Perezida Kagame yihanganishije igihugu cya Tanzania kubera ibyago cyagize byo gupfusha uwahoze ari Perezida wacyo Benjamin William Mkapa ku munsi w’ejo tariki ya 23 Nyakanga 2020.Yavuze ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye kuri Afurika yose.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yihanganishije Tanzania yabuze uwahoze ari Perezida wayo Mkapa
24 July 2020, by Dusingizimana Remy -
Abasirikare ba FARDC batangiye guhungira mu Rwanda
27 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, bamwe mu basirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo batsinzwe n’umutwe wa M23, bambutse umupaka baka ubuhungiro mu Rwanda.
-
U Rwanda rwasobanuye iby’umunyamakuru w’Umubiligi wangiwe gukurikirana Shampiyona y’Isi y’umukino w’amagar
21 September 2025, by ISIMBI EstellaHashize iminsi ibiri bimwe mu binyamakuru by’i Burayi ndetse no ku mbuga nkoranyambaga, havugwa inkuru y’umunyamakuru w’Umubiligi, Stijn Vercruysse, ukorera televiziyo y’Ababiligi bavuga Igifurama (VRT) wangiwe kuza mu Rwanda gukurikirana shampiyona y’Isi y’umukino w’Amagare.
-
Kamala Harris : Amerika yaba yiteguye kugira Perezida w’umugore?
30 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIItangazo rishya rya Joe Biden ryo kuva mu matora ya perezida ryahinduye isura ya politiki muri Amerika.
Nyuma yo kwikura ku kuziyamamariza umwanya wa Perezida, Kamala Harris ubu ni we uzwi cyane mu Ishyaka ry’Abademokarate. Nk’uwari visi perezida, ashobora kwisanga ahanganye na Donald Trump mu kwezi k’Ugushyingo, kandi natsinda amatora, yaba abaye umugore wa mbere uyoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Nk’uko yabitangarije africanews dukesha iyi nkuru, Barbara Perry, Umwarimu wigisha muri (…) -
Minisitiri w’Ubuzima yahishuye ahabonetse abarwayi 152 mu minsi 2 ishize harimo no muri Minisiteri
16 August 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima Dr.Daniel Ngamije yatangaje ko ubwandu bwiyongereye cyane mu minsi 2 ishize bwagaragaye mu isoko rikuru rya nyarugenge,kwa mutangana no mu bigo birimo za Minisiteri.
-
Sudani y’Epfo: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwa Loni zambitswe imidali y’ishimwe
13 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo, UNMISS, zambitswe imidali y’ishimwe na Loni mu kuzirikana ibikorwa byo kugarura amahoro ziri kugiramo uruhare.
-
Amashyaka PSD na PL yemeje kuzashyigikira Perezida Kagame mu matora
24 March 2024, by Dusingizimana RemyKongere y’Igihugu Idasanzwe y’Ishyaka PSD yemeje ko mu matora rusange ateganyije muri Nyakanga 2024, bazashyigikira umukandida w’Ishyaka FPR Inkotanyi, Paul Kagame kuko basanze mu myaka amaze ayobora ari umuyobozi w’indashyikirwa, wagejeje byinshi ku gihugu, ukunda abanyarwanda kandi na bo bakamukunda, ndetse akubahwa n’amahanga.
-
Nyamasheke: Harabarurwa Ingo zirenga ibihumbi 34 zitarihaza mu biribwa
27 October 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Mark Cyubahiro Bagabe, yashimye intambwe imaze guterwa mu gufasha Abanyarwanda kwihaza mu biribwa ariko avuga ko idahagije kuko bimwe mu biribwa Abanyarwanda bakenera bakibikura hanze y’igihugu.
-
Dr Frank Habineza yavuze ku kibazo cy’imisoro cyagarutsweho na Perezida Kagame
10 January 2023, by Dusingizimana RemyUmuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije,Democratic Green Party of Rwanda,Dr Frank Habineza,yashimiye Perezida Kagame kuba yahaye umurongo ikibazo cy’imisoro yari iremereye abanyarwanda,asaba ko yagabanwa vuba abanyarwanda bakongera gukora bishimye.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere,tariki ya 9 Mutarama 2023,Perezida Kagame yasabye inzego zibishinzwe kugabanya imisoro kuri rubanda,kuko kwaka myinshi ataribyo bituma iboneka.
Yabivuze ubwo yakiraga indahiro ya (…) -
RDC bigeze he? Umujyanama wa Sultani Makenga yagizwe ’guverineri w’intara ya Kivu ya Ruguru’
6 February 2025, by Joseph IradukundaIhuriro Alliance Fleuve Congo (AFC) rifite umutwe wa M23 ryashyizeho guverineri w’intara ya Kivu ya Ruguru hamwe n’abamwungirije mu gace k’iyi ntara bagenzura.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yihanganishije Tanzania yabuze uwahoze ari Perezida wayo Mkapa
Abasirikare ba FARDC batangiye guhungira mu Rwanda
U Rwanda rwasobanuye iby’umunyamakuru w’Umubiligi wangiwe gukurikirana Shampiyona y’Isi y’umukino w’amagar
Kamala Harris : Amerika yaba yiteguye kugira Perezida w’umugore?
Minisitiri w’Ubuzima yahishuye ahabonetse abarwayi 152 mu minsi 2 ishize harimo no muri Minisiteri
Sudani y’Epfo: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwa Loni zambitswe imidali y’ishimwe
Amashyaka PSD na PL yemeje kuzashyigikira Perezida Kagame mu matora
Nyamasheke: Harabarurwa Ingo zirenga ibihumbi 34 zitarihaza mu biribwa
Dr Frank Habineza yavuze ku kibazo cy’imisoro cyagarutsweho na Perezida Kagame
RDC bigeze he? Umujyanama wa Sultani Makenga yagizwe ’guverineri w’intara ya Kivu ya Ruguru’