Umukinnyi w’ikipe ya Eritrea witwa Tesfazion Natnael niwe wegukanye agace karekare kurusha utundi muri Tour du Rwanda ya 2020 nyuma yo gutsinda bagenzi be babiri barimo Main Kent na Mugisha Moise wabaye umunyarwanda wa mbere ubashije kurangiza hafi mu gace ko muri Tour du Rwanda y’uyu mwaka.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
#TdRwanda:Natnael Tesfazion yatwaye agace ka kane ahita yambara umwenda w’umuhondo
26 February 2020, by Dusingizimana Remy -
Biravugwa: Perezida Kagame yaba agiye guhurira mu biganiro na Tshisekedi muri Qatar
21 January 2023, by Dusingizimana RemyAmakuru aravuga ko Perezida Paul Kagame na mugenzi we Felix Antoine Tshisekedi wa Congo bashobora guhurira i Doha muri Qatar mu muhuro wo kuganira ku bibazo biri hagati y’ibihugu byabo no kubikemura.
Biravugwa ko aba bakuru b’ibihugu bagiye kuganira ku kibazo cy’umutekano mucye mu Burasirazuba bwa Congo,cyateje umwuka mubi hagati y’ibihugu byabo.
Ikinyamkuru Africa intelligency cyatangaje ko uku guhura guteganyijwe ku wa Mbere tariki 23 Mutarama, 2023.
Africa Intelligence kivuga ko (…) -
Perezida Kagame yahaye imirimo mishya Gen Nyamvumba n’abandi barimo umukobwa wa Rwigema
28 February 2024, by Dusingizimana RemyInama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kabiri tariki 27 Gashyantare 2024 iyobowe na Perezida Paul Kagame,yasabiye General Patrick Nyamvumba guhagararira u Rwanda muri Tanzania, na ho Fatou Harerimana asabirwa kuruhagararira muri Pakistan.
-
Perezida Kagame yavuze ikintu cyamugoye kurusha ibindi nyuma yo kurangiza urugamba rwo kubohora u Rwanda
21 November 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame yabwiye abitabiriye umuhango wo gufunguraga icyicaro gishya cya Carnegie Mellon University,ko nyuma yo kubohora u Rwanda yahuye n’ibihe bikomeye byo kumvisha abasirikare bari bamaze kurangiza intambara ko badakwiriye kwihorera nyuma yo gusanga imiryango yabo yatikiriye muri Jenoside.
-
Perezida Kagame yahaye ubutumwa bukomeye abarimu ku munsi wabo
2 November 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yabwiye abarimu ku munsi wabahariwe ko Guverinoma y’u Rwanda ibashyigikiye ariyo mpamvu bitwa abarezi b’u Rwanda.
Ubwo yagezaga ijambo ku bihumbi by’abarimu bari bateraniye muri BK Arena,bitabiriye ibirori byo kwizihirizwa umunsi mpuzamahanga wa mwarimu, Minisitiri w’Intebe Édouard Ngirente,yavuze ko Perezida wa Repubulika yamubwiye ko ababwira ko "Guverinoma y’u Rwanda ishyigikiye byimazeyo umwuga mukora".
Yagize ati "Mu izina rya Perezida wa Repubulika ndagira ngo (…) -
Uvira: Umwana w’imyaka 12 yishwe arashwe mu myigaragambyo isaba Gen Gasita kugenda
9 September 2025, by ISIMBI EstellaUmwana w’umuhungu w’imyaka 12 yapfuye arashwe, abantu nibura icyenda na bo barakomereka mu myigaragambyo yabayemo guhangana hagati y’abasirikare n’abigaragambya ku wa mbere mu mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y’Epfo ya DR Congo.
-
IFOTO Y’UMUNSI: Perezida Kagame yafotowe ari kwita ku mwuzukuru we
20 June 2021, by Dusingizimana RemyMu gihe isi yose yizihiza umunsi wahariwe ababyeyi b’abagabo,Umukobwa wa nyakubahwa Perezida wa Repubulika,Ange Kagame,yashyize hanze ifoto ya Perezida Kagame Paul ari kwita ku mwuzukuru we.
-
Perezida wa Togo Faure Gnassingbé yageze i Kigali mu ruzinduko rw’akazi
30 January, by ISIMBI EstellaMu ijoro ryo ku wa 29 Mutarama 2026, Perezida w’Inama y’Igihugu ya Repubulika ya Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, yageze i Kigali mu ruzinduko rw’akazi.
-
Spiro yisobanuye ku bibazo uruhuri bivugwa kuri moto zayo
17 December 2025, by Brenda MIZEROUruganda rukora moto zikoresha amashanyarazi rwa Spiro, rwemeye ko ibibazo bimaze iminsi bivugwa kuri moto zarwo mu Rwanda biri kuruteza igihombo gikomeye, rusobanura imiterere ya byo n’icyo ruri kubikoraho.
-
U Rwanda rutanga miliyoni 70 buri kwezi ku bagororerwa IWAWA
9 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ Ikigo cy’ Igihugu cy’ igororamuco mu Rwanda aratangaza ko kugorora abana b’ inzererezi baba barakuwe mu mihanda hirya no hino bakajyanwa IWAWA bitwara Leta y’ u Rwanda miliyoni 70 buri kwezi hatabariwemo imishahara y’ abashinzwe ku bitaho.
Umuryango.rw
Biravugwa: Perezida Kagame yaba agiye guhurira mu biganiro na Tshisekedi muri Qatar
Perezida Kagame yahaye imirimo mishya Gen Nyamvumba n’abandi barimo umukobwa wa Rwigema
Perezida Kagame yavuze ikintu cyamugoye kurusha ibindi nyuma yo kurangiza urugamba rwo kubohora u Rwanda
Perezida Kagame yahaye ubutumwa bukomeye abarimu ku munsi wabo
Uvira: Umwana w’imyaka 12 yishwe arashwe mu myigaragambyo isaba Gen Gasita kugenda
IFOTO Y’UMUNSI: Perezida Kagame yafotowe ari kwita ku mwuzukuru we
Perezida wa Togo Faure Gnassingbé yageze i Kigali mu ruzinduko rw’akazi
Spiro yisobanuye ku bibazo uruhuri bivugwa kuri moto zayo