Umucamanza mu Rukiko rw’Ikirenga mu Bwongereza yanzuye ko gahunda yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro inyuranyije n’amategeko.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Leta ya UK yatsinzwe urubanza ku kohereza abimukira mu Rwanda
15 November 2023 -
DGPR irifuza ko hakurwaho amananiza ari mu itangwa ry’inguzanyo yagenewe kuzahura abagizweho ingaruka na Covid-19
31 October 2020, by Dusingizimana RemyUyu munsi nibwo abarwanashya b’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda [DGPR] bateranye mu rwego rwo gushyiraho zimwe mu nzego z’ubuyobozi ndetse no kuganira ku ngingo zimwe na zimwe zirimo kurebera hamwe ingaruka zatewe n’icyorezo cya Covid-19 nuko bakomeza kwitwara kugira ngo birinde ingaruka zacyo.
-
Perezida Alassane Ouattara ari mu Rwanda [AMAFOTO]
26 April 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Cote d’ Ivoire Alassane Ouattara kuri uyu wa 25 Mata 2018 yatangiye uruzinduko rw’ iminsi itatu agira mu Rwanda.
-
Perezida Kagame yabwiye abashaka guhungabanya u Rwanda ko bitoroshye nk’imibare yo guteranya
26 October 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame yabwiye abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda bitwaje ko na FPR Inkotanyi ariko yatangiye mu 1990 bitazabahira ngo kuko s’ink’imibare yo guteranya.
-
U Rwanda n’u Budage byasinye amasezerano y’inkunga ya miliyari 30,5 Frw
6 October 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma y’u Rwanda n’u Budage, byasinyanye amasezerano y’inkunga ingana na miliyoni 18 z’Amayero (miliyari 30,5 Frw) yo gufasha muri gahunda zigamije guteza imbere imibereho myiza y’abaturage kandi idaheza.
-
Ibigo 3 byo mu ntara y’Amagepfo byasanzwemo abanyeshuri banduye Covid-19
19 November 2020, by Dusingizimana RemyIcyorezo cya COVID-19 giterwa n’agakoko ka Coronavirus cyagaragaye mu bigo by’amashuri bitatu byo mu Ntara y’Amajyepfo mu Turere twa Gisagara na Nyamagabe.
-
U Rwanda rusanga imirwano ikwiye guhagarara ngo ubutabazi muri RDC bushoboke
2 November 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Nduhungirehe Jean Patrick Olivier yatangaje ko bikwiye ko imirwano ibanza guhagarara kugira ngo ibikorwa by’ubutabazi bishoboke mu Burasirazuba bwa RDC.
-
Mozambike: Inyeshyamba ziravugwaho kwigira abasivile kubera gutinya ingabo z’u Rwanda
17 August 2021, by Dusingizimana RemyUmugaba w’ingabo zirwanira ku butaka za Mozambique yavuze ko ibitero, bikomeje, byo kurwanya abarwanyi mu ntara ya Cabo Delgado bitahuye no kwihagararaho gukomeye kuko abo barwanyi bashobora kuba barataye intwaro bakihindura abasivili.
Brig Chongo Vidigal yabwiye televiziyo y’igihugu ati: "Niyo mpamvu dukomeje kubakurikirana no kugenzura abantu bose bahinjira, cyane cyane abavuga ko bavuye muri Palma, yamaze igihe kinini yarafashwe kugeza vuba aha."
Yavuze ko "95% by’aba barwanyi" bari (…) -
Bakoresha ubuhanuzi bw’ikinyoma nk’iturufu yo gufata bugwate abashaka gutaha - Abahoze muri FDLR biniguye
30 October 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique yahaye ikaze abantu 143 bahoze mu mitwe yitwaje intwaro nyuma y’igihe bahabwa amasomo abategura gusubira mu buzima busanzwe, abasaba kwisanga mu muryango Nyarwanda, bashyira imbere ubumwe.
-
Perezida w’inzibacyuho wa Tchad yasoje uruzinduko yagiriraga mu Rwanda
19 March 2022, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente yaherekeje Umukuru w’Inama ya gisirikare iyoboye inzibacyuho akaba na Perezida wa Tchad, Gen. Mahamat Idriss Déby Itno, wasoje uruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriraga mu Rwanda.
Ku munsi w’ejo nibwo Gen. Mahamat Idriss Déby Itno yageze mu Rwanda,nyuma aza guhura na Perezida Kagame muri Village Urugwiro.
Perezida Kagame yakiriye Gen. Mahamat muri Village Urugwiro bagirana ibiganiro byabaye mu muhezo.
Nyuma (…)
Umuryango.rw
Leta ya UK yatsinzwe urubanza ku kohereza abimukira mu Rwanda
U Rwanda n’u Budage byasinye amasezerano y’inkunga ya miliyari 30,5 Frw
Ibigo 3 byo mu ntara y’Amagepfo byasanzwemo abanyeshuri banduye Covid-19
U Rwanda rusanga imirwano ikwiye guhagarara ngo ubutabazi muri RDC bushoboke
Mozambike: Inyeshyamba ziravugwaho kwigira abasivile kubera gutinya ingabo z’u Rwanda
Bakoresha ubuhanuzi bw’ikinyoma nk’iturufu yo gufata bugwate abashaka gutaha - Abahoze muri FDLR biniguye
Perezida w’inzibacyuho wa Tchad yasoje uruzinduko yagiriraga mu Rwanda