Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yirukanye mu gisirikare Jenerali Majoro Martin Nzaramba na Col Dr Etienne Uwimana hamwe n’abandi ba ofisiye bakuru n’abato 19 batatangajwe, ku mpamvu zitatangajwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yirukanye Maj Gen Martin Nzaramba n’abandi basirikare barenga 200 mu ngabo z’Igihugu (RDF)
30 August 2024, by Joseph Iradukunda -
Padiri Sibomana Venuste yapfuye ari gukora siporo
12 March 2019, by Dusingizimana RemyPadiri Sibomana Venuste wo muri Paruwasi ya Magi muri Diyoseze ya Butare yitabye Imana ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere Taliki ya 11 Werurwe 2019 ubwo yari muri siporo.
-
Perezida Kagame yashimiye Joe Biden watorewe kuyobora Amerika
8 November 2020, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika,Paul Kagame,yashimiye Joe Biden,watorewe kuyobora Amerika atsinze Donald Trump bari bahanganye mu matora yavugishije isi yose.
-
Uko ibisasu bya Iran byahinduye Israel umuyonga (Amafoto)
26 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu ntambara imaze iminsi ishyamiranyije Israel na Iran, iki gihugu muri Kamena cyateye missile zikabakaba 400 muri Israel ndetse cyoherezayo drone nyinshi ku buryo nibura missile zigera kuri 35 zabashije guhamya igipimo zishwanyaguza ibikorwaremezo zinatwara ubuzima bw’abantu nk’uko bivugwa n’ubuyobozi bwa Israel.
-
Abasura pariki z’igihugu bikubye gatandatu
8 January, by Brenda MIZEROIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyagaragaje ko Pariki y’Igihugu y’Akagera ari yo iza ku isonga mu gusurwa cyane mu gihugu kuva mu myaka 20 ishize.
-
Dr Nsanzimana wayoboraga RBC yagizwe Umuyobozi wa CHUB
4 February 2022, by Rebecca UFITAMAHOROItangazo riturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe, rivuga ko Dr Sabin Nsanzimana agizwe Umuyobozi mukuru w’Ibitaro bya Kaminuza bya Butare (CHUB), guhera ku itariki 03 Gashyantare 2022.
-
Polisi yerekanye abashinjwa kwiba TV z’abaturage bakajya kuzigurisha
18 February 2021, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Gashyantare 2021, Polisi y’igihugu yerekanye abagabo barindwi bakekwaho kwiba no kugurisha Televiziyo zo mu bwoko bwa Flat Screen mu Mujyi wa Kigali.
-
Martin Fayulu n’ihuriro rye bibasiye Perezida Tshisekedi wizeye ingabo za EAC
3 January 2023, by Dusingizimana RemyIhuriro LAMUKA ririmo abanyapolitiki bakomeye muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo nka Martin Fayulu, ryanenze Perezida Antoine Felix Tshisekedi,wizeye ko ingabo z’Umuryago wa Afurika y’Iburasirazuba zagarura amahoro mu Burasirazuba bwa Congo.
Umuvugizi wa LAMUKA, Prince Epenge,yavuze ko “misiyo yo kurinda abana b’abanye-Congo biri mu biganza by’Abanye-Congo ubwabo ndetse na Polisi”,aho kuba izi ngabo z’amahanga.
Uyu muvugizi yabwiye Okapi ko “Kuba Felix Tshisekedi yaremeye ko ingabo (…) -
U Rwanda na Pakistan byasinyanye amasezerano y’ubufatanye
21 April 2025, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa 21 Mata 2025 U Rwanda na Pakistan byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’amahugurwa mu bya Dipolomasi
-
Omedi na Kiwanuka ba APR FC bakuwe mu Ikipe y’Igihugu ya Uganda yitegura CHAN2024
13 January 2025, by Joseph IradukundaUmutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Uganda, Paul Joseph Put, yakuye Denis Omedi na Hakim Kiwanuka mu bakinnyi iki gihugu kizifashisha muri CHAN 2024 nyuma y’uko bombi bamaze gusinyira APR FC.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yirukanye Maj Gen Martin Nzaramba n’abandi basirikare barenga 200 mu ngabo z’Igihugu (RDF)
Uko ibisasu bya Iran byahinduye Israel umuyonga (Amafoto)
Abasura pariki z’igihugu bikubye gatandatu
Dr Nsanzimana wayoboraga RBC yagizwe Umuyobozi wa CHUB
Martin Fayulu n’ihuriro rye bibasiye Perezida Tshisekedi wizeye ingabo za EAC
U Rwanda na Pakistan byasinyanye amasezerano y’ubufatanye
Omedi na Kiwanuka ba APR FC bakuwe mu Ikipe y’Igihugu ya Uganda yitegura CHAN2024