Umujyanama wihariye mu kurwanya Jenoside w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Alice Wairimu Nderitu, yavuze ko ahangayikishijwe n’ibibazo by’umutekano muke biri kubera hirya no hino ku Isi by’umwihariko no mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Loni yongeye kugaragaza ko ihangayikishijwe n’imigirire iganisha kuri Jenoside muri RDC
4 November 2024, by Joseph Iradukunda -
RDF irasaba ingabo za RDC kurekura abasirikare bayo zashimutiye mu Rwanda
28 May 2022, by Dusingizimana RemyIgisirikare cy’u Rwanda [RDF] cyatangaje ko abasirikare babiri bacyo bashimuswe n’Ingabo za FARDC zifatanyije n’umutwe wa FDLR ubwo bari ku burinzi.
Mu itangazo RDF yashyize hanze,yasabye ingabo za FARDC ishinja gukorana na FDLR kurekura aba basirikare barimo uwitwa Cpl Nkundabagenzi Elysee na Pte Ntwari Gad ubu bafunguwe mu burasirazuba bwa RDC.
Itangazo rigira riti "Nyuma y’ibitero by’ubushotoranyi byakozwe na FARDC kuwa 23 Gicurasi 2022 aho ibisasu bitandukanye byarashwe ku butaka (…) -
Perezida wa Ukraine yirukanye abayobozi bakomeye bo munzego z’umutekano
1 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUmukuru w’ihugu cya Ukraine Volodymyr Zelenskiy yatangaje ko yerukanye abayobozi babiri (2)bakuru bo mu nzego zishinzwe umutekano z’igihugu cya Ukraine nyuma yo gukora ubugambanyi bukomeye .
-
Amasengesho yo gusengera igihugu yitabiriwe na Perezida Kagame na madamu
15 September 2024, by Joseph IradukundaPerezida Kagame na Madamu we, Jeannette Kagame, bifatanije n’abayobozi babarirwa mu magana baturutse mu gihugu hose mu masengesho yo gushimira Imana yateguwe na Rwanda Leaders Fellowship.
-
Covid 19 yongereye ihungabana mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
9 April 2021, by Dusingizimana RemyImpuguke mu byerekeye imitekerereze ya muntu mu Rwanda zemeza ko muri ibi bihe isi n’u Rwanda byugarijwe na Covid-19, ihungabana ryiyongereye cyane mu barokotse jenoside yakorewe Abatutsi.
-
’Ndaza kubamerera nabi’ Perezida Kagame atangiza umwiherero wa 15
26 February 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul yagereranyije kurangiza inshingano umuyobozi aba yahawe no kurwana urugamba, yongera kugaya abayobozi bakora mu nzego zimwe badakorana, anabaza niba ingabo zarwana urugamba zidakorana.
Ubu ni bumwe mu butumwa Perezida Kagame yatanze atangiza umwiherero wa 15 w’ abayobozi bakuru b’ igihugu urimo kubera I Gabiro mu karere Gatsibo.
Yagize ati “Abantu 100 gusa bagiye ku rugamba, ariko buri umwe akikorera ibyo yishakiye , usigara inyuma umwanzi abari imbere urwo (…) -
RDF yahaye isezerano rikomeye Abanyarwanda bahangayikishijwe n’umutekano
14 June 2022, by Dusingizimana RemyIngabo z’u Rwanda RDF zahumurije abaturage muri rusange ko umutekano w’abanyarwanda n’ubusugire bw’imbibi z’u Rwanda bibungabunzwe neza.
Muri ubu butumwa bwashyizwe hanze n’Ingabo z’u Rwanda kuri uyu wa kabiri, bukomeza buvuga ko ingabo z’u Rwanda zizakomeza gukora ibishoboka byose ngo ibitero bikomeje kwibasira u Rwanda biturutse hakurya y’umupaka bihagarare.
Kuwa Gatanu w’icyumweru gishize nibwo I Musanze hongeye guterwa ibindi bisasu 2 byo mu bwoko bwa Rokete biturutse muri RDC.
Mu (…) -
Kabuga Felicien ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yajyanwe mu bitaro
27 September 2020, by Dusingizimana RemyUmunyarwanda Kabuga Felicien ufungiye mu Bufaransa, biravugwa ko amerewe nabi ndetse yakuwe aho yari afungiwe kubera impamvu z’uburwayi, akaba arimo kwitabwaho n’abaganga.
-
Elon Musk yicujije guhangana na Trump
11 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuherwe wa mbere ku Isi, ufite ibigo birimo Tesla, Space X, Starlink na X, Elon Musk, yicujije guhangana na Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yemera ko yakabije.
-
Umuforomo yanze kwakira umurwayi ngo udafite mituelle ahita yirukanwa
15 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmuforomo witwa Nyirarukundo Josiane wok u bitaro bya Kaminuza I Butare CHUB yirukanwe mu bitaro nyuma yo kwanga kwakira umurwayi wari usanywe na Ambilance ngo ntafite ubwisungane mu kwivuza.
Umuryango.rw
Loni yongeye kugaragaza ko ihangayikishijwe n’imigirire iganisha kuri Jenoside muri RDC
RDF irasaba ingabo za RDC kurekura abasirikare bayo zashimutiye mu Rwanda
Perezida wa Ukraine yirukanye abayobozi bakomeye bo munzego z’umutekano
Amasengesho yo gusengera igihugu yitabiriwe na Perezida Kagame na madamu
Covid 19 yongereye ihungabana mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
RDF yahaye isezerano rikomeye Abanyarwanda bahangayikishijwe n’umutekano
Kabuga Felicien ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yajyanwe mu bitaro
Elon Musk yicujije guhangana na Trump