Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda iravuga ko kuri uyu wa Gatatu mu Karere ka Kamonyi mu murenge wa Gacurabwenge habereye impanuka yo mu muhanda ikanganye ariko ntihagira umuntu uhasiga ubuzima.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Kamonyi: Ikamyo yagonze imodoka itwara abagenzi Imana ikinga ukuboko
16 August 2023, by Dusingizimana Remy -
Bizimana Augustin wari mu bateguye Jenoside yakorewe Abatutsi yapfiriye muri Congo Brazzaville
22 May 2020, by Dusingizimana RemyUmushinjacyaha Mukuru w’Urwego rwasigariye Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, Serge Brammertz, yatangaje ko Bizimana Augustin wari ku rutonde rw’abakekwaho jenoside yakorewe Abatutsi, iperereza bakoze basanze yarapfiriye muri Congo Brazaville.
-
"Ntabwo wakubaka inyubako nziza ngo wemere ko hari uyisenya"-Kagame Paul i Rusizi
28 June 2024, by Dusingizimana RemyPaul Kagame ,Umukandida w’umuryango wa FPR Inkotanyi yabwiye abo mu karere ka Rusizi by’umwihariko urubyiruko ko bakwiriye gukomeza kurinda ibyagezweho kuko utakubaka inyubako nziza ngo wemere ko hari undi uyisenya.
-
Diane Rwigara n’umubyeyi we bikomye umucamanza bituma urubanza rusubikwa
24 September 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Mbere tariki 24 Nzeli byari biteganyijwe ko Diane Rwigara na nyina Mukamugemanyi Adeline biregura ku byaha barezwe n’Ubushinjacyaha mu iburanisha riheruka, bageze mu Rukiko Rukuru basabye kuburana ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo bahita bihana umucamanza umwe mu bari bagiye kuburanisha, ibi byatumye urubanza ruhita rusubikwa kugeza igihe kizagenwa n’Urukiko.
-
U Rwanda rwasobanuye iby’umunyamakuru w’Umubiligi wangiwe gukurikirana Shampiyona y’Isi y’umukino w’amagar
21 September 2025, by ISIMBI EstellaHashize iminsi ibiri bimwe mu binyamakuru by’i Burayi ndetse no ku mbuga nkoranyambaga, havugwa inkuru y’umunyamakuru w’Umubiligi, Stijn Vercruysse, ukorera televiziyo y’Ababiligi bavuga Igifurama (VRT) wangiwe kuza mu Rwanda gukurikirana shampiyona y’Isi y’umukino w’Amagare.
-
Emir wa Qatar ategerejwe mu Rwanda
20 November 2025, by ISIMBI EstellaEmir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al-Thani ategerejwe mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi.
-
"Gutora FPR n’umukandida wayo nicyo bivuze, ayo mateka mabi ntazasubira"-Kagame
27 June 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame,umukandida w’Umuryango FPR Inkotanyi, yakomereje ibikorwa byo kwamamaza ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, mu karere ka Huye kuri uyu wa 27 Kamena 2023.
-
Pio Mugabo wahoze ari Minisitiri yasezeweho bwa nyuma[AMAFOTO]
18 January 2020, by Martin MunezeroUrukiko Rukuru, abagize Urwego rw’Ubucamanza n’Urwego rw’Ubutabera, abayobozi mu nzego za Leta n’abo mu muryango, basezeye bwa nyuma kuri Pio Mugabo witabye Imana ku cyumweru azize uburwayi.
-
Minisitiri w’Umutekano w’u Rwanda yaganiriye na mugenzi we wa Qatar
29 October 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Umutekano Dr Biruta Vincent yahuye na mugenzi we wa Qatar, Sheikh Khalifa bin Hamad bin Khalifa Al Thani, baganira ku ngingo zitandukanye zifitiye inyungu ibihugu byombi ndetse n’imikoranire mu guteza imbere umutekano.
-
Minisitiri Bizimana yagaragaje uko ijambo ‘Ubwenge’ ryagoretswe n’abamunzwe n’urwango
29 December 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean-Damascène, yasobanuye uburyo abamunzwe n’urwango bahinduye igisobanuro cy’ijambo ‘Ubwenge’ bagamije inabi.
Umuryango.rw
Kamonyi: Ikamyo yagonze imodoka itwara abagenzi Imana ikinga ukuboko
"Ntabwo wakubaka inyubako nziza ngo wemere ko hari uyisenya"-Kagame Paul i Rusizi
U Rwanda rwasobanuye iby’umunyamakuru w’Umubiligi wangiwe gukurikirana Shampiyona y’Isi y’umukino w’amagar
Emir wa Qatar ategerejwe mu Rwanda
"Gutora FPR n’umukandida wayo nicyo bivuze, ayo mateka mabi ntazasubira"-Kagame
Minisitiri w’Umutekano w’u Rwanda yaganiriye na mugenzi we wa Qatar
Minisitiri Bizimana yagaragaje uko ijambo ‘Ubwenge’ ryagoretswe n’abamunzwe n’urwango