Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko idashyigikiye umugambi umaze iminsi wo kwitandukanya kwa Somalia n’Intara ya Somaliland, ishimangira ko igikenewe ari ugushyira imbaraga mu nzira y’amahoro n’iterambere hubahirijwe amategeko mpuzamahanga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda ntirushyigikiye gutandukana kwa Somalia na Somaliland
29 December 2025, by ISIMBI Estella -
Kaminuza 6 zemerewe gusubukura amasomo muri uku kwezi zatangajwe
2 October 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Uburezi, Dr Uwamariya Valentine yatangaje ko kaminuza 6 ari zonyine zemerewe gusubukura amasomo muri uku kwezi kwa 10 hagati nyuma yo gufunga kubera icyorezo cya Covid-19.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Museveni
30 January 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda na mugenzi we wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni baganiriye mu bibazo byo mu karere kuri uyu wa Kabiri tariki 30 Mutarama 2018
Baganiriye ubwo bari I Addis Abeba muri Ethiopia ahari kubera inama ku bucuruzi n’ishorama
Iyi nama ya ‘Transform:Africa Business and Investment Forum” ikaba ari inama yigaga ku bucuruzi n’ishoramari muri Afurika, Inama Perezida Kagame yatanzemo ikiganiro akongera kugaruka ku mikoranire hagati y’abikorera ku giti cyabo na Leta mu kuzamura (…) -
Umuyobozi mukuru wa Polisi yazamuwe agirwa Commissioner General, CG
20 July 2023, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika Paul Kagame yazamuye mu ntera Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda DCG Felix Namuhoranye amuha ipeti rya Commissioner General, CG.
Muri Gashyantare uyu mwaka nibwo DCG Namuhoranye Felix yagizwe umuyobozi wa Polisi asimbuye CG Dan Munyuza, wari kuri uyu mwanya kuva mu mwaka wa 2018.
Icyo gihe Namuhoranye we yari asanzwe ari umuyobozi wa Polisi wungirije ushinzwe ibikorwa.
Mu bandi icyo gihe bahawe inshingano nshya barimo CP Vincent Sano yagizwe Umuyobozi Mukuru (…) -
Kigali: Hagiye kongerwa imodoka 20 zitwara abagenzi mu muhanda bitarenze iminsi 2
9 August 2022, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bw’ikigo ngenzuramikorere,RURA, buravuga ko muri gahunda yo kongera imodoka zitwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali, mu gihe kitarenze iminsi 2 hari izindi modoka 20 ziza kwiyongera ku zisanzwe zikora uyu murimo.
Mu kiganiro Umuyobozi mukuru wa RURA,Eng.Deo Muvunyi yahaye RBA,yavuze ko hari abashoramari bamaze kugera ku ruganda bagiye gushaka imodoka zo gutwara abagenzi ndetse ko mu minsi itarenze 2 hari imodoka 20 ziriyongera mu zari zisanzwe zitwara abagenzi mu mujyi wa Kigali. (…) -
Ibikorwa byabo ntibizibagirana!!! Abihaye Imana banze gutererana intama baragijwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi
13 April 2023, by Dusingizimana RemyMu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, benshi bahisemo guhungira mu nsengero cyane cyane muri za Kiliziya no mu bigo by’abihayimana, bizeye ko baharokokera kuko bumvaga ko nta kizira gishobora kwinjira ahera. Muri make batekerezaga ko nta bwicanyi bwahahinguka.
Ubuhamya n’ibimenyetso bifatika bishimangira ko icyizere Abatutsi bari bafitiye insengero cyaraje amasinde kuko harokokeye mbarwa, Kiliziya zuzura imirambo n’imivu y’amaraso.
Bamwe mu banyamadini n’amatorero nk’abapadiri, (…) -
Ignace Murwanashyaka wayoboraga FDLR yaguye mu Budage
17 April 2019, by UbwanditsiInkuru dukesha ikinyamakuru Umuseke yasohotse ku mugoroba wo kuri uyu wa kabili aravuga ko Umunyarwanda, Ignace Murwanashyaka w’imyaka 56 wayoboraga umutwe wa FDLR utavuga rumwe na Leta y’u Rwanda yaguye muri gereza yo mu Budage azize uburwayi.
-
UNESCO yashyize Ikinyarwanda mu ndimi zizacika burundu mu Isi niba nta gikozwe
3 February 2018, by Nsanzimana ErnestRaporo y’ishami rya Loni rishinzwe uburezi, ubumenyi n’umuco (Nations Educational, Scientific and Cultural Organisation-UNESCO) ritangaza ko indimi zirimo n’ Ikinyarwanda usanga zitarimo kwandikamo muri iyi minsi ku buryo ngo ziri mu zizazimira mu mpera z’iki kinyejana niba ntagikozwe. Ni mu gihe Ikinyarwanda kivugwa n’abantu basaga miliyoni 40 ku Isi.
Indimi zisaga ibihumbi 6 zo ku Isi ziri mu marembera [yo kuzimira] mu mpera z’iki kinyejana cya 21. Abanyarwanda barasabwa gukora (…) -
Idarapo rya Commonwearth ryazamuwe i Kigali
9 March 2020, by Martin MunezeroKuri uyu wa Mbere muri Convention Centre Police y’u Rwanda yazamuye ibendera ry’umuryango w’ibihugu bivuga ururimi rw’Icyongereza, nk’uko biteganyijwe ko inama y’uyu muryango izabera mu Rwanda muri Kamena 2020.
-
Tshisekedi ntagishaka ko duhura- Louise Mushikiwabo
11 February, by Brenda MIZEROUmunyamabanga Mukuru wa OIF, Louise Mushikiwabo, yatangaje ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo butishimiye kubona Umunyarwandakazi ayoboye Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) kugeza aho Perezida w’iki gihugu, Félix Antoine Tshisekedi atacyifuza ko bahura.
Umuryango.rw
U Rwanda ntirushyigikiye gutandukana kwa Somalia na Somaliland
Kaminuza 6 zemerewe gusubukura amasomo muri uku kwezi zatangajwe
Umuyobozi mukuru wa Polisi yazamuwe agirwa Commissioner General, CG
Kigali: Hagiye kongerwa imodoka 20 zitwara abagenzi mu muhanda bitarenze iminsi 2
Ibikorwa byabo ntibizibagirana!!! Abihaye Imana banze gutererana intama baragijwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Tshisekedi ntagishaka ko duhura- Louise Mushikiwabo