Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa, Louise Mushikiwabo, yifurije Abanyarwanda kuzagira ibyiza birimo ubuzima bwiza n’ituze ku mutima mu mwaka wa 2026.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Mugwize urukundo n’imigisha - Ubutumwa bwa Mushikiwabo bw’umwaka mushya wa 2026
2 January, by Brenda MIZERO -
Musanze: Ikamyo yagonganye n’ivatiri igwa igushije urubavu [AMAFOTO]
12 October 2021, by Dusingizimana RemyImbere y’Ibiro by’Akarere ka Musanze, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 12 Ukwakira 2021, habereye impanuka y’ikamyo itwara umucanga, aho yagonganye n’indi modoka nto, Imana ikinga ukuboko.
Iyi mpanuka yabereye imbere y’ibiro by’Akarere ka Musanze, yatumye imodoka y’ikamyo isanzwe itwara umucanga igusha urubavu rw’ibumoso mu gihe ivatiri byagonganye yo yasigaye ihagaze icyakora yangiritse cyane ku gice cy’imbere.
Ni impanuka itagize umuntu ihitana kuko uretse kuba iriya vatiri (…) -
U Rwanda ruzahagarika gutekesha inkwi ku mashuri bitarenze mu 2032
13 February 2025, by Joseph IradukundaGuverinoma y’u Rwanda yihaye intego ko biterenze mu mwaka wa 2032 izaba yahagaritse gukoresha inkwi n’amakara mu gutekera ibiribwa abanyeshuri ku ishuri, bigasimbuzwa uburyo bwo gukoresha amasafuriya manini (Muvelo) zikoresho inkwi nke cyangwa amashyiga akoresha imirasire y’izuba kandi afite uburyo bwiza bwo gusukurwa.
-
Mu mezi 6, u Rwanda rwahombye miliyari 204 n’ abaturage barenga 200 kubera ibiza
15 October 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ Ibiza no gucyura impunzi Midimar, yatangaje ko mu mezi atandatu ya mbere y’uyu mwaka ibiza byahombeje igihugu arenga miliyari 204 Frw, mu gihe byahitanye abaturage 234 kugeza mu Ukwakira 2018.
-
INKURU ICUKUMBUYE: Caguwa irakinjira mu gihugu,mu bayinjiza harimo n’abayobozi
18 December 2019, by Dusingizimana RemyIyi nkuru yakozwe n’Ikinyamakuru BWIZA.COM, mu bufatanye bw’imikoranire Umuryango.rw urayitangaza.
-
Minisitiri Nduhungirehe yasabye RDC gukemura ibibazo biyugarije aho guhora isabira u Rwanda ibihano
28 November 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yasabye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gukemura ibibazo biyugarije, aho guhora isabira u Rwanda ibihano.
-
Raporo ya Banki y’Isi ivuga ko mu Rwanda ubushomeri bwagabanutseho 7%
23 September 2024, by Joseph IradukundaBanki y’Isi ishami ry’u Rwanda igaragaza ko hagati ya 2021 na 2023 mu Rwanda hahanzwe imirimo mishya 500,000 yatumye ubushomeri bugabanukaho 7% kuko bwageze munsi ya 15% mu ntangiro z’umwaka wa 2024.
-
Dore impamvu gitifu wa Ruhango we ategujwe
8 March 2018, by Nsanzimana ErnestAkarere ka Ruhango ubu kayobowe by’ agateganyo na Nkurunziza Jean Marie washyizweho na Njyanama yako nyuma y’ uko komite nyobozi yegujwe kuri uyu wa Gatatu tariki 7 Werurwe 2018.
Abo njyanama yeguje ni Mbabazi François Xavier wari Umuyobozi w’Akarere; Twagirimana Epimaque wari umuyobozi wungirije Ushinzwe Ubukungu na Kambayire Annonciata wari Umuyobozi Wungirije Ushinzwe Imibereho Myiza.
Perezida wa Njyanama y’ aka karere yatangaje Gasasira Rutagengwa Jérôme ko aba bayobozi begujwe (…) -
Musanze: Umuganga ukekwaho gusambanya no kwica umukobwa yatawe muri yombi
11 November 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi umugabo w’imyaka 30 y’amavuko usanzwe ari umuganga mu Ivuriro ryigenga rya Mpore Clinic muri Musanze, akekwaho gusambanya no kwica Iradukunda Emerance amunigishije imigozi akamuta mu murima w’ibishyimbo.
-
RIB yataye murigombi Umugabo uherutse kwicisha umugore we icyuma bapfa 50.000 Frw yafatiwe ku mupaka
10 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, CIP Gahonzire Wellars, yatangaje ko umugabo w’imyaka 28 uherutse kwica umugore we akoresheje icyuma, yafatiwe ku mupaka w’u Rwanda na Uganda agerageze gutoroka.
Umuryango.rw
Mugwize urukundo n’imigisha - Ubutumwa bwa Mushikiwabo bw’umwaka mushya wa 2026
Musanze: Ikamyo yagonganye n’ivatiri igwa igushije urubavu [AMAFOTO]
U Rwanda ruzahagarika gutekesha inkwi ku mashuri bitarenze mu 2032
Minisitiri Nduhungirehe yasabye RDC gukemura ibibazo biyugarije aho guhora isabira u Rwanda ibihano
Raporo ya Banki y’Isi ivuga ko mu Rwanda ubushomeri bwagabanutseho 7%
RIB yataye murigombi Umugabo uherutse kwicisha umugore we icyuma bapfa 50.000 Frw yafatiwe ku mupaka