Madamu Jeanette Kagame yishimiye kongera guhura n’abo bahoze bigana mu mashuri yisumbuye mu Burundi kuri Lycee Clarte Notre Dame [ubu cyitwa Lycee Vugizo] mu myaka ya 1977-1978.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
IFOTO Y’UMUNSI: Madamu Jeanette Kagame yahuye n’abo biganye mu mashuri yisumbuye
10 October 2023, by Dusingizimana Remy -
Gen.Secyugu wari ushinzwe ibikorwa bya Gisirikare muri FDLR yishwe
24 October 2020, by Dusingizimana RemyGen Nsengiyunva Secyugu wari ushinzwe ibikorwa bya gisirikare muri FDLR yishwe bikaba bikekwa ko yazize amakimbirane amaze iminsi muri uwo mutwe w’iterabwobwa nyuma y’urupfu rwa Gen Mudacumura Sylvestre wawuyoboraga.
-
Perezida Hichilema wa Zambia yageze i Kigali mu uruzinduko rw’iminsi 2
20 June 2023, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Kabiri tariki 20 Kamena 2023, Perezida wa Zambia, Hakainde Hichilema yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri mumu Rwanda.
-
Urukiko rwa Paris rwongeye gukatira Biguma gufungwa burundu
18 December 2024, by Joseph IradukundaNyuma y’igihe aburana ubujurire mu Rukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa, Hategekimana Philippe Manier uzwi nka Biguma, yongeye guhamwa n’ibyaha bya Jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu ndetse ahanishwa igifungo cya Burundu.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Nduva wa EAC ku birimo guteza imbere ubucuruzi
20 February, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yakiriye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), Veronica Mueni Nduva, baganira ibirimo guteza imbere ubucuruzi bw’akarere.
-
Menya akamaro ko Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 , nicyo bimariye Abanyarwanda
7 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROKwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 , ni igikorwa ngarukamwaka gifasha abanyarwanda kuzirikana abazize jenoside yakorewe Abatutsi,kuzirikana abayirokotse ndetse no guharanira ko ibyabaye bitazongera kubaho.
-
Ibiciro by’ ingendo byazamutseho amafaranga 2 ku kilometero
29 March 2018, by Nsanzimana ErnestIkigo cy’ igihugu ngenzura mikorere RURA cyatangaje ko ibiciro by’ ingendo byazamuwe. Mu mugi wa Kigali igiciro cy’ urugendo mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange cyavuye cyavuye ku mafaranga 20 ku kilometero kimwe kigera ku mafaranga 22 naho ku mugenzi uva mu mujyi umwe ajya mu wundi kiva ku 19 Frw kigera kuri 21 Frw.
Ibiciro bishya bizatangira kubahirizwa kuwa Mbere tariki 2 Mata 2018.
Ibi bitangajwe nyuma y’ uko kuva mu mwaka ushize wa 2017 buri mezi abiri RURA yatangazaga (…) -
Visit Rwanda yabaye umuterankunga wa LA Clippers na Los Angeles Rams zo muri Amerika
29 September 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko Visit Rwanda yabaye umuterankunga wa LA Clippers ikina ya Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (NBA), ndetse na Los Angeles Rams ikina muri National Football League (NFL).
-
FARDC yagaragaye mu mujyi wa Goma iri kumwe n’abo bivugwa ko ari abacancuro ba Wagner
6 January 2023, by Dusingizimana RemyAbacancuro b’Abarusiya bazwi ku izina rya Wagner bagaragaye batembera mu mujyi wa Goma bari kumwe n’ingabo za FARDC mu modoka.
Aba bacancuro bivugwa ko baje gufatanya n’igisirikare cya Congo, FARDC mu ntambara ihanganyemo n’umutwe wa M23 wayorotse.
Mu ifoto yacaracaye ku mbuga zitandukanye,indwanyi bivugwa ko ari izo mu itsinda rya Wagner zari mu modoka ifite ibirango bya DRC aho bivugwa ko zatemberezwaga umujyi wa Goma.
Mu butumwa buherutse gutangazwa na M23 ku wa Mbere tariki 02 (…) -
Perezida wa Repubulika ashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva
23 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Kagame yagize Dr. Justin Nsengiyumva Minisitiri w’Intebe. Yari asanzwe ari Visi Guverineri wa Banki Nkuru y’Igihugu
Umuryango.rw
IFOTO Y’UMUNSI: Madamu Jeanette Kagame yahuye n’abo biganye mu mashuri yisumbuye
Perezida Hichilema wa Zambia yageze i Kigali mu uruzinduko rw’iminsi 2
Urukiko rwa Paris rwongeye gukatira Biguma gufungwa burundu
Perezida Kagame yaganiriye na Nduva wa EAC ku birimo guteza imbere ubucuruzi
Menya akamaro ko Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 , nicyo bimariye Abanyarwanda
Visit Rwanda yabaye umuterankunga wa LA Clippers na Los Angeles Rams zo muri Amerika
FARDC yagaragaye mu mujyi wa Goma iri kumwe n’abo bivugwa ko ari abacancuro ba Wagner
Perezida wa Repubulika ashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva