Nyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame agiye gusura uturere 6 tugize intara y’amajyaruguru n’uburengerazuba bw’u Rwanda guhera kuri uyu wa Kabiri taliki ya 07 Gicurasi 2019.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame agiye gusura uturere 6 mu ntara y’Amajyaruguru n’Uburengerazuba
6 May 2019, by Dusingizimana Remy -
Imyumvire ya bamwe mu bakuze kuri Jenoside yakorewe Abatutsi irahangayikishije
21 October 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean-Damascène Bizimana, yatangaje ko bamwe mu Banyarwanda bageze mu zabukuru babaye mu mashyaka ya MRDN na Parmehutu banga kwitabira gahunda zinyuranye za Leta no kuvugisha ukuri kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 kubera ingegabitekerezo y’ayo mashyaka ikibaboshye.
-
Uko iburanisha rya mbere rya Kabuga Felicien i La Haye ryagenze
11 November 2020, by Dusingizimana RemyUmwanya munini wafashwe n’umwanditsi w’urukiko asoma ibiregwa Felicien Kabuga, we yahisemo guceceka ariko ngo bisobanuye ko atemera ibyo yarezwe.
Iburanisha ryo kuri uyu wa gatatu ritangiye umucamanza mukuru, Iain Bonomy, yabwiye Kabuga ko afite uburenganzira bwo kugira ibyo avuga mu rukiko, guceceka, cyangwa kunganirwa.
Kabuga w’imyaka 85, nk’uko byavuzwe mu rukiko, yafatiwe mu Bufaransa mu kwezi kwa gatanu nyuma y’imyaka irenga 20 yihisha ubucamanza mpuzamahanga bwamushakishaga ku (…) -
U Bwongereza bwasezeranije Ukraine gukuba kabiri inkunga bwayihaga
21 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yasabye Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Sir Keir Starmer , ubufasha bwo kubasabira ikurwaho ry’amategeko abuza Ukraine gukoresha intwaro zitangwa n’ibihugu by’iburengerazuba.
-
U Rwanda na Amerika byasinye amasezerano ya miliyoni 228$ yo guteza imbere urwego rw’ubuzima
6 December 2025, by Brenda MIZEROU Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu rwego rw’ubuzima, afite agaciro ka miliyoni 228$ [miliyari 330 Frw], akubiyemo intego yo gushyigikira urwego rw’ubuzima mu Rwanda.
-
AFC/M23 yatangaje impamvu itarakura ingabo zayo mu mujyi wa Walikale
24 March 2025, by Angeline MUKANGENZIumuvugizi w’ihuriro AFC/M23 Lawrence kANYUKA yatangaje ko igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo [FARDC] n’indi mitwe ifatanya nacyo batigeze bakura indenge z’intambara zikoreshwa mu bitero bya Walikale.
-
Undi muntu mushya yanduye icyorezo cya Marburg
27 October 2024, by Joseph IradukundaMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu, tariki 26 Ukwakira 2024 habonetse undi muntu mushya wanduye icyorezo cya Marburg.
-
Hari amakuru avuga ko Maj Sankara Callixte yafashwe akaba yaranagejejwe i Kigali
15 April 2019, by UbwanditsiKuva mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere hatangiye gukwirakwiaa amakuru ku mbuga nkoranyambaga avuga ko Maj Nsabimana Callite Sankara yafatiwe mu Birwa bya Comores agahita azanwa mu Rwanda n’indege yihariye yari yavuye mu Rwanda.
-
U Rwanda rwabwije ukuri Amerika ku kibazo cya Paul Rusesabagina
11 August 2022, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ububanyi n’amahanga n’ubutwererane w’u Rwanda, Dr Vincent hamwe n’Umunyamabanga wa Amerika,Ushinzwe Ububanyi n’Amahanga,Antony Blinken bagiranye Ikiganiro n’itangazamakuru ku mubano hagati y’ibihugu nyombi n’umutekano wo mu karere.
Nkuko byatangajwe nyuma y’Uko Bwana Blinken yemeje ko azasura u Rwanda,byari byitezwe ko haganirwa ku buryo u Rwanda rwubahiriza uburenganzira bwa muntu by’umwihariko ku kibazo cya Rusesabagina.
Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru ataragera mu (…) -
U Rwanda rwavuze ku biganiro Uganda yagiranye na Gen Kayumba n’aho umubano n’Abaturanyi ugeze
16 March 2022, by Dusingizimana RemyNyuma y’aho Inama y’Abaminisitiri iheruka guterana yemeje ko imipaka yose yo ku butaka ifunguye,u Rwanda rurakataje mu kunoza ubuhahirane n’ibihugu bya Uganda n’Uburundi.
Mu kiganiro abagize Guverinoma bagiranye n’Abanyamakuru uyu munsi,bagarutse ku mubano w’u Rwanda n’ibihugu bitumvikanaga birimo Uganda n’u Burundi.
Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente agaruka ku rugendo Lt. Gen Muhoozi aherutse kugirira mu Rwanda n’urwa Minisitiri w’Ingabo, Maj Gen Albert Murasira mu Burundi, yagize (…)
Umuryango.rw
Imyumvire ya bamwe mu bakuze kuri Jenoside yakorewe Abatutsi irahangayikishije
U Bwongereza bwasezeranije Ukraine gukuba kabiri inkunga bwayihaga
U Rwanda na Amerika byasinye amasezerano ya miliyoni 228$ yo guteza imbere urwego rw’ubuzima
AFC/M23 yatangaje impamvu itarakura ingabo zayo mu mujyi wa Walikale
Undi muntu mushya yanduye icyorezo cya Marburg
U Rwanda rwabwije ukuri Amerika ku kibazo cya Paul Rusesabagina
U Rwanda rwavuze ku biganiro Uganda yagiranye na Gen Kayumba n’aho umubano n’Abaturanyi ugeze