Umunyamakuru Kayitesi Yvonne wamamaye nka Tessy, yasezeranye imbere y’Imana n’Umuraperi Hakizimana Ishimwe Agappe uzwi nka Shizzo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Tessy yasezeranye imbere y’Imana na Shizzo (Amafoto)
10 January, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Ibiciro Bya Lisansi Na Mazutu byongeye kuzamuka
10 February 2025, by Joseph IradukundaItangazo ry’ikigo RURA ryasohowe kuri uyu wa Mbere tariki 10, Gashyantare, 2025 rivuga ko litiro ya lisansi igiye kumara amezi atatu igura Frw 1,633 naho iya Mazutu ikagura Frw 1,647.
-
U Rwanda rwasubije Guverinoma y’u Burundi yarushinje igitero cya Gerenade i Bujumbura
12 May 2024, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda yanyomoje ibirego iherutse gushinjwa n’u Burundi byo kugira uruhare mu bitero bya gerenade zatewe mu mujyi wa Bujumbura kuri uyu wa Gatanu tariki 10 Gicurasi 2024.
-
INteko ya Uganda yatumije Gen Muhoozi ngo asobanure ibyo yandika kuri X
18 January 2025, by Joseph IradukundaKomisiyo mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda ishinzwe Ingabo yasabye Minisitiri w’Ingabo z’ik’igihugu kuzana Umugaba Mukuru w’Ingabo akaba n’umuhungu wa Perezida Museveni Gen. Muhoozi Kainerugaba ngo atange ibisobanuo ku butumwa ajya yandika ku rbuga rwa X.
-
Abandi bantu 5 bakize Coronavirus mu Rwanda hanaboneka 2 bashya bayanduye
15 April 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Mata 2020, abantu batanu bari barwaye Coronavirus bakize basezererwa mu bitaro mu gihe hari abandi babiri basanzwemo iyo virusi mu bipimo 923 byafashwe.
-
J. Kagame yagaragaje ko intego y’u Rwanda ari ukugira umuryango ukungahaye
12 October 2017, by Iyamuremye JanvierMadamu Jeannette Kagame avuga ko intego u Rwanda rufite ari ukugira umuryango ukungahaye kandi ubasha kwigira. Ibi yabivugiye mu Karere ka Kirehe ubwo yatangizaga gahunda y’ubukangurambaga ku miyoborere n’imibereho myiza mu muryango nyarwanda.
Ubwo yageraga mu Karere ka Kirehe mu murenge wa Gatore, Akagali ka Nyamiryango, Madamu wa Perezida wa Repubulika yabanje gutaha ibyumba ababyeyi bo muri uyu murenge biyubakiye kugirango bajye babona ahantu hizewe basiga abana babo batarageza ku (…) -
Gen. Kayihura yarezwe muri ICC kubera ibyaha bikomeye bifite aho bihuriye n’ u Rwanda
6 March 2018, by Nsanzimana ErnestGen. Kale Kayihura wari umuyobozi mukuru wa Polisi ya Uganda yarezwe mu Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha ICC ku byaha byibasiye inyoko muntu akekwaho kuba yarakoze afatanyije n’ abandi bapolisi bakuru ba Uganda ubwo boherezaga ku gahato itsinda ry’ Abanyarwanda ngo basubire iwabo.
Iri tsinda ry’ Abanyarwanda riyobowe na Rugema Kayumba, niryo ryatanze ikirego mu Urukiko Mpuzamahanga ICC I Hague rivuga ko ryimwe ubutabera muri Uganda nk’uko Dail monitor yabitangaje.
Ibi bibaye nyuma y’ (…) -
Perezida Kagame yavuze ku kwangirwa kwiyamamaza kwa Ingabire Victoire n’impamvu hataboneka umusimbura we
25 March 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko kudahanagurwaho ubusembwa kwa Ingabire Victoire bigatuma ataziyamamaza byatewe n’amateka ye mabi arimo gukorana n’abakoze jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Rayon Sports inyagiye AS Kigali ikomeza gushimangira umwanya wa mbere
14 December 2024, by Joseph IradukundaRayon Sports yatsinze AS Kigali ibitego 3-1 mu mukino w’umunsi wa 13 wa Shampiyona ikomeza gushimangira umwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona.
-
M23 yigaruriye Umujyi wa Minova
21 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa M23 wamaze kwigarurira Umujyi wa Minova wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma yo kuwirukanamo Ingabo za Leta ya RDC n’abambari bawo.
Umuryango.rw
Tessy yasezeranye imbere y’Imana na Shizzo (Amafoto)
Ibiciro Bya Lisansi Na Mazutu byongeye kuzamuka
U Rwanda rwasubije Guverinoma y’u Burundi yarushinje igitero cya Gerenade i Bujumbura
INteko ya Uganda yatumije Gen Muhoozi ngo asobanure ibyo yandika kuri X
Abandi bantu 5 bakize Coronavirus mu Rwanda hanaboneka 2 bashya bayanduye
Perezida Kagame yavuze ku kwangirwa kwiyamamaza kwa Ingabire Victoire n’impamvu hataboneka umusimbura we
Rayon Sports inyagiye AS Kigali ikomeza gushimangira umwanya wa mbere
M23 yigaruriye Umujyi wa Minova