Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko undi muntu umwe yishwe n’icyorezo cya Marburg ku wa Gatatu tariki 02 Ukwakira 2024, yuzuza umubare w’abantu 11 bamaze gupfa bazize icyo cyorezo, aho nta n’umwe wari wakira kuva cyaduka mu Gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda rufite icyizere cyo guhashya Vurusi ya Marburg
3 October 2024, by Joseph Iradukunda -
U Rwanda rwasabye RDC kubaha amasezerano y’amahoro ya Washington
26 November 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Nduhungirehe Jean Patrick Olivier, yibukije ko amahoro hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) atari mu biganiro ahubwo yamaze gushyirwaho umukono, asaba RDC kuyubahiriza.
-
Umwana utawe n’umubyeyi atakaza isanomuzi
13 February 2018, by Jules NTAHOBATUYEByasa n’ibitungura nyirurugo kubyuka agasanga uruhinja imbere y’umuryango we atazi n’umwe mu babyeyi barwo ndetse biranagoye kwiyumvisha ko umubyeyi afata uruhinja yatwise amezi icyenda akarusiga mu rugo rw’umuntu bataziranye, ariko ingero nk’izi zikomeje kumvikana hamwe na hamwe mu gihugu.
Urugero ruheruka rwagaragaye mu ntangiriro z’uyu mwaka wa 2017 mu kagali ka Tetero umurenge wa Muhima mu mujyi wa Kigali umugore utaramenyekanye yataye umwana w’amezi nk’abiri mu rugo rwa (…) -
Perezida Kagame yababariye Rusesabagina na Sankara bahamijwe ibyaha by’iterabwoba
24 March 2023, by Dusingizimana RemyPaul Rusesabagina na Nsabimana Callixte ‘Sankara’ bahamijwe ibyaha by’iterabwoba barafungurwa kuri uyu wa Gatanu,tariki ya 24 Werurwe 2023, ku mbabazi za Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
Ikinyamakuru Semafor.com cyavuze ko Rusesabagina ararekurwa aho afungiwe bitarenze mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu,tariki ya 25 Werurwe 2023 nk’uko abayobozi bakuru b’u Rwanda na Qatari babigitangarije.
Iki kinyamakuru gikomeza kivuga ko cyabwiwe ko mu nama y’inama y’abaminisitiri y’ingenzi (…) -
Megan Arens yegukanye Umudali wa Zahabu muri ITT y’abangavu batarengeje imyaka 19
23 September 2025, by ISIMBI EstellaUmuholandikazi Megan Arens yegukanye Umudali wa Zahabu mu marushanwa yo gusiganwa n’ibihe (ITT) ya Shampiyona y’Isi y’Amagare mu bangavu batarengeje imyaka 19, nyuma yo gukoresha iminota 25 n’amasegonda 47 ku ntera y’ibilometero 18,3.
-
Rutsiro: Udushya twabaye mu muhango wo kwizihiza #Umuganura [AMAFOTO]
4 August 2023, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Ildephonse Musafiri wari uhagarariye Umukuru w’Igihugu mu birori byo kwizihiza Umuganura ku rwego rw’Igihugu mu Karere ka Rutsiro, yaganuje abaturage b’aka Karere hazirikanwa abagizweho ingaruka n’ibiza.
-
"Umubare wacu uko uzaba ungana kose uzakwira mu Rwanda"-Kagame yiyamamaza i Muhanga
24 June 2024, by Dusingizimana RemyPaul Kagame yavuze ko u Rwanda atari ruto ku Banyarwanda,nkuko byavugwaga muri politiki ya kera, aho Abanyarwanda bari barahungiye mu mahanga bangiwe gutaha kugeza batashye ku ngufu.
-
U Rwanda rugiye kwakira inama y’abayobozi b’amashuri makuru ya gisirikare yo muri Afurika
7 November 2025, by Brenda MIZEROKuva tariki ya 10 kugeza ku ya 12 Ugushyingo 2025, u Rwanda ruzakira inama ya 19 ihuza abayobozi b’amashuri makuru ya gisirikare yo ku mugabane wa Afurika.
-
Abakiristu batari abagatolika bagiye kugaba ibitero ku bacuruzi b’ ibiyobyabwenge
10 November 2017, by Nsanzimana ErnestUmuryango w’ ihuriro rw’ abaporotestani mu Rwanda C.P.R watangaje ko ugiye gutegura ibikorwa by’ amasengesho bigamije kurandura icuruzwa ry’ ibiyobyabwenge mu Rwanda ku buryo wizeye ko ibiyobyabwenge bizacika burundu mu Rwanda
Umuyobozi wa C.P.R yavuze ko nibamara guhashya ibiyobyabwenge burundu bazatumira Perezida Kagame bakamumurikira igikorwa cy’ indashyikirwa bazaba baragezeho.
Musenyeri Alexis Birindabagabo, Umuyobozi w’Itorero ry’Abangirikani Diyosezi ya Gahini akaba na Perezida (…) -
Perezida Kagame yavuze ku bahungu be bari muri RDF, asubiza abatekereza ko Ange Kagame azamusimbura
9 November 2025, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yavuze ko yifuzaga ko abana be b’abahungu uko ari batatu bose bajya mu gisirikare, ariko imfura ye, Ivan Cyomoro Kagame iramuhakanira, imubwira ko yifuza gukora ubucuruzi n’ishoramari.
Umuryango.rw
U Rwanda rufite icyizere cyo guhashya Vurusi ya Marburg
U Rwanda rwasabye RDC kubaha amasezerano y’amahoro ya Washington
Perezida Kagame yababariye Rusesabagina na Sankara bahamijwe ibyaha by’iterabwoba
Megan Arens yegukanye Umudali wa Zahabu muri ITT y’abangavu batarengeje imyaka 19
Rutsiro: Udushya twabaye mu muhango wo kwizihiza #Umuganura [AMAFOTO]
"Umubare wacu uko uzaba ungana kose uzakwira mu Rwanda"-Kagame yiyamamaza i Muhanga
U Rwanda rugiye kwakira inama y’abayobozi b’amashuri makuru ya gisirikare yo muri Afurika
Perezida Kagame yavuze ku bahungu be bari muri RDF, asubiza abatekereza ko Ange Kagame azamusimbura