Guverinoma y’ u Rwanda yateye utwatsi amakuru yakwirakwiye mu binyamamakuru avuga ko Leta y’ u Rwanda yasinyanye na Israel amaserano mu ibanga areba abimukira bagomba bo muri Afurika.
Kuri uyu wa Mbere tariki 22 Mutarama 2018 nibwo iyo nkuru y’ uko u Rwanda rwasinyanye na Israel amasezerano areba abimukira bagomba kuza muri Afurika by’ umwihariko Uganda n’ u Rwanda yakwirakwijwe mu binyamamakuru.
Ikinyamakuru Haaretz cyatangaje ko urwego rushinzwe abimukira rwatangiye kumenyesha abari (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Leta y‘ u Rwanda yamaganye ibivugwa ako yasinyanye na Israel amasezerano mu ibanga
23 January 2018, by Nsanzimana Ernest -
RGB yasabye Imitwe ya Politiki kurushaho kwegera abanyamuryango bayo
30 September 2025, by Brenda MIZEROUmuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), Dr. Doris Uwicyeza Picard, yasabye Imitwe ya Politiki kongera imikoranire n’abanyamuryango bayo, ikabegera ikabagezaho gahunda za Leta kuko igira uruhare rukomeye mu miyoborere y’Igihugu no mu bumwe bw’abaturage.
-
Perezida Kagame yaburiye amahanga ko ntawe uzongera Gupfukamisha Abanyarwanda
16 January 2025, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yabwiye abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda ko ibyo Abanyarwanda baciyemo mu myaka 30 ishize byabasigiye amasomo k’uburyo ntawe bazomerera kongera kubapfukamisha.
-
Inkingo za Covid-19 u Rwanda rwahawe na USA n’Ubushinwa ziragera i Kigali umunsi umwe
18 August 2021, by Dusingizimana RemyNyuma y’uko ibiro bya perezida wa Amerika kuwa kabiri bitangaje ko byoherereje u Rwanda doze hafi 500,000 by’inkingo za Pfizer, Ubushinwa nabwo bwohereje impano y’inkingo zabwo i Kigali.
-
Rwanda na Togo byasinye amasezerano yo gukuriranaho Visa
17 January, by Brenda MIZEROGuverinoma y’u Rwanda n’iya Togo byasinye amasezerano yo gukuriranaho gusaba visa ku baturage b’ibihugu byombi bafite pasiporo z’ubwoko butandukanye.
-
Perezida Kagame yavuze ku bihano by’amahanga bikangishwa u Rwanda
21 June 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rudatinya ibihano bivugwa ko rushobora guhabwa n’ibihugu byo mu burengerazuba bw’isi birubeshyera gutera inkunga umutwe wa M23 wayogoje Uburasirazuba bwa Kongo.
-
"Kwimuka Kangondo na Kibiraro bigeze ku musozo nta muvundo"-Leta
17 September 2022, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wungirije wa leta y’u Rwanda,Alain Mukuralinda, yatangaje ko kwimura abantu bari batuye muri Kangondo na Kibiraro byarangiye "nta muvundo"
Ibikorwa byo gusenya inzu zabo byatangiye ejo kuwa gatanu nyuma y’uko hagoswe n’inzego z’umutekano.
Abinyujije kuri Twitter ye, Mukuralinda yagize ari "Kwimuka Kangondo na Kibiraro bigeze ku musozo nta muvundo. Leta ikomeje kandi gutega amatwi no gushakira umuti ibindi bibazo byavuka nyuma y’aho bagereye aho bimukiye mu Busanza."
Kuva ejo (…) -
Mu myaka 10 Abanyarwanda bose bazaba bazigamira izabukuru: Bizaca mu zihe nzira?
22 January, by Brenda MIZEROUrwego rw’Igihugu rw’Ubwitegenyirize mu Rwanda, ruteganya ko mu myaka 10 iri imbere Abanyarwanda bose bagomba kuba bazigamira izabukuru.
-
Ubushinjacyaha bwagaragaje byimbitse ibyo CG (Rtd) Gasana Emmanuel aregwa
10 November 2023, by Dusingizimana RemyCG (Rtd) Gasana Emmanuel wamenyekanye mu mirimo itandukanye mu Rwanda,yatangiye kuburanishwa imbere y’urukikorwa Nyagatare kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2023.
-
Umubiri wa Senateri Kagoyire waguye muri Amerika wagejejwe i Kigali[AMAFOTO]
17 July 2019, by Martin MunezeroSenateri Bishagara yitabye Imana ku wa Mbere w’icyumweru gishize mu bitaro bya John Hopkins biri muri Baltimore mu Mujyi wa Maryland muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yivurizaga.
Umuryango.rw
RGB yasabye Imitwe ya Politiki kurushaho kwegera abanyamuryango bayo
Perezida Kagame yaburiye amahanga ko ntawe uzongera Gupfukamisha Abanyarwanda
Inkingo za Covid-19 u Rwanda rwahawe na USA n’Ubushinwa ziragera i Kigali umunsi umwe
Rwanda na Togo byasinye amasezerano yo gukuriranaho Visa
Perezida Kagame yavuze ku bihano by’amahanga bikangishwa u Rwanda
"Kwimuka Kangondo na Kibiraro bigeze ku musozo nta muvundo"-Leta
Mu myaka 10 Abanyarwanda bose bazaba bazigamira izabukuru: Bizaca mu zihe nzira?
Ubushinjacyaha bwagaragaje byimbitse ibyo CG (Rtd) Gasana Emmanuel aregwa