Umukuru w’igisirikare cya Sudan yabwiye BBC ko ashaka kuganira n’umukuru w’inyeshyamba arimo kurwana na we, buri umwe muri bo ashaka kwigarurira igihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Umukuru w’igisirikare cya Sudan avuga ko yiteguye ibiganiro by’amahoro
23 September 2023, by Dusingizimana Remy -
Paul Muvunyi ushinjwa gukoresha impapuro mpimbano yitabye ubushinjacyaha
30 December 2020, by Dusingizimana RemyUmunyemari Paul Muvunyi wabaye na Perezida wa Rayon Sports, ukurikiranyweho gukoresha impapuro mpimbano, yashyikirijwe ubushinjacyaha nyuma yo gutabwa muri yombi.
-
MINEDUC yashyize hanze amanota y’abakoze ibizamini bya Leta,isubizaho gusibira ku batsinzwe
4 October 2021, by Dusingizimana RemyMinisteri y’uburezi yatangaje amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza umwaka wa 6 w’amashuri abanza (P6) n’uwa 3 w’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye (O’Level).
Abanyeshuri bashoje icyiciro cy’amashuri abanza batangiye ibizamini bya leta ku wa mbere tariki ya 12 Nyakanga 2021, ni 251,906, barimo abakobwa 136,830 n’abahungu 115,076.
Muri rusange, abanyeshuri bagombaga gukora ibizamini bya Leta mu cyiciro rusange ni 121,626, harimo abakobwa 66, 240 n’abahungu 55, 386. (…) -
Hamenyekanye icyavuye mu biganiro Perezida Kagame yagiranye na Lourenço ku bibazo bya RDC
11 March 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yageze i Luanda muri Angola mu ruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe, aho yakiriwe na Perezida w’iki gihugu, João Lourenço,kuri uyu wambere tariki ya 11 Werurwe 2023.
-
Minisiteri ya siporo yavuze aho ikibazo cya Rayon Sports kigeze n’igihe umupira w’amaguru uzasubukurirwa
18 September 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri wa Siporo,Munyangaju Aurore Mimosa, yatangaje ko imyitozo y’amakipe izatangira mu ntangiriro z’Ukwakira anemeza ko ikibazo cya Rayon Sports kiri hafi gukemuka nkuko yabivuze mu minsi ishize.
-
Perezida Kagame yakiriwe na Mugenzi we wa Sénégal Macky Sall
22 February 2022, by SHEMA EMMANUELPerezida Paul Kagame yagiriye uruzinduko muri Sénégal aho yagiye kwifatanya na mugenzi w’icyo gihugu, Macky Sall, mu muhango wo gufungura ku mugaragaro Stade y’i Dakar ifite ubushobozi bwo kwakira abantu ibihumbi 50.
-
U Rwanda rwunze murya OMS rumara impungenge abarusura bikanga Marburg
13 October 2024, by Joseph IradukundaU Rwanda rwamaze impungenge abarusura bava mu mahanga ko nta cyo bakwiye kwikanga kuko ingamba zo guhangana n’icyorezo cya Marburg zafashwe kandi zitabangamira imirimo yabo.
-
Abanyarwanda basaga 100 bahungiye muri RDC urukingo rwa Covid-19
13 January 2022, by Dusingizimana RemyAbanyarwanda basaga ijana bambutse umupaka binjira muri Republika ya Demokarasi ya Kongo mu minsi ishize. Bavuze ko barimo guhunga amategeko y’igihugu cyabo abasaba gukingirwa Covid-19. Ibi byavuzwe kuri uyu wa gatatu n’abo ku ruhande rwa Kongo babakiriye.
Guverineri w’ikirwa cya Idjwi, Karongo Kalaja, yabwiye ibiro ntaramakuru ry’Abafaransa, AFP, ko amatsinda mato y’abanyarwanda yinjiye n’ubwato ishikira mu majyepfo y’icyo kirwa, ku nkengero y’ikiyaga cya Kivu. Yavuze ko bamaze (…) -
RDC: Abatavuga rumwe na Tshisekedi bahagurukiye rimwe bavuga amagambo akomeye
3 January 2024, by Dusingizimana RemyAbatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo barahamagarira abanyagihugu kwishyira hamwe bakarwanya Felix Tshisekedi watangajwe na komisiyo y’amatora muri Kongo CENI ko ariwe watsinze amatora yabaye tariki 20 z’ukwezi gushyize.
-
Perezida Kagame yitabiriye iserukiramuco ryo kurandura ubukene ku Isi ryahuje ibirangirire
2 December 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi wa Afurika yunze Ubumwe Paul Kagame kuri iki Cyumweru tari 2 Ukuboza 2018 yitabiriye iserukiramuco rya Global Citizen Festival, ryahuriranye no kwizihiza isabukuru y’imyaka 100 ya Nelson Mandela ndetse no guha icyubahiro umurage we, by’umwihariko uko yagiye ahamagarira abantu kurwanya ubukene bukabije.
Umuryango.rw
Umukuru w’igisirikare cya Sudan avuga ko yiteguye ibiganiro by’amahoro
MINEDUC yashyize hanze amanota y’abakoze ibizamini bya Leta,isubizaho gusibira ku batsinzwe
Hamenyekanye icyavuye mu biganiro Perezida Kagame yagiranye na Lourenço ku bibazo bya RDC
Minisiteri ya siporo yavuze aho ikibazo cya Rayon Sports kigeze n’igihe umupira w’amaguru uzasubukurirwa
Perezida Kagame yakiriwe na Mugenzi we wa Sénégal Macky Sall
U Rwanda rwunze murya OMS rumara impungenge abarusura bikanga Marburg
Abanyarwanda basaga 100 bahungiye muri RDC urukingo rwa Covid-19
RDC: Abatavuga rumwe na Tshisekedi bahagurukiye rimwe bavuga amagambo akomeye