Mu minsi ishize nibwo hasakaye amashusho ya Aline Gahongayire yifatira ku gahanga itangazamakuru ryo mu Rwanda. Mu buhamya aherutse gutanga, yavuze uburyo yagiye azamuka, iby’amagambo y’abantu n’uburyo atari ku rwego rw’itangazamakuru ryo mu Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
KNC yavuze uburyo Aline Gahongayire akeneye kwitabwaho akavurwa
29 April 2019, by Martin Munezero -
Nyamagabe: Gitifu w’Akarere afunze by’agateganyo akekwaho kwiba amafaranga y’Akarere
14 June 2018, by UbwanditsiKu mugoroba wo kuri uyu wa Kane nibwo Urwego rw’Umuvunyi ku bufatanye na RIB (Urwego rw’Ubugenzacyaha) bataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyamagabe TWAYITURIKI Emmanuel bamukurikiranyeho ibyaha birimo gukoresha inyandiko mpimbano yiba amafaranga y’Akarere.
Urwego rw’Umuvunyi rwatangarije Umuryango ko Twayituriki Emmanuel akurikiranweho ibyaha byo kwaka cyangwa kwakira amafaranga bidakwiye, kwiha inyungu zinyuranyije n’amategeko no gukoresha inyandiko mpimbano. (…) -
Bwa mbere Perezida Kagame yavuze ku kibazo cy’Abakono n’akaga gishobora guteza
26 August 2023, by Joseph IradukundaPerezida Paul yasabye abavuga rikumvikana bo mu ntara y’amajyaruguru ndetse n’iy’Uburengerazuba gukoresha imyanya bafite mu kuzana impinduka mu baturage, aho kubashora mu bikorwa bibi.
-
Dukeneye amahoro n’umutekano mbere ya byose-Yolande Makolo
4 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko hari icyizere ko masezerano y’amahoro u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bisinyira i Washington ku wa 4 Ukuboza 2025 azatanga umusaruro mu by’ubufatanye mu bukungu ariko ko icya ngombwa ari ukubanza kugira amahoro n’umutekano mu karere.
-
Abandi banyarwanda 31 bagejejwe mu Rwanda bavuye muri Uganda aho bari bafungiye
16 January 2022, by Dusingizimana RemyAbanyarwanda 31 bari bafungiye muri Uganda bagejejwe mu Rwanda saa kumi n’igice zo kuri uyu wa 15 Mutarama 2022, banyujijwe ku mupaka wa Kagitumba mu Karere ka Nyagatare. Bagizwe n’abagabo 22, abagore batandatu (06), n’abana batatu (3).
Bakigera ku mupaka wa Kagitumba, bakiriwe n’Urwego rw’Abinjira n’Abasohoka ku ruhande rw’u Rwanda.
Bafashwe bashinjwa gutura, kuba muri Uganda mu buryo bunyuranyije n’amategeko n’ubwo bamwe banyuze ku mupaka wemewe. Hari n’abandi bashinjwa kuba ba maneko (…) -
Dr Ngirente yahishuye ikigero cyo gukingira u Rwanda ruzaba rugezeho mu mpera za 2022
4 December 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Intebe, Edouard Ngirente yijeje inteko ko u Rwanda ruzaba rwageze ku ntego yo gukingira 60% by’abaturage barwo mbere y’uko umwaka wa 2022 urangira, ni mu gihe kugeza ubu abamaze guhabwa doze ya kabiri ari 40% na ho abahawe doze ya mbere ni 60%.
Mu gihe intego y’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima ari uko buri gihugu gikingira nibura 10% by’abagomba guhabwa urukingo, imibare igaragaza ko mu Rwanda abasaga miliyoni 6 bangana na 60% bamaze guhabwa dose ya mbere (…) -
Rwandair yahagaritse gutwara abagenzi bo muri Zimbabwe na Afurika y’Epfo
28 November 2021, by Dusingizimana RemySosiyete y’indege ya RwandAir yatangaje ko ibaye ihagaritse gutwara abagenzi bava mu bihugu bya Zimbabwe na Afurika y’Epfo berekeza i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu.
-
IFOTO Y’UMUNSI:Rusesabagina ari mu bagororwa bahawe urukingo rwa Covid-19
9 March 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri tariki ya 09 Werurwe 2021 nibwo abarimo imfungwa n’abagororwa batandukanye bahawe urukingo rwa Covid-19 ndetse aba barimo na Rusesabagina ufungiwe mu Rwanda akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’iterabwoba.
-
Iby’ ingenzi mu kiganiro Perezida Kagame yagiranye na Perezida Macron w’ u Bufaransa
23 May 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa Kane tariki 23 Gicurasi 2018 yakiriwe na mugenzi we w’ u Bufaransa Emmanuel Macron bagirana ibiganiro aho Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda rushimishijwe no kuba rwatanga abayobozi nka Louise Mushikiwabo bakayobora Umuryango w’ ibihugu bikoresha ururimi rw’ Igifaransa.
-
Gasana yatorewe kuyobora Komisiyo ya Politiki n’imiyoborere muri Sena y’u Rwanda
22 December 2025, by Brenda MIZEROSenateri Gasana Alfred yatorewe kuyobora Komisiyo ya Politiki n’Imiyoborere muri Sena y’u Rwanda asimbuye Dr. Usta Kaitesi uherutse kugirwa Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane.
Umuryango.rw
Bwa mbere Perezida Kagame yavuze ku kibazo cy’Abakono n’akaga gishobora guteza
Dukeneye amahoro n’umutekano mbere ya byose-Yolande Makolo
Abandi banyarwanda 31 bagejejwe mu Rwanda bavuye muri Uganda aho bari bafungiye
Dr Ngirente yahishuye ikigero cyo gukingira u Rwanda ruzaba rugezeho mu mpera za 2022
Rwandair yahagaritse gutwara abagenzi bo muri Zimbabwe na Afurika y’Epfo
IFOTO Y’UMUNSI:Rusesabagina ari mu bagororwa bahawe urukingo rwa Covid-19
Gasana yatorewe kuyobora Komisiyo ya Politiki n’imiyoborere muri Sena y’u Rwanda