Ubwo yafunguraga Inama y’iminsi ibiri ya Biro Politiki y’Umuryango FPR Inkotanyi abereye Umuyobozi Mukuru,Perezida Kagame yavuze ko atemera abanyamadini bamusura bamubwira ko Imana yabahaye ubutumwa ngo babumugezeho.
Perezida Kagame yavuze ko nubwo aba banyamadini abategamatwi ariko atabemera ndetse ko banava hamwe ababwije ukuri.
Perezida Kagame avuga ko gukorera Imana ari byiza ariko ko ikibazo ari uko hari ’abarengwa bagahinduka Imana.’
Yagize ati "Hari abantu baza bakambwira ngo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yavuze ku banyamadini bajya kumureba bavuga ko Imana yabatumye
22 October 2022, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yasabye Abanyarwanda gukomeza ubufatanye mu kurinda pariki y’Ibirunga
6 September 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida Kagame yasabye abanyarwanda gukomeza ubufatanye mu kubungabunga pariki y’ibirunga kuko ibafasha kubona ibibateza imbere ndetse bigateza imbere igihugu.
-
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bugiye kujuririra icyemezo cyo guhagarika iperereza kuri Agathe Kanziga
22 August 2025, by ISIMBI EstellaUmunyamategeko wunganira imiryango iharanira inyungu z’abaregera indishyi mu manza z’ababuranishwa ibyaha bya Jenoside, Me Richard Gisagara, yatangaje ko icyemezo cy’abacamanza b’u Bufaransa gihagarika iperereza kuri Agathe Kanziga kizajuririrwa.
-
Ibyakurikiye andi masezerano u Rwanda rwagiranye na RDC mu myaka 23 ishize
11 December 2025, by ISIMBI EstellaMu myaka 23 ishize, Paul Kagame na Joseph Kabila Kabange bashyize umukono ku masezerano y’amahoro y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashoboraga kuba yarafashije akarere kugira amahoro arambye.
-
Ingengo y’imari ya 2025/2026 yagabanyutseho miliyari 80,4 Frw
12 February, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Murangwa Yusuf, yatangaje ko ingengo y’imari y’u Rwanda y’umwaka wa 2025/2026 yagabanyutseho miliyari 80,4 Frw ikava kuri miliyari 7.032,5 Frw ikagera kuri miliyari 6.952,1 Frw.
-
uko byagenze ngo u Rwanda rwikure mu muryango wa CEEAC
8 June 2025, by Joseph IradukundaLeta y’u Rwanda ivuga ko yikuye mu muryango w’ubukungu w’ibihugu by’Afurika yo hagati (Communauté Économique des États de l’Afrique Centrale, CEEAC), ishinja guhinduka "igikoresho" cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ku bufatanye n’"ibihugu bimwe binyamuryango".
-
Ubushomeri mu rubyiruko bwageze kuri 14,1%
23 January, by Brenda MIZERORaporo nshya ku bijyanye n’umurimo mu Rwanda (Labour Force Survey), y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), igaragaza ko mu gihembwe cya Kane cy’umwaka wa 2025 ubushomeri mu rubyiruko bwagabanyutseho 3% ugereranyije n’uko byari bimeze mu gihembwe nk’icyo 2024.
-
Umujyi wa Kigali wamaze kuzuza inzu ya mbere yimuriwemo abaturiye Ruhurura ya Mpazi
7 June 2021, by Dusingizimana RemyUmujyi wa Kigali urimo gushyira mu bikorwa umushinga wo kubakira abatuye mu bice byegereye ruhurura ya Mpazi by’Imirenge ya Kimisagara, Gitega na Rwezamenyo.
-
Perezida Kagame yashimye uko inzego z’umutekano zitwaye muri 2023
30 December 2023, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yageneye ubutumwa busoza umwaka Ingabo z’Igihugu n’inzego z’umutekano.
-
FPR Inkotanyi igiye gutora abazayihagararira mu matora ya Perezida n’abadepite
23 February 2024, by Dusingizimana RemyUbunyamabanga bw’Umuryango FPR Inkotanyi bwatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatandatu tariki 24 Gashyantare 2024, hazatangira amatora yo gushaka uzawuhagararira mu matora ya Perezida ateganyijwe muri Nyakanga 2024 n’abazawuhagararira umuryango mu matora y’Abadepite.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yavuze ku banyamadini bajya kumureba bavuga ko Imana yabatumye
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bugiye kujuririra icyemezo cyo guhagarika iperereza kuri Agathe Kanziga
Ibyakurikiye andi masezerano u Rwanda rwagiranye na RDC mu myaka 23 ishize
Ingengo y’imari ya 2025/2026 yagabanyutseho miliyari 80,4 Frw
uko byagenze ngo u Rwanda rwikure mu muryango wa CEEAC
Ubushomeri mu rubyiruko bwageze kuri 14,1%
Umujyi wa Kigali wamaze kuzuza inzu ya mbere yimuriwemo abaturiye Ruhurura ya Mpazi
Perezida Kagame yashimye uko inzego z’umutekano zitwaye muri 2023
FPR Inkotanyi igiye gutora abazayihagararira mu matora ya Perezida n’abadepite