Leta ya Qatar yongeye u Rwanda mu bihugu abaturage babyo bemerewe kujya muri iki gihugu bakaba bahamagara iminsi 30 badafite Visa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abanyarwanda bemerewe kujya muri Qatar bakahamara iminsi 30 nta VISA
1 November 2019, by Dusingizimana Remy -
Byarangiye abakozi icyenda bo mu karere ka Rusizi banditse amabaruwa basezera ku kazi
14 May 2024, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki 13 Gicurasi 2024, amakuru yatangiye gukwirakwira avuga ko hari abakozi icyenda b’Akarere ka Rusizi basezeye ku mirimo yabo ku mpamvu zabo bwite, ariko abandi bakavuga ko batabikoze ku bushake ahubwo babitegetswe n’ababakuriye.
-
"Inka ntabwo itunga umuntu udafite na mba!”-Minisitiri Musafiri
17 August 2023, by Joseph IradukundaGuverinoma y’u Rwanda yakoze amavugurura mu mitangire y’inka muri gahunda ya Girinka, aho umuntu udafite isambu ihagije yo guhingamo ubwatsi atazongera kuyihabwa, kandi gutanga itishingiwe na byo bitazongera kubaho.
-
Perezida Kagame yakiriye intumwa ya Museveni baganira ku bibazo biri hagati y’ u Rwanda na Uganda
6 January 2018, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’ u Rwanda yatangaje ko Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakiriye intumwa ya Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni bakaganira ku bibazo biri gahati y’ u Rwanda na Uganda, ibiganiro byibanze ku kwishyirahamwe kw’ ibihugu.
Nk’ uko Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanga, Umuryango w’ Afurika y’ iburasirazuba akaba n’ Umuvugizi wa guverinoma y’ u Rwanda Mme Louise Mushikiwabo yabitangarije ku rubuga rwe rwa Twitter yavuze ko mu byo aba bayobozi baganiriyeho harimo ikibazo cy’ (…) -
Gasabo: Inzego zishinzwe umutekano zarashe abacyekwaho ubujura bari bitwaje intwaro gakondo
17 May 2022, by Dusingizimana RemyInzego zishinzwe umutekano mu Rwanda zarashe abasore bakekwaho ubujura nyuma yo kubasangana ibyuma n’umuhoro bashaka kubarwanya.
Ibi byabereye mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo ku Cyumweru tariki 15 Gicurasi 2022 ,aho abasore babiri bivugwa ko ari abajura barashwe n’inzego z’umutekano barapfa.
Abaturage bashimiye polisi y’u Rwanda ngo kuko bari bazengerejwe n’ibisambo bidahwema kwambura abaturage no kubica bikabashyira mu ishyamba rya Gisozi.
Amakuru y’iraswa ry’aba basore (…) -
Guverinoma yashyiriyeho ingamba zihariye zo kwirinda Covid-19 Umujyi wa Kigali n’uturere 8
29 June 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa 29 Kamena uyu mwaka,Hasohotse itangazo rishyiraho ingamba nshya zihariye mu mujyi wa Kigali no mu turere 8 two hirya no hino mu Rwanda dukomeje kugaragaramo ubwiyongere bukabije bwa Covid-19.
Iri tangazo rivuga ko guhera ku wa 1 Nyakanga, Umujyi wa Kigali n’Uturere twa Burera, Gicumbi, Kamonyi, Musanze, Nyagatare, Rubavu, Rutsiro na Rwamagana bizatangira kubahiriza ingamba nshya zo kwirinda Covid-19 zirimo:
a. Ingendo zirabujijwe guhera saa kumi n’ebyiri za nimugoroba (6:00 (…) -
Perezida Kagame yagaragarije abitabiriye inama ya“Eisenhower Fellowoships” inkomoko y’iterambere ry’u Rwanda nyuma ya jenoside
14 June 2019, by Dusingizimana RemyUbwo yari mu nama y’Umuryango Mpuzamahanga witwa “Eisenhower Fellowoships” yateraniye i Kigali kuri uyu wa gatanu tariki 14 Kamena 2019, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko kuba u Rwanda rukomeje gutera imbere biterwa n’uko buri munyarwanda akora cyane ndetse nta wifuza gusubira mu mateka mabi yaranze u Rwanda.
-
U Rwanda rwijeje u Burundi gushakira igisubizo ikibazo cy’abashatse guhirika ubutegetsi bwarwo bari i Kigali
26 February 2022, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda n’iy’u Burundi zagiranye ibiganiro ku bufatanye mu rwego rw’ubutabera by’umwihariko ingingo ijyanye n’abashatse guhirika ubutegetsi bwa Perezida Pierre Nkurunziza mu 2015.
Ni ibiganiro byabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 25 Gashyantare 2022, bihuza Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta y’u Rwanda, Dr Ugirashebuja Emmanuel na mugenzi we w’u Burundi, Banyankimbona Domine.
Nyuma y’ibiganiro byo mu muhezo, abanyamakuru batangarijwe imyanzuro mu itangazo (…) -
Mu birori byari binogeye amaso byitabiriwe na Louise Mushikiwabo Perezida Kagame yambikiwemo umudari w’ubudashyikirwa buhambaye na Perezida wa Burkina Faso[AMAFOTO]
2 March 2019, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yambitswe n’umukuru w’Igihugu cya Burkina Faso Roch Christian Kabore umudari w’ ubudashyikirwa buhambaye utangwa n’ iki gihugu witwa ’Grand Croix de l’Etalon’.
-
Ibitaro bya Ruhengeri byasobanuye icyateye imfu z’impinja 19 mu kwezi kumwe
11 May 2021, by Dusingizimana RemyIbitaro bya Ruhengeri byatangaje ko hatangiye iperereza kugira ngo hamenyekane inkomoko y’icyateye impfu z’abana 19 mu kwezi kumwe mu ishami ryita ku bana bavuka batagejeje igihe.
Umuryango.rw
Byarangiye abakozi icyenda bo mu karere ka Rusizi banditse amabaruwa basezera ku kazi
"Inka ntabwo itunga umuntu udafite na mba!”-Minisitiri Musafiri
Gasabo: Inzego zishinzwe umutekano zarashe abacyekwaho ubujura bari bitwaje intwaro gakondo
Guverinoma yashyiriyeho ingamba zihariye zo kwirinda Covid-19 Umujyi wa Kigali n’uturere 8
U Rwanda rwijeje u Burundi gushakira igisubizo ikibazo cy’abashatse guhirika ubutegetsi bwarwo bari i Kigali
Ibitaro bya Ruhengeri byasobanuye icyateye imfu z’impinja 19 mu kwezi kumwe