Perezida w’Amerika Joe Biden yatangiye uruzinduko rwe rwa mbere mu mahanga aburira Uburusiya ko buzahura n’ingaruka zikomeye kandi zifite icyo zivuze" niburamuka bugiye mu "bikorwa biteje ibyago".
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Biden yaburiye mugenzi we Putin mu ruzinduko rwe rwa mbere hanze
10 June 2021, by Dusingizimana Remy -
Dr Habineza yifuza ko Transit Center zivaho n’uzijyanywe mo agahabwa indishyi z’akababaro
7 January 2025, by Joseph IradukundaUmuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda, Dr Frank Habineza, asanga ibigo ngororamuco bizwi nka Transit Centers binyuzwamo abantu by’igihe gito bikwiye kuvaho, ngo kuko bikora binyuranyije n’amategeko.
-
Guverinoma yashyiriyeho ingamba zihariye zo kwirinda Covid-19 Umujyi wa Kigali n’uturere 8
29 June 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa 29 Kamena uyu mwaka,Hasohotse itangazo rishyiraho ingamba nshya zihariye mu mujyi wa Kigali no mu turere 8 two hirya no hino mu Rwanda dukomeje kugaragaramo ubwiyongere bukabije bwa Covid-19.
Iri tangazo rivuga ko guhera ku wa 1 Nyakanga, Umujyi wa Kigali n’Uturere twa Burera, Gicumbi, Kamonyi, Musanze, Nyagatare, Rubavu, Rutsiro na Rwamagana bizatangira kubahiriza ingamba nshya zo kwirinda Covid-19 zirimo:
a. Ingendo zirabujijwe guhera saa kumi n’ebyiri za nimugoroba (6:00 (…) -
U Rwanda rwamaganye ibirego bya RDC by’uko yafatiye ku butaka bwayo abasirikare 2 ba RDF
29 March 2022, by Dusingizimana RemyU Rwanda rwamaganye ibirego byatangajwe n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bishinja abasirikare barwo kugaba igitero mu duce twa Tchanzu na Runyoni muri Rutshuru.
Itangazo ryashyizweho umukono na Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Habitegeko François, rivuga ko Ingabo z’u Rwanda zitigeze zijya muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo.
Rigakomeza rivuga ko itangazo ry’Umuvugizi w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru ndetse n’inkuru zatangajwe n’ibinyamakuru bivuga ko (…) -
Bamwe mu bakuru b’ibihugu bitandukanye bamaze kugera mu Rwanda bitabiriye #Kwibohora 25 [AMAFOTO]
3 July 2019, by Dusingizimana RemyAbaperezida batatu barimo nyakubahwa Faustin Archange Touadera, wa Republic of Central Africa, Emmerson Dambudzo Mnangagwa wa Zimbabwe na Hage Geingob, wa Namibia n’umufasha we Monica Geingos bamaze kugera mu Rwanda aho baje kwifatanya n’Abanyarwanda kwizihiza umunsi wo Kwibohora ku nshuro ya 25.
-
Senateri Evode yagereranyije ubushotoranyi bwa Perezida Ndayishimiye kuri RDF n’imbeba itera ‘pompage’ kuri rwagakoco
15 December 2025, by Brenda MIZEROSenateri Evode Uwizeyimana yavuze ko nubwo ubutegetsi bw’u Burundi budahwema kuvuga ko igisirikare cyabwo gikomeye ku buryo cyahangana n’Ingabo z’u Rwanda, bubizi neza ko urwo rugamba kitarwisukira.
-
Manirareba wifuza ko ingoma ya cyami isubiraho mu Rwanda arashaka kuba Perezida
24 May 2024, by Dusingizimana RemyUmugabo witwa Manirareba Herman, yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, impapuro zisaba kuba umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika mu matora yo muri Nyakanga 2024.
-
Imodoka zitwara abagenzi zemerewe gutwara 100%,insengero zemererwa kwakira 75%
12 November 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri yabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 12 Ugushyingo 2021 muri Village Urugwiro,yafatiwemo ingamba zitandukanye mu kwirinda Covid-19 no gushyira mu myanya abayobozi.
Inama y’abaminisitiri yemeje ingamba zo kwirinda Covid-19, zirimo ko ingendo mu modoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange zizakomeza. Ku
modoka zifite imyanya y’abagenda bicaye gusa, zemerewe gutwara 100%
by’umubare w’abantu zagenewe gutwara.
Gahunda yo (…) -
Perezida Museveni yaje mu Rwanda mu ndege ya Gisirikare nyuma y’imyaka 5 atahagera
23 June 2022, by Dusingizimana RemyMuri iki gitondo, Perezida Museveni yagaragaje ifoto yinjira mu ndege ya Gisirikare, avuga ati ‘Ngiye mu Rwanda kwitabira Inama y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Commonwealth,CHOGM2022.”
Perezida Yoweri Kaguta Museveni,ntiyinjiranye iyi ndege mu Rwanda ahubwo yageze ku mupaka wa Gatuna ava mu modoka asuhuza abawutuye,mbere y’uko aza i Kigali mu nama ya CHOGM.
Imyaka itanu yari ishize Perezida Museveni atagera mu Rwanda kubera umwuka mubi wari hagati y’ibihugu byombi.
Perezida (…) -
Speciosa Mukabayojo, umwana w’Umwami Musinga azashyingurwa mu Rwanda
5 November 2025, by Brenda MIZEROUmuryango wa Speciosa Bideri Mukabayojo watangaje ko uyu mubyeyi azashyingurwa mu Rwanda ku wa 29 Ugushyingo 2025.
Umuryango.rw
Dr Habineza yifuza ko Transit Center zivaho n’uzijyanywe mo agahabwa indishyi z’akababaro
Guverinoma yashyiriyeho ingamba zihariye zo kwirinda Covid-19 Umujyi wa Kigali n’uturere 8
U Rwanda rwamaganye ibirego bya RDC by’uko yafatiye ku butaka bwayo abasirikare 2 ba RDF
Senateri Evode yagereranyije ubushotoranyi bwa Perezida Ndayishimiye kuri RDF n’imbeba itera ‘pompage’ kuri rwagakoco
Manirareba wifuza ko ingoma ya cyami isubiraho mu Rwanda arashaka kuba Perezida
Imodoka zitwara abagenzi zemerewe gutwara 100%,insengero zemererwa kwakira 75%
Perezida Museveni yaje mu Rwanda mu ndege ya Gisirikare nyuma y’imyaka 5 atahagera
Speciosa Mukabayojo, umwana w’Umwami Musinga azashyingurwa mu Rwanda