Bruxelles, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze ko Isi ihomba miliyari ibihumbi 160 z’ amadorali ya Amerika(160 trillion $) kubera guheza inyuma abagore kandi bagize ½ cy’ abatuye yongeraho ko ari uruhare rw’ abayobozi guca ubusumbane hagati y’ abagabo n’ abagore.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yibukije Abanyaburayi ko Isi ihomba triyali 160 z’ amadorali kubera guheza abagore
5 June 2018, by Nsanzimana Ernest -
RDC: Corneille Nangaa uyobora ARC/M23 yijeje ibitangaza abatuye Kiwanja
28 March 2024, by Dusingizimana RemyCorneille Nangaa uyoboye ihuriro ARC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Felix Tshisekedi, yabwiye abaturage batuye Kiwanja muri Rutshuru mu ntara ya Kivu ya Ruguru ko impinduramatwara ya M23 mu minsi mike izirukana ku butegetsi Tshisekedi.
-
Minisitiri w’umutekano w’u Rwanda n’uwa RDC batumiwe mu biganiro bya Kinshasa na M23 i Doha
11 July 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’umutekano w’u Rwanda na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu wa DR Congo bageze i Doha muri Qatar gukurikirana ibiganiro hagati y’umutwe wa M23 na leta ya Kinshasa nk’abatumirwa, nk’uko bivugwa na Radio Mpuzamahanga y’Ubufaransa, RFI.
-
Meteo Rwanda yaburiye Abanyarwanda kwitegura imvura idasanzwe irimo umuyaga mwinshi muri iyi minsi
17 April 2020, by Dusingizimana RemyIkigo cy’igihugu gishinzwe iteganyagihe cyatangaje ko nyuma y’imvura nyinshi cyane yaraye iguye I Kigali no mu bindi bice bitandukanye,hagiye kugwa imvura nyinshi cyane yivanze n’umuyaga mwinshi hirya no hino mu gihugu guhera kuri uyu wa 17 kugeza kuwa 20 Mata 2020.
-
Kapiteni Traoré yitwaje imbunda mu irahira rya Perezida wa Ghana piteza impungenge
10 January 2025, by Joseph IradukundaUmutegetsi wa gisirikare wa Burkina Faso Kapiteni Ibrahim Traoré yateje impungenge ubwo ku wa kabiri yitabiraga umuhango w’irahira rya Perezida wa Ghana John Mahama afite imbunda nto ya pisitori ku rukenyerero.
-
U Rwanda na RDC bemeranyije korohereza ubuhahirane ku mipaka
3 November 2020, by Dusingizimana RemyKu munsi w’ejo tariki ya 02 Ugushyingo 2020, Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Munyantwari Alphonse yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Carly Kasivita, ku buryo bwo kunoza imikoresherezwe y’umupaka wa Rubavu mu buhahirane hirindwa ikwirakwira rya COVID-19.
-
Dore ukuri nyako ku bivugwa ko umupaka wa Cyanika uhuza u Rwanda na Uganda ko wafunzwe[AMAFOTO]
2 March 2019, by Martin MunezeroNyuma y’uko kuri uyu wa Kane tariki ya 28 Gashyantare 2019 umupaka wa Gatuna wafunzwe, hari amakuru yahise acicikana ko n’uwa Cyanika wafunzwe.
-
Umunyamakuru Phocas Ndayizera yise ibimenyetso by’ubushinjacyaha ko ari ikinamico
14 October 2020, by Dusingizimana RemyPhocas Ndayizera uregwa ibyaha birimo iterabwoba yireguye ahakana ibyaha ashinjwa abishingira ko ibimenyetso ubushinjacyaha bwatanze birimo amajwi yumvikanamo umugambi wo kwangiza ibikorwaremezo ari ibinyoma
-
Bénin iherutse kwandagaza Amavubi yemerewe akayabo niyatsindira i Kigali
14 October 2024, by Joseph IradukundaPerezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Bénin, Mathurin de Chacus, yatangaje ko mu gihe ikipe y’iki gihugu “Les Géupards” yatsindira Amavubi i Kigali ku wa Kabiri, azayiha agahimbazamusyi k’ibihumbi 100€ (ni ukuvuga agera kuri miliyoni 147 Frw) kaziyongera ku gatangwa na federasiyo.
-
Perezida Kagame yageneye ubutumwa Museveni wegukanye intsinzi mu matora y’umukuru w’igihugu
19 January, by Angeline MUKANGENZIPerezida Paul Kagame yashimye Yoweri Kaguta Museveni ku ntsinzi aherutse kwegukana mu matora y’umukuru w’igihugu, amwizeza gukomeza umubano n’ubutwererane hagati y’u Rwanda na Uganda.
Umuryango.rw
RDC: Corneille Nangaa uyobora ARC/M23 yijeje ibitangaza abatuye Kiwanja
Minisitiri w’umutekano w’u Rwanda n’uwa RDC batumiwe mu biganiro bya Kinshasa na M23 i Doha
Kapiteni Traoré yitwaje imbunda mu irahira rya Perezida wa Ghana piteza impungenge
Bénin iherutse kwandagaza Amavubi yemerewe akayabo niyatsindira i Kigali
Perezida Kagame yageneye ubutumwa Museveni wegukanye intsinzi mu matora y’umukuru w’igihugu