Umwamikazi wa Lesotho Masenate Mohato Seeiso, ari mu ruzinduko rwa mbere rw’akazi mu Rwanda rwatangiye tariki ya 3 Ukuboza 2025, rugamije kugirana ibiganiro n’inzego zinyuranye ziganjemo izikora mu rwego rw’ubuzima, uburezi no kongerera ubushobozi urubyiruko.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ibikubiye mu ruzinduko rw’Umwamikazi wa Lesotho mu Rwanda
4 December 2025, by Brenda MIZERO -
U Rwanda rwagaragaje aho ruhagaze mu ntambara y’Uburusiya na Ukraine,Uburundi burifata
3 March 2022, by Dusingizimana RemyMu nama rusange ya ONU/UN yateranye kuwa gatatu abahagarariye ibihugu batoye ku bwiganze bamagana ibitero by’Uburusiya basaba ko buhagarika ibyo bikorwa.
Igikorwa cy’iyo nama cyari kigamije gushyira Uburusiya mu kato ku ruhando rwa dipolomasi y’isi.
Mu bihugu 193 bigize UN uwo mwanzuro washyigikiwe n’ibihugu 141, ibihugu 35 byanze kugira uruhande bijyaho, bitanu (5) byatoye biwanga, mu gihe hari ibindi bitatoye.
U Burundi bwatoye mu bihugu byanze kugira uruhande bifata, u Rwanda rutora (…) -
Madamu Jeannette Kagame yagiriye inama umuryango nyarwanda muri ibi bihe bibi bya COVID-19
15 May 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Gicurasi 2020,n’umunsi mpuzamahanga w’umuryango.
Madamu Jeannette Kagame yashyize hanze inyandiko ivuga ku muryango yise "Umuryango – Isooko Tuvomamo Imbaraga Mu Bihe Bikomeye"yuzuyemo impanuro yageneye Ababyeyi n’umuryango muri rusange.
INYANDIKO YA MADAME JEANNETTE KAGAME
Icyorezo cya Covid-19 cyaduteye urujijo no guhangayika. Ntabwo tuzi iherezo ry’ibi bihe bihinduka buri munsi. Icyakora hari ikintu kimwe kidahinduka: akamaro k’umuryango n’inshingano (…) -
Nta Camera zigenzura umuvuduko, zizongera gushyirwa ku byapa biri munsi ya 60 KM ku isaha
3 December 2021, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda yavuze ko nta Camera zigenzura umuvuduko, zizongera gushyirwa mu byapa biri munsi ya kilometero 60 ku isaha mu Mujyi wa Kigali nkuko byakozwe mu minsi ishize benshi mu bashoferi bakarira ayo kwarika kubera amande.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda,CP John Bosco Kabera,yabitangaje kuri uyu wa Gatanu nyuma yo kwereka itangazamakuru izindi Camera zigenzura umuvuduko zashyizwe mu masangano y’imihanda, ahasanzwe amatara agaragaza ibyerekezo ku muhanda wa Rwandex.
Yagize ati (…) -
Mu mwaka 2025 dutangiye ibintu bigomba kumera neza byanze bikunze- Perezida Kagame
31 December 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko umwaka wa 2024 uri kugana ku musozo wabayemo ibyinshi byiza kandi icyifuzo Abanyarwanda bakwiye guhuriraho ari ugukomeza muri uwo mujyo wo gukora ibyiza.
-
Tshisekedi ni we wasabye ko duhurira i Doha na Washington- Perezida Kagame
9 December 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Repubulika Paul Kagame, yahishuye ko Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo, ari we wasabye ko bahurira i Doha muri Qatar ndetse n’i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) mu bihe bitandukanye.
-
Perezida Kagame yasabye ibihugu by’ Afurika kongera imbaraga mu rwego rw’ubuzima
8 June 2021, by Dusingizimana RemyAbanyafurika miliyoni 50 bagiye gukingirwa icyorezo cya COVID19 binyuze mu bufatanye bw’imyaka itatu, hagati y’ikigo nyafurika gishinzwe kurwanya ibyorezo, Africa CDC, n’umuryango Mastercard Foundation.
Mu muhango wo gutangiza ubwo bufatanye bufite intego yo kurengera ubuzima n’imibereho, Perezida Paul Kagame yasabye ibihugu bya Afurika kubakira kuri ubwo bufatanye nabyo bigaharanira kwigira no kwihaza mu bikoresho byo kwa muganga birimo inkingo n’imiti.
Mu banyacyubahiro bitabiriye iyi (…) -
Donald Trump yabaye perezida wa mbere wa USA wakandagiye ku butaka bwa Koreya ya ruguru [AMAFOTO]
30 June 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa USA,Donald Trump yagiriye urugendo rw’amateka ku butaka bwa Koreya ya ruguru ahita yandika amateka yo kuba perezida wa mbere wa Amerika usuye iki gihugu kizwiho kwihaza mu gukora ibisasu bya kirimbuzi.
-
MINICOM yashyize hanze amabwiriza 12 agomba kugenda ifungurwa ry’utubari
23 September 2021, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) byashyizeho amabwiriza agenga ifungurwa ry’utubari.
Akabari gafungurwa ni agafite icyangombwa cy’ubucuruzi cya RDB cyangwa agafite ipatanti itangwa n’umurenge bikemerera gutanga serivisi z’akabari.
Muri aya mabwiriza kandi harimo ko buri kabari kagomba kugira umukozi ushinzwe kwita ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 kandi wambaye umwambaro w’umuhondo.
Abakiriya b’akabari bagomba (…) -
Sergeant Robert ushinjwa gusambanya umwana we ari gushaka ubuhungiro muri Uganda
26 November 2020, by Dusingizimana RemyUmusirikare akaba n’umuririmbyi wamenyekanye mu itsinda ry’umuziki ry’ingabo z’u Rwanda (RDF) rya Army “Jazz Band” yemeje ko ari muri Uganda ashaka ubuhungiro nyuma yo kuva mu Rwanda ubuzima bwe buri mu kaga,nyamara RDF iherutse gutangaza ko ari gushakishwa kugira ngo aryozwe icyaha cyo gusambanya umwana wo mu muryango we.
Umuryango.rw
Ibikubiye mu ruzinduko rw’Umwamikazi wa Lesotho mu Rwanda
U Rwanda rwagaragaje aho ruhagaze mu ntambara y’Uburusiya na Ukraine,Uburundi burifata
Madamu Jeannette Kagame yagiriye inama umuryango nyarwanda muri ibi bihe bibi bya COVID-19
Nta Camera zigenzura umuvuduko, zizongera gushyirwa ku byapa biri munsi ya 60 KM ku isaha
Mu mwaka 2025 dutangiye ibintu bigomba kumera neza byanze bikunze- Perezida Kagame
Tshisekedi ni we wasabye ko duhurira i Doha na Washington- Perezida Kagame
MINICOM yashyize hanze amabwiriza 12 agomba kugenda ifungurwa ry’utubari