Mu Rwanda hari kubakwa inyubako ndende izaza isimbura Kigali City Tower (KCT) yari isanzwe ,aho bivugwa ko uyu muturirwa washoweho miliyoni 20$, asaga miliyari 20 Frw, ufite amagorofa 20.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ibyo wamenya ku nyubako ndende igiye kubakwa i Kigali
15 September 2023, by Rebecca UFITAMAHORO -
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye Inama ya Africa Flex 2024
12 November 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Kabiri Madamu Jeannette Kagame yitabiriye ibiganiro byiga ku burezi mu mashuri y’abana bato (guhera mu mashuri y’incuke kugeza ku biga mu mwaka wa 3 w’amashuri abanza), bizwi nka -Flex 2024.
-
Leta ya UK yatsinzwe urubanza ku kohereza abimukira mu Rwanda
15 November 2023Umucamanza mu Rukiko rw’Ikirenga mu Bwongereza yanzuye ko gahunda yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro inyuranyije n’amategeko.
-
Kwemererwa guhinga urumogi mu Rwanda bizaba bisaba iki? Itegeko ryasohotse
29 June 2021, by KAREGEYA Jean Baptiste OmarItegeko riteganya ibisabwa kubahirizwa ahahingwa n’ahatunganyirizwa urumogi bimwe mu byo riteganya ni uko hagomba kugira inzitiro ebyiri, irondo rigakoreramo hagati.
Iteka rya Minisitiri no 003/Moh/2021 ryo kuwa 25 Kamena 2021 rigena ibisabwa ku buhinzi n’imitunganyirize y’urumogi n’ibirukomokaho. Mu ngingo yaryo ya 15 kugeza kuya 18, bavuga ku mutekano w’ahakorwerwa ibijyanye n’urumogi, ko hagomba kuba inzitito ebyiri, kandi irondo rigakorerwa hagati ya zombi.
Amabwiriza ajyanye no (…) -
Goma:Amwe mu maduka y’Abanyarwanda yasuhuwe n’Abakongomani bariye karungu
15 June 2022, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu ku mupaka w’u Rwanda na RDC i Goma habereye imyigaragambyo ikomeye y’Abanye-Congo bamaganaga u Rwanda barushinja gufasha umutwe wa M23 uhanganye n’igisirikare cy’igihugu cyabo, FARDC.
Ku mashusho amwe, abari kwigaragambya ku mupaka ku ruhande rwa Goma babonekaga batera amabuye ku ruhande rw’u Rwanda.
Ahandi bumvikana baririmba ngo “Felix [Tshisekedi] fungura imiryango abanyarwanda basubire iwabo.”
Umunyamakuru Julien Ngoyi uri i Goma yabwiye BBC (…) -
Abantu 11 bamaze guhitanwa n’ibiza bitewe n’imvura abandi 48 barakomereka
20 March 2023, by Dusingizimana RemyMinisitiri y’ibikorwa by’ubutabazi, MINEMA, yatangaje ko abantu 11 bamaze kwicwa n’ibiza abandi 48 barakomeretse, inzu zisaga 300 zarasenyutse kubera imvura nyinshi.
Raporo ya MINEMA iva ku itariki ya 1 -15 Werurwe uyu mwaka, ivuga ko ibiza byishe amatungo 53, bisenya inzu 335, ubutaka bwa hegitare 42 bwaratwawe, amashuri 19 yarasenyutse.
Ibiza byasenye imihanda ibiri, urusengero, ibiraro 8, inzu z’ubuyobozi ebyiri, uruganda ndetse byangije imiyoboro ibiri y’amashanyarazi.
Minisiteri (…) -
Abadepite banenze imvugo Me Evode yakoresheje mu nteko
18 October 2017, by Nsanzimana ErnestAbadepite banenze zimwe mu mvugo z’ Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Itegeko Nshinga n’andi mategeko muri Minisiteri y’Ubutabera Me Evode Uwizeyimana.
Kuri uyu wa Gatatu tariki 18 Ukwakira 2017, ubwo Me Evode yagaragarizaga abadepite ishingiro ry’ ivugurura ry’ igitabo cy’ amategeko ahana ibyaha mu Rwanda yagereranyije uko icyo gitabo cyari kimeze ‘ishyamba ry’ inzitane’ ashaka kugaragaza ko cyari kigizwe n’ ingingo nyinshi bikagorana kubonamo ingingo runaka.
Iyi mvugo abadepite barimo (…) -
Abasura Pariki y’Akagera bayinjirije miliyoni 32,1$ mu myaka 15
19 November 2025, by Brenda MIZEROUbuyobozi bwa Pariki y’Akagera bwatangaje ko kuva mu 2010 kugeza mu 2025 iyi Pariki imaze gusurwa n’abanytu ibihumbi 470.622, aho bayinjirije miliyoni 32,1$.
-
Impamvu imisanzu ya Mituweli yongerewe
25 February, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’Ubuzima ifatanyije n’Ikigo cy’Igihugu cy’ubwiteganyirize, RSSB, byasobanuye ko kuzamura imisanzu ya Mituweli byaturutse kuri serivisi nyinshi z’ubuvuzi zongerewe kuri ubu bwisungane ndetse no kuba imiti yatangwaga igiye kwikuba hafi kabiri.
-
Perezida Kagame yahawe igihembo cyo kuba indashyikirwa mu kurwanya Kanseri
27 October 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yahawe igihembo ku bw’umuhate u Rwanda rwagaragaje mu gukumira, kurwanya no kuvura indwara za Kanseri. Ni igihembo gitangwa n’Umuryango Mpuzamahanga Ushinzwe Kurwanya Kanseri [UICC].
Umuryango.rw
Ibyo wamenya ku nyubako ndende igiye kubakwa i Kigali
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye Inama ya Africa Flex 2024
Leta ya UK yatsinzwe urubanza ku kohereza abimukira mu Rwanda
Kwemererwa guhinga urumogi mu Rwanda bizaba bisaba iki? Itegeko ryasohotse
Goma:Amwe mu maduka y’Abanyarwanda yasuhuwe n’Abakongomani bariye karungu
Abantu 11 bamaze guhitanwa n’ibiza bitewe n’imvura abandi 48 barakomereka
Abasura Pariki y’Akagera bayinjirije miliyoni 32,1$ mu myaka 15
Impamvu imisanzu ya Mituweli yongerewe
Perezida Kagame yahawe igihembo cyo kuba indashyikirwa mu kurwanya Kanseri