Umuyobozi w’Akarere ka Ngoma Aphrodis Nambaje aravugwaho ko yanze kwishyura umushoferi bamaranye imyaka ine bagatandukana amukubise kuko ashatse kumwishyuza amezi 9 amurimo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Meya Nambaje arashinjwa ko yanze guhemba umushoferi we amezi 9 amwishyuje aramukubita
10 July 2018, by Nsanzimana Ernest -
Icyo bivuze kuba Minisitiri Sebahizi yahuye na Perezida Ndayishimiye
1 November 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ubucuruzi n’inganda w’u Rwanda, Prudence Sebahizi, wari uhagarariye u Rwanda mu nama ya 23 y’Isoko Rusange rya Afurika y’Iburasirazuba n’Amajyepfo (Common Market for Eastern and Southern Africa, COMESA), yahuye na Perezida w’u Burundi, Ndayishimiye Evariste.
-
Perezida Kagame nyuma yo kuva Jamaica yerekeje Barbados mu ruzinduko rwe rwa mbere [AMAFOTO]
16 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida wa Repubulika, Paul Kagame, yageze muri Barbados mu ruzinduko rw’akazi, nyuma y’urw’iminsi itatu yari asoje muri Jamaica.
-
Dore impamvu Maj Gen Nzaramba yirukanwe muri RDF
30 August 2024, by Joseph IradukundaIgisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyatangaje ko Maj Gen (Rtd) Martin Nzaramba wirukanwe mu ngabo z’u Rwanda yazize ibyaha bya ruswa ndetse no gukoresha nabi amafaranga yari agenewe kwita ku basirikare.
-
APR FC na Rayon Sports zatengushye abafana bazo muri shampiyona
25 November 2023Ikipe ya APR FC yanganyije na AS Kigali igitego 1-1 mu mukino w’Umunsi wa 11 wa Shampiyona mu gihe na Rayon Sports yongeye kunanirwa kwivana i Rubavu,inganya igitego 1-1 na Etincelles FC.
-
Kizito Mihigo yiyahuriye muri Kasho arapfa
17 February 2020, by Dusingizimana RemyUmuhanzi Kizito Mihigo wakunzwe cyane mu ndirimbo zitandukanye zirimo izihimbaza Imana yasanzwe yiyahuriye muri gereza yari afungiwemo nyuma yo gufatwa ashaka gutorokera I Burundi kuwa Kane w’icyumweru gishize.
-
Icyiciro cya mbere cy’inkingo z’icyorezo cya COVID-19 ziri muri gahunda ya Covax zageze mu Rwanda
3 March 2021, by Dusingizimana RemyIndege itwaye icyiciro cya mbere cy’inkingo z’icyorezo cya COVID-19 ziri muri gahunda ya Covax, imaze kugera mu Rwanda.Ni inkingo ibihumbi 240 zo mu bwoko bwa AstraZeneca.
-
Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yari igiye kuba ku nshuro ya 18 yasubitswe
14 December 2020, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda yafashe icyemezo cyo gusubika Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 2020 yari iteganyijwe ku wa Gatatu tariki 16 Ukuboza 2020, kubera ubwandu bwa COVID19 bukomeje kwiyongera.
-
Abapolisi b’u Rwanda 160 bari mu butumwa bambitswe imidali y’ishimwe
21 September 2024, by Joseph IradukundaUmuryango w’Abibumbye (UN), ejo ku wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, wambitse imidali y’ishimwe ry’akazi, abapolisi b’u Rwanda 160 bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS).
-
‘Igisirikare cyacu ubu gishobora kurasa i Kigali kiri i Goma’ – Perezida Tshisekedi
18 December 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Felix Tshisekedi wa DR Congo yavuze amagambo akomeye mu gusoza ibikorwa byo kwiyamamaza kuri uyu mugoroba aho yavuze ko “igisirikare cyacu uyu munsi gishobora kurasa i Kigali kiri i Goma”.
Umuryango.rw
Icyo bivuze kuba Minisitiri Sebahizi yahuye na Perezida Ndayishimiye
Perezida Kagame nyuma yo kuva Jamaica yerekeje Barbados mu ruzinduko rwe rwa mbere [AMAFOTO]
Dore impamvu Maj Gen Nzaramba yirukanwe muri RDF
APR FC na Rayon Sports zatengushye abafana bazo muri shampiyona
Kizito Mihigo yiyahuriye muri Kasho arapfa
Abapolisi b’u Rwanda 160 bari mu butumwa bambitswe imidali y’ishimwe
‘Igisirikare cyacu ubu gishobora kurasa i Kigali kiri i Goma’ – Perezida Tshisekedi