Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb.Olivier Nduhugirehe, yatamaje umunyamakurukazi w’umunya-Amerika, Hariana Verás Victória, avuga ko yigira impirimbanyi y’ibibazo bya Afurika nyamara ari igikoresho cya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yatamaje umunyamakuru Harian Veras wabaye igikoresho cya Tshisekedi
7 February, by Angeline MUKANGENZI -
Ibiciro by’ ingendo byazamutseho amafaranga 2 ku kilometero
29 March 2018, by Nsanzimana ErnestIkigo cy’ igihugu ngenzura mikorere RURA cyatangaje ko ibiciro by’ ingendo byazamuwe. Mu mugi wa Kigali igiciro cy’ urugendo mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange cyavuye cyavuye ku mafaranga 20 ku kilometero kimwe kigera ku mafaranga 22 naho ku mugenzi uva mu mujyi umwe ajya mu wundi kiva ku 19 Frw kigera kuri 21 Frw.
Ibiciro bishya bizatangira kubahirizwa kuwa Mbere tariki 2 Mata 2018.
Ibi bitangajwe nyuma y’ uko kuva mu mwaka ushize wa 2017 buri mezi abiri RURA yatangazaga (…) -
Arenze kuba umuhanzi wa Gospel – Minisitiri Nduhungirehe nyuma yo kwitabira igitaramo "Icyambu4" cya Israel Mbonyi
26 December 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko yakozwe ku mutima n’igitaramo “Icyambu 4” cya Israel Mbonyi cyabereye muri BK Arena mu ijoro rya Noheli, kuri uyu wa Kane tariki 25 Ukuboza 2025.
-
Ifaranga ry’u Rwanda ryataye agaciro bidasanzwe muri 2023/24-Gov. Rwangombwa
19 November 2024, by Joseph IradukundaGuverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda John Rwangombwa yatangaje ko mu 2023/2024 ifaranga ry’u Rwanda ryataye agaciro mu buryo budasanzwe ugereranyije n’Idorali rya Amerika, bigera kuri 16,3% ugereranyije na 5% byahozeho.
-
Urwego rw’Ubucamanza rwagaragaje ikiri gufungisha abantu ku bwinshi
2 September 2024, by Joseph IradukundaUrwego rw’Ubucamanza rw’u Rwanda rwatangaje ko ibyaha birimo Ubujura, gukubita no gukomeretsa bikomeje kuza ku isonga mu byaha bikorwa cyane bituma bamwe bisanga muri gereza.
-
Israel yubuye ibitero kuri Iran, iyishinja kutubahiriza agahenge
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ingabo muri Israel, Katz Israel yatangaje ko yategetse igisirikare cy’iki gihugu kubura ibitero kuri Iran, nyuma yo kuyishinja kutubahiriza agahenge kashyizweho.
-
Abantu babiri bananirwa kubana bate? Perezida Kagame ku makimbirane y’abashakanye
1 February, by ISIMBI EstellaPerezida Paul Kagame yagaragaje ko atumva uburyo abantu babiri bashakanye bananiranwa kubana kugeza batandukanye, avuga ko abantu bari bakwiye kwihanganirana, ndetse aha umukoro abanyamadini wo gushaka igisubizo kirambye kuri icyo kibazo.
-
Minisitiri w’Intebe yavuze kucyakuye Abanyarwanda miliyoni 1,5 mu bukene
16 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yatangaje ko gahunda zitandukanye zigamije kuzamura imibereho y’Abanyarwanda zirimo VUP n’izindi zahanze imirimo, bizamura ibyo umuturage yinjiza.
-
Château le Marara yakomorewe, ijya mu maboko mashya
26 December 2025, by Brenda MIZEROUrwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwahaye uruhushya rwo gukora hoteli ya Château le Marara yari iherutse gufungwa nyuma y’uko bigaragaye ko yakoraga nta burenganzira ifite.
-
Rwanda Coding Academy igiye guhagararira u Rwanda mu marushanwa nyafurika
9 November 2025, by Brenda MIZEROIshuri ryisumbuye ryigisha ibijyanye n’ikoranabuhanga rya Rwanda Coding Academy ryatsindiye kuzahagararira u Rwanda mu irushanwa nyafurika rya ‘Junior Achievement Africa Company of the Year’ rizabera muri Nigeria.
Umuryango.rw
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yatamaje umunyamakuru Harian Veras wabaye igikoresho cya Tshisekedi
Arenze kuba umuhanzi wa Gospel – Minisitiri Nduhungirehe nyuma yo kwitabira igitaramo "Icyambu4" cya Israel Mbonyi
Ifaranga ry’u Rwanda ryataye agaciro bidasanzwe muri 2023/24-Gov. Rwangombwa
Urwego rw’Ubucamanza rwagaragaje ikiri gufungisha abantu ku bwinshi
Israel yubuye ibitero kuri Iran, iyishinja kutubahiriza agahenge
Abantu babiri bananirwa kubana bate? Perezida Kagame ku makimbirane y’abashakanye
Minisitiri w’Intebe yavuze kucyakuye Abanyarwanda miliyoni 1,5 mu bukene
Château le Marara yakomorewe, ijya mu maboko mashya
Rwanda Coding Academy igiye guhagararira u Rwanda mu marushanwa nyafurika