa Kigali yasezeye ku mirimo
24 May 2018, by Nsanzimana ErnestMugabo Vianney wari Umuyobozi Mukuru ushinzwe imirimo rusange mu mujyi wa Kigali ari n’ Umunyamabanga nshingwabikorwa w’ agateganyo yasezeye kuri iyi mirimo.
Tariki 23 Gicurasi 2018 nibwo Mugabo Vianney yandikiye ubuyobozi bw’ umujyi wa Kigali asaba guhagarika imirimo, tariki 24 ubu buyobozi bwasuzumye ibaruwa ye bumwerera guhagarika imirimo.
Mugabo abaye umuyobozi wa Gatatu usezeye imirimo yari ashinzwe mu mujyi mu gihe kitarenze amezi abiri kuko tariki 11 z’ ukwezi gushize kwa Mata (…) -
Perezida Kagame yitabiriye siporo rusange aranipimisha
3 December 2017, by Nsanzimana ErnestKuri iki Cyumweru tariki 3 Ukuboza 2017, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ umufasha we Jeannette Kagame bitabiriye siporo rusange ngarukakwezi mu mihanda itarangwamo ibinyabizi.
Iyi siporo iba buri Cyumweru cya mberegitangira ukwezi. Bamwe mu bitabira iyi siporo bahagurukira mu mugi wa Kigali bagahurira ku kigo cy’ igihugu cy’ imisoro n’ amahoro n’ abahagurikiye Kimironko.
Kuri RRA niho hakorerwa imyitozo yo kunanura no kugorora ingingo, bigakorwa bibangikanye no kwipisha kubifuza (…) -
Kaboneka yabajijwe niba uwayoboye ikigo cy’ ishuri kikanengwa azashobora Nyabihu
4 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmuturage witwa Ruzirabwoba uvuka mu karere ka Nyabihu yabajije Minisititi w’ Ubutegetsi bw’ Igihugu Francis Kaboneka niba Musabimana Odette azashobora kuyobora akarere ka Nyabihu yatorewe kuyobora by’ agateganyo kandi ikigo cy’ Ishuri cya REGA ADEPR kirimo abanyeshuri 600 yayoboraga cyaranenzwe na Minisiteri y’ Uburezi ubwo yagenzuraga ireme ry’ uburezi.
-
Dr Habumuremyi wabaye Minisitiri w’Intebe azagezwa imbere y’urukiko kuri uyu wa Kane
15 July 2020, by Dusingizimana RemyDr.Pierre-Damien Habumuremyi ukuriye urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta y’Ishimwe,uri mu maboko y’Ubugenzacyaha kubera ibyaha by’ubuhemu akurikirwanyweho, ejo ku wa Kane tariki ya 16 Nyakanga azagezwa imbere y’Urukiko aburana ku ifunga n’Ifungurwa by’agateganyo.
Umuryango.rw
Menya amakuru y’Insengero zisaga 40 mu zari zafunzwe mu Rwanda zemerewe kongera gukora
Inama y’abakuru b’ibihugu byo mu karere yatumijwe na Tshisekedi iraba kuri uyu wa Gatatu
U Rwanda rwamaganye raporo ya Human Rights Watch irushinja gufungira abantu ahatazwi
Rurageretse hagati ya Diyosezi ya Butare na Sosiyete y’Ubwubatsi Garco
Kuki Abanyarwanda basabwa ruswa kuri serivisi zitangirwa ubuntu, bakaryumaho?
Dr Habumuremyi wabaye Minisitiri w’Intebe azagezwa imbere y’urukiko kuri uyu wa Kane