Perezida Kagame yahagaritse ku mirimo CG (Rtd) Gasana Emmanuel,wari Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba kubera ibyo agomba kubazwa akurikiranweho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yahagaritse ku mirimo Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba
25 October 2023, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yongeye atungura abaturage i Kabarondo ava mu modoka arabasuhuza[AMAFOTO]
10 June 2019, by Martin MunezeroKuri iki cyumweru, Perezida Kagame yongeye gutungura abaturage nyuma yo kuva mu modoka agasuhuza abaturage bo mu duce twa Rwinkwavu na Kabarondo ho mu karere ka Kayonza, mu burasirazuba bw’igihugu.
-
Perezida Kagame na Ange Kagame bagaragaye bambaye umupira ushushanyijeho ingagi
3 June 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye ko imbaraga zishyirwa mu bikorwa byo kubungabunga ibinyabuzima by’umwihariko ingagi zo mu Birunga zikomeza kwiyongera.
-
Kuva mu biganiro kwa Tshisekedi n’ishyano ku ngabo z’u Burundi: Ibishobora kuba mu ntambara yo muri RDC
19 September 2025, by JABO Blaise PatienceUmwuka w’intambara ikomeye ukomeje gushyuha mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku buryo isaha n’isaha cyangwa umunsi ku munsi ingabo z’iki gihugu (FARDC) n’umutwe witwaje intwaro wa M23 bishobora kuyisubukura, ikaba yanagira ubukana burenze ubwa mbere.
-
Perezida Kagame yakiriye Gen Muhoozi Kainerugaba
16 October 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yagiranye ibiganiro na Gen. Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Perezida Museveni wa Uganda,wageze mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu.
Gen Muhoozi yageze i Kigali aherekejwe n’abandi bantu barimo Andrew Mwenda, umwe mu banyamakuru bakomeye muri Uganda ukunda politiki ya Perezida Kagame na Museveni
Uyu musirikare ukomeye mu gisirikare cya Uganda hashize iminsi mike azamuwe mu ntera, agahabwa inyenyeri enye mu gisirikare cya Uganda gusa akurwa ku mwanya w’Umugaba Mukuru w’Ingabo (…) -
Mukeshabatware Dismas wamenyekanye mu Ikinamico no kwamamaza yahitanwe n’uburwayi
30 June 2021, by Dusingizimana RemyUmunyabigwi mu gukina ikinamico,mu kwamamaza no muri Filime Nyarwanda, Mukeshabatware Dismas, yitabye Imana ku myaka ye 71, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Kamena 2021 azize uburwayi.
-
Musanze: Hatewe ibindi bisasu 2 bivugwa ko byaturutse muri RDC
10 June 2022, by Dusingizimana RemyAhagana mu ma saa tanu zo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Kamena 2022,mu kagari ka Nyabigoma mu murenge wa Kinigi wo mu karere ka Musanze hatewe ibindi bisasu 2 byo mu bwoko bwa Rokete bivugwa ko byaturutse muri Rutshuru muri RDC.
Mu gihe imirwano hagati ya FARDC na M23 ikomeje,ibisasu byongeye kugwa mu Rwanda nyuma y’ibindi byaherukaga guterwa i Musanze kuwa 23 Gicurasi 2022 biturutse muri RDC bikangiza inzu z’abaturage ndetse bikanabakomeretsa.
Nkuko abahaye amakuru Bwiza.com dukesha (…) -
Gitifu w’ akarere ka Gasabo arafunze
9 May 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali ,Ingabire Augustin, akurikiranyweho icyaha cyo gutanga isoko ry’ibikoresho by’ibiro by’Ubutaka, mu buryo butemewe n’amategeko.
-
P. Kagame yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru Gen Kazura n’abasirikare barenga 1,000
31 August 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abasirikare barenga 1,000 barimo Gen Jean Bosco Kazura wigeze kuba Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda.
-
Perezida Ndayishimiye yahishuye ko u Burundi n’u Rwanda bigiye kubana neza vuba
25 January 2021, by Dusingizimana RemyNyuma yo gutorwa k’umunyamabanga mukuru mushya w’ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, Perezida Evariste Ndayishimiye yavuze ko yizeye ko mu gihe cya vuba u Rwanda n’u Burundi bizongera kubana neza.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yahagaritse ku mirimo Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba
Kuva mu biganiro kwa Tshisekedi n’ishyano ku ngabo z’u Burundi: Ibishobora kuba mu ntambara yo muri RDC
Perezida Kagame yakiriye Gen Muhoozi Kainerugaba
Mukeshabatware Dismas wamenyekanye mu Ikinamico no kwamamaza yahitanwe n’uburwayi
Musanze: Hatewe ibindi bisasu 2 bivugwa ko byaturutse muri RDC
P. Kagame yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru Gen Kazura n’abasirikare barenga 1,000