Kuri uyu wa Mbere tariki ya 18 Gicurasi 2020 hateranye Inama y’Abaminisitiri yayobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yafatiwemo imyanzuro itandukanye yo koroshya izindi gahunda zafashwe kubera Covid-19 ndetse no gushyiraho inzego zitandukanye n’abayobozi bashya.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Guverinoma yatangaje igihe ingendo zo hirya no hino mu ntara,iza moto n’amagare zizafungurirwa mu nama y’abaminisitiri
18 May 2020, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yashimye uruhare rw’ abapadiri mu guteza imbere Ikinyarwanda
7 October 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yashimye uruhare abapadiri bagiye mu guteza imbere ururimi rw’ Ikinyarwanda anabizeza ko Leta y’ u Rwanda izakomeza gufatanya nabo mu guteza imbere Abanyarwanda
Hari mu muhango wo kwizihiza yubile y’ imyaka 100 ishize ubusasaridoti bugeze mu Rwanda . Uyu muhango wabereye I Kabgayi kuri uyu wa Gatandatu tariki 7 Ukwakira 2017, ukaba witabiriye n’ abashyitsi batandukanye barimo na Perezida Kagame n’ umufasha we Jeannette Kagame.
Perezida Kagame yavuze ko (…) -
M23 yakomeje intambara yigarurira uduce tubiri twari mu maboko ya FDLR
26 November 2022, by Dusingizimana RemyAbarwanyi ba M23 baraye babeshye ko bagiye guhagarika imirwano na FARDC ariko uyu munsi bakomeje intambara ndetse bigaruriye uduce twa Kabarozi na Bwiza twegereye Umujyi wa Kichanga muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Mu itangazo uyu mutwe wasohoye mbere y’isaha ya 18h00 zo kuri uyu wa Gatanu, wavuze ko uhagaritse imirwano.
Aba barwanyi bari basabwe n’abaperezida ba EAC guhagarika intambara bagasubira inyuma mu kirunga cya Sabyinyo, banze kubyubahriza bakomeza imirwano ndetse (…) -
Burundi: Gen. Evariste NDAYISHIMIYE niwe watorewe kuzahagararira ishyaka CNDD FDD mu matora ya Perezida
26 January 2020, by Dusingizimana RemyUyu munsi nibwo ishyaka rya CNDD FDD ryatangaje umukandida uzarihagararira mu matora ya perezida w’u Burundi azaba kuwa 20 Gicurasi uyu mwaka aho uwatsinze ari Gen. Evariste Ndayishimiye.
-
Covid-19:Urukingo rwa Johnson & Johnson rwahagaritswe kubera kuvura kw’amaraso
14 April 2021, by Dusingizimana RemyAmerika, Afurika y’epfo n’ibihugu byo mu muryango w’ubumwe bw’Uburayi (EU/UE), byabaye bihagaritse gukingira abantu n’urukingo rwa Johnson & Johnson (J&J) rwa Covid-19, nyuma y’amakuru yo kuvura kw’amaraso kudakunze kubaho.
-
Abarwanashyaka 14 ba RNC biyemeje kuyivamo kubera kwirukanwa kw’abarimo mushiki wa Ben Rutabana
11 December 2019, by Dusingizimana RemyIshyaka rya RNC rikomeje kuvugwamo Bombori bombori aho abarwanashyaka 14 baryo bandikiye ubuyobozi babutangariza ko bitandukanyije naryo kubera impamvu zirimo no kwirukana burundu abayobozi baryo bane bari barihagarariye muri Canada, ibura rya Ben Rutabana n’ibindi.
-
Leta yongereye akayabo mu ngengo y’imari ivuguruye
8 February 2024, by Dusingizimana RemyGuverinoma yatangaje ko ingengo y’imari ivuguruye mu 2023/2024 iziyongeraho miliyari 85.6Frw, ikava kuri miliyari 5,030Frw yiyongera ikagera kuri miliyari 5,115.6Frw.
-
Hamenyekanye igihe amatora ya Perezida n’ay’abadepite azabera mu Rwanda
12 December 2023, by Dusingizimana RemyAmatora ya Perezida wa Repubulika y’u Rwanda n’ay’Abadepite 53 byemejwe ko azaba tariki 15 Nyakanga 2024 mu gihugu, ariko ababa muri Diaspora Nyarwanda bo bazatora ku ya 14 Nyakanga 2024.
-
Kizito Mihigo na Dukuzumuremyi Jean Paul ibyo kujurira yabivuyemo
10 September 2018, by Nsanzimana ErnestUrukiko rw’ Ikirenga rwagombaga kuburanisha ubujurire mu rubanza rwa Kizito Mihigo na Jean Paul Dukuzumuremyi kuri uyu wa 10 Nzeli 2018, rwanzuyeko ubujurire bwa Kizito Mihigo na Jean Paul Dukuzumuremyi bukurwaho kuko banyiri ubwite babyisabiye.
-
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we Samia Suluhu
2 November 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yahuye ndetse agirana ibiganiro na Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan n’itsinda bari kumwe mu Rwanda aho bitabiriye inama mpuzamahanga ku bukerarugendo n’ingendo ya #WTTC2023,iri kubera i Kigali.
Umuryango.rw
Guverinoma yatangaje igihe ingendo zo hirya no hino mu ntara,iza moto n’amagare zizafungurirwa mu nama y’abaminisitiri
M23 yakomeje intambara yigarurira uduce tubiri twari mu maboko ya FDLR
Leta yongereye akayabo mu ngengo y’imari ivuguruye
Hamenyekanye igihe amatora ya Perezida n’ay’abadepite azabera mu Rwanda
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we Samia Suluhu