Nyakubahwa perezida wa Repubulika yagiranye ikiganiro kirambuye n’umunyamakuru Smriti Vidyarthi wa Televiziyo yo muri Kenya ya NTV,wamubajije ku mubano w’u Rwanda na Uganda ndetse n’icyo amasezerano u Rwanda rufitanye na Arsenal amaze kugeraho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yavuze ku mubano w’u Rwanda na Uganda anasubiza abanenga imikoranire y’u Rwanda na Arsenal mu kiganiro yahaye NTV
12 November 2019, by Dusingizimana Remy -
Umukobwa wa Perezida Kagame,Ange Kagame yakoze ubukwe bw’igitangaza n’umukunzi we Ndengeyingoma [AMAFOTO]
6 July 2019, by Dusingizimana RemyUmukobwa wa Nyakubahwa perezida Kagame,Ange Kagame, yashyingiranywe n’umukunzi we,Bertrand Ndengeyingoma,kuri uyu wa gatandatu,taliki ya 06 Kamena 2019,mu bukwe bwabereye kuri Convention Center.
-
J. Kagame yagaragaje ko intego y’u Rwanda ari ukugira umuryango ukungahaye
12 October 2017, by Iyamuremye JanvierMadamu Jeannette Kagame avuga ko intego u Rwanda rufite ari ukugira umuryango ukungahaye kandi ubasha kwigira. Ibi yabivugiye mu Karere ka Kirehe ubwo yatangizaga gahunda y’ubukangurambaga ku miyoborere n’imibereho myiza mu muryango nyarwanda.
Ubwo yageraga mu Karere ka Kirehe mu murenge wa Gatore, Akagali ka Nyamiryango, Madamu wa Perezida wa Repubulika yabanje gutaha ibyumba ababyeyi bo muri uyu murenge biyubakiye kugirango bajye babona ahantu hizewe basiga abana babo batarageza ku (…) -
Guverinoma yashimye umuhate n’ubwitange biri mu rwego rw’ubuzima
26 January, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yabwiye abarangije amasomo muri Kaminuza Mpuzamahanga y’Ubuvuzi n’Ubuzima Rusange ya UGHE [University of Global Health Equity] ko umuhate n’ubwitange bagize mu myaka bamaze biga, bitanga icyizere cy’impinduka bagiye kuzana mu rwego rw’ubuzima haba mu Rwanda, muri Afurika n’ahandi.
-
MINUBUMWE yatangaje uko igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 28 Kizagenda
4 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROMinisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu (MINUBUMWE), iratangaza ko Kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi, bizakorwa nk’uko byakorwaga mbere, ariko hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda Covid-19 ndetse imihango ngo ntizarenza amasaha abiri.
-
Ngoma: Prof. Karuranga yagizwe umwere ku byaha byo "guhombya" Kaminuza ya INATEK yari ayoboye
18 April 2021, by UbwanditsiProf. Karuraranga Gahima Egide wahoze ari umuyobozi wa kaminuza ya Kibungo INATEK ( YAFUNZWE ) wari umaze amezi 9 muri Gereza ya Nyarugenge kuri uyu wa gatanu tariki ya 16 Mata 2021 urukiko rwisumbuye rwa Ngoma rwamugize umwere ku byaha byose yari akurikiranyweho n’ubushinjacyaha ahita arekurwa.
Prof. Karuranga Gahima Egide muri Nyakanga 2020 Urwego rw’ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwamutaye muri yombi. Haakaba hari hashize hafi ukwezi Minisiteri y’Uburezi ifashe icyemezo cyo gufunga (…) -
Ibwo wamenya kuri gahunda ya miliyari 25 Frw yo guteza imbere AI
18 October 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma y’u Rwanda irateganya gutangira gushyira mu bikorwa imishinga inyuranye igamije guhindura u Rwanda igicumbi cy’ubwenge muntu buhangano (AI) binyuze mu guhanga ibishya mu buzima, uburezi n’ubuhinzi.
-
Perezida Tshisekedi ukomeje kwanikira abo bahanganye yakoze igikorwa gitangaje
25 December 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Felix Tshisekedi yohereje ingabo zidasanzwe mu gihugu hose cyane cyane mu bice byiganjemo abashyigikiye abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi bwe.
-
#TdRwanda:Natnael Tesfazion yatwaye agace ka kane ahita yambara umwenda w’umuhondo
26 February 2020, by Dusingizimana RemyUmukinnyi w’ikipe ya Eritrea witwa Tesfazion Natnael niwe wegukanye agace karekare kurusha utundi muri Tour du Rwanda ya 2020 nyuma yo gutsinda bagenzi be babiri barimo Main Kent na Mugisha Moise wabaye umunyarwanda wa mbere ubashije kurangiza hafi mu gace ko muri Tour du Rwanda y’uyu mwaka.
-
Biravugwa: Perezida Kagame yaba agiye guhurira mu biganiro na Tshisekedi muri Qatar
21 January 2023, by Dusingizimana RemyAmakuru aravuga ko Perezida Paul Kagame na mugenzi we Felix Antoine Tshisekedi wa Congo bashobora guhurira i Doha muri Qatar mu muhuro wo kuganira ku bibazo biri hagati y’ibihugu byabo no kubikemura.
Biravugwa ko aba bakuru b’ibihugu bagiye kuganira ku kibazo cy’umutekano mucye mu Burasirazuba bwa Congo,cyateje umwuka mubi hagati y’ibihugu byabo.
Ikinyamkuru Africa intelligency cyatangaje ko uku guhura guteganyijwe ku wa Mbere tariki 23 Mutarama, 2023.
Africa Intelligence kivuga ko (…)
Umuryango.rw
Guverinoma yashimye umuhate n’ubwitange biri mu rwego rw’ubuzima
MINUBUMWE yatangaje uko igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 28 Kizagenda
Ibwo wamenya kuri gahunda ya miliyari 25 Frw yo guteza imbere AI
Perezida Tshisekedi ukomeje kwanikira abo bahanganye yakoze igikorwa gitangaje
Biravugwa: Perezida Kagame yaba agiye guhurira mu biganiro na Tshisekedi muri Qatar