Perezida w’u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we wa Sénégal, Diomaye Faye, bayoboye umuhango wo gushyira umukono ku masezerano y’imikoranire mu nzego zitandukanye zirimo ubuhinzi n’ubworozi, iterambere n’ubuzima.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda na Sénégal byagiranye amasezerano atanu mashya y’imikoranire
18 October 2025, by Brenda MIZERO -
Kandida- depite wandikiwe amazina atariyo ku rupapuro rw’ itora byarangiye anyuzwe n’ ibyayavuyemo
6 September 2018, by Nsanzimana ErnestNsengiyumva Janvier wari umukandida wigenga mu matora y’ abadepite ubu aravuga ko kuba yarahawe izina ritari irye ku rupapuro rw’ itora nta ngaruka byamugizeho ahubwo yanyuzwe n’ ibyavuye mu matora.
-
Perezida Ndayishimiye yahuje Ruto, Kagame, Sama, na Samia ku kibazo cya DRC
8 November 2022, by Dusingizimana RemyPerezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye akaba n’umukuru w’umuryango w’ibihugu bya Africa y’i burasirazuba(EAC) yayoboye inama mu ijoro ryacyeye yahuje abategetsi b’akarere bari mu Misiri, ngo bige ku kibazo cy’umutekano mucye mu burasirazuba bwa DR Congo.
Iyi nama yahuriyemo ba Perezida Samia Suluhu wa Tanzania, Paul Kagame w’u Rwanda, William Ruto wa Kenya, na Minisitiri w’intebe wa DR Congo Sama Lukonde hamwe na bamwe mu bashinzwe ububanyi n’amahanga bw’ibi bihugu.
Aba bategetsi, (…) -
Nyirasafari yabimburiye abandi kwinjira muri Sena nk’uhagarariye Umujyi wa Kigali
16 September 2024, by Joseph IradukundaSenateri Nyirasafari Espérance yatorewe kuba Umusenateri uhagarariye Umujyi wa Kigali ku majwi 63/115 y’abagize inteko itora, akaba yari asanzwe ari Visi Perezida wa Sena y’u Rwanda.
-
Perezida Kagame yavuze uko u Rwanda rwasenywe na Jenoside rwiyubatse cyane mu nama y’abayobozi b’amakipe akina NBA yitabiriye [AMAFOTO]
12 April 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida Paul Kagame yaraye agiranye ikiganiro n’Umunyamakuru wa CNN,John King,bahuriye mu nama yari yahuje abayobozi batandukanye bayobora amakipe akina shampiyona ikomeye kurusha izindi ku isi muri Basketball,NBA.
-
Niba ushaka kuruta abandi, bive mu gukora- Perezida Kagame
19 January 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko hari bamwe usanga bafata umwanya munini mu kuvuga ko bakoze neza cyangwa mu kwikuza no kwishyira hejuru y’abandi, aho gushyira imbaraga mu gukora ibikorwa byiza kugira ngo abe aribyo byigaragaza.
-
Tugiye kongera igiciro cy’umutekano wacu kuri buri wese ushaka kuwuhangabanya-Perezida Kagame
14 November 2019, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yaburiye abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda ko bazishyura igiciro kiremereye kuko igihugu cyiteguye gukora ibishoboka byose kugira ngo umutekano w’Abanyarwanda usagambe.
-
Perezida Kagame yavuzeko u Rwanda ruzakomeza kwirinda FDLR ikiri hakurya
4 July 2025, by Joseph IradukundaU Rwanda rwagaragaje ko mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR washinzwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 wakomeza guhabwa ubwinyagamburiro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) nta kabuza ikibazo na cyo kizakomeza kandi ruzakomeza kwirinda nk’ibisanzwe.
-
Makuza yasabye abagihohotera umugore n’umukobwa gucika kuri iyo ngeso
24 November 2017, by Iyamuremye JanvierUhohotera umugore n’umukobwa wese yikosore, natikosora azabisobanura imbere y’amategeko: Ibi Perezida w’Inteko ishinga amategeko umutwe wa Sena Bernard Makuza yabivuze kuri uyu wa gatanu tariki ya 25 Ugushyingo 2017, ubwo hatangizwaga ubukangurambaga bw’iminsi 16 yo kurwanya ihohoterwa rikorerwa abagore n’abakobwa bwateguwe na Minisiteri y’uburinganire n’umuryango ifatanyije na UN WOMEN.
Ubu bukangurambaga bufite insanganyamatsiko igira iti:”Rwanya ihohoterwa rikorerwa abagore n’abakobwa: (…) -
Imashini zo mu ruganda rwa Rwigara zatejwe cyamunara kuri miliyari 1 na miliyoni 700
18 June 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Mbere tariki 18 Kamena 2018, umuhesha w’ inkiko w’ umwuga yagurishije imashini zikora itabi zo mu ruganda Primier Tobacco Company Ltd rw’ umuryango wa Rwigara zigurwa n’ Ikigo cyitwa MM & RGD Company Ltd gihagarariwe na Olivier Udahemuka kuri miliyari imwe na miliyoni 797 Frw.
Umuryango.rw
U Rwanda na Sénégal byagiranye amasezerano atanu mashya y’imikoranire
Perezida Ndayishimiye yahuje Ruto, Kagame, Sama, na Samia ku kibazo cya DRC
Nyirasafari yabimburiye abandi kwinjira muri Sena nk’uhagarariye Umujyi wa Kigali
Niba ushaka kuruta abandi, bive mu gukora- Perezida Kagame
Perezida Kagame yavuzeko u Rwanda ruzakomeza kwirinda FDLR ikiri hakurya