Igisirikare cyo mu kirere cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FAC) kirashaka cyane kuvugurura indege zacyo, kandi ubu u Buhinde nibwo buhanzwe amaso mu gushakisha indege za gisirikare ziteye imbere.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
FARDC iri kurambagiza indege z’indwanyi za Tejas Mk1 zizaza kunganira Sukoi-25 yakuye mu Burusiya
17 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Abadepite batumije abaminisitiri 5 ngo batange ibisobanuro ku bibazo bireba inzego bakuriye
4 May 2018, by Nsanzimana ErnestNibura abaminisitiri batanu bazanyura imbere y’ inteko ishinga amategeko mu mezi abiri ari imbere babazwe ibibazo abadepite babonye mu ngendo baherutse muri gahunda yo kugenzura ibikorwa bya guverinoma.
-
Buri masegoda 15 umukozi apfira mu kazi, mu Rwanda abakozi 90% ntibatangirwa ubwiteganyirize
27 October 2017, by Nsanzimana Ernest.Abakozi 10% nibo gusa batangira ubwizigame muri RSSB.
.Buri masagoda 15 umukozi apfira mu kazi -
Niyonkuru wari umuyobozi wungirije wa RDB yakuwe ku mirimo ye
6 October 2022, by Dusingizimana RemyUwari umuyobozi wungirije mu Kigo cy’Igihugu cy’Iterambere (RDB),Niyonkuru Zephanie yakuwe ku mirimo ye nkuko Itangazo ryaturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe ryabitangaje.
Iri tangazo rivuga ko Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yavanye ku mirimo Bwana Zephanie Niyonkuru wari Umuyobozi Mukuru wungirije wa w’Urwego rushinzwe Iterambere mu Rwanda "kubera amakosa y’imiyoborere idakwiye yakomeje kugaragaza".
Niyonkuru yashyizwe kuri uyu mwanya mu Ukwakira 2019 asimbuye (…) -
‘Uwatse ruswa ngo akurikirane ikirego cy’ umwana wasambanyijwe si komanda’ –RIB
25 November 2018, by Nsanzimana ErnestMbabazi Modeste , Umuvugizi wa RIB
Kirehe- Urwego rw’ igihugu rw’ ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko ruri gushakisha umuntu wiyise komanda wa polisi akaka ruswa umuturage ngo akurikirane ikirego cy’ umwana w’ imyaka irindwi wasambanyijwe.
-
Abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi mu murenge wa Nyakabanda barishimira ibikorwa by’indashyikirwa bagezeho.
15 March, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa 15 Werurwe 2026, abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi bo mu murenge wa Nyakabanda mu karere ka Nyarugenge, bakoze inteko rusange yabahuje nk’abanyamuryango bishimira ibyo bamaze kugeraho.
-
Amb Muhizi yashyikirije Perezida wa Singapore impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda
18 November 2025, by Brenda MIZEROInnocent Muhizi wagizwe Ambasaderi w’u Rwanda muri Singapore, yavuze ko zimwe mu ntego afite ari kongera imikoranire hagati y’ibihugu byombi mu bijyanye n’ikoranabuhanga n’ubucuruzi.
-
Umubano ukomeje kuba mwiza hagati y’umuhungu wa Museveni na Perezida Kagame
11 February 2022, by SHEMA EMMANUELLt Gen Muhoozi ukomeje kugaragaza ubushake mu gutuma u Rwanda na Uganda byongera kunoza umubano,akomeje kwerekana ko ibihugu byombi ari abavandimwe kandi kuva na kera ariko byahoze.
-
Mu rukiko Gen Bunyoni yashyize mu majwi u Rwanda kumuneka
7 November 2023, by Dusingizimana RemyUwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’Uburundi, Alain Guillaume Bunyoni,yatangiye kuburanishwa mu mizi kuri uyu wa mbere aho yashinje u Rwanda kumuneka binyuze mu kwinjirira ibikoresho bye by’itumanaho.
-
Nduhungirehe yeruriye Kaja Kallas ko ibihano u Rwanda rufatirwa bitazakemura ibibazo bya RDC
11 March 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe uri i Bruxelles mu Bubiligi, ku wa Mbere yahuye anagirana ibiganiro na Visi-Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Kaja Kallas.
Umuryango.rw
FARDC iri kurambagiza indege z’indwanyi za Tejas Mk1 zizaza kunganira Sukoi-25 yakuye mu Burusiya
Buri masegoda 15 umukozi apfira mu kazi, mu Rwanda abakozi 90% ntibatangirwa ubwiteganyirize
Niyonkuru wari umuyobozi wungirije wa RDB yakuwe ku mirimo ye
Abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi mu murenge wa Nyakabanda barishimira ibikorwa by’indashyikirwa bagezeho.
Amb Muhizi yashyikirije Perezida wa Singapore impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda
Umubano ukomeje kuba mwiza hagati y’umuhungu wa Museveni na Perezida Kagame
Mu rukiko Gen Bunyoni yashyize mu majwi u Rwanda kumuneka
Nduhungirehe yeruriye Kaja Kallas ko ibihano u Rwanda rufatirwa bitazakemura ibibazo bya RDC