Ambasade y’u Rwanda mu Bwongereza, yasubije iki gihugu cyashinje u Rwanda kugira uruhare mu ntambara yo mu Burasirazuba bwa Congo, ibusaba kureka kwirengagiza nkana no gushyigikira RDC ishakira ibisubizo mu ntambara.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda rwasubije Ubwongereza ku bibera muri Congo
20 February 2025, by Pacifique NKURUNZIZA -
U Rwanda rwoherereje Jamaica abasirikare bo kuyifasha gusana ibyangijwe n’ibiza
14 January, by Brenda MIZEROU Rwanda rwohereje muri Jamaica itsinda ry’abasirikare bazafasha iki gihugu gusana ibikorwaremezo byangijwe n’ikiza cy’inkubi y’umuyaga yiswe ‘Melissa’ iherutse kucyibasira.
-
Rwatubyaye yitabajwe mu bakinnyi b’Amavubi azahura na Libya
6 November 2024, by Joseph IradukundaUmutoza w’Amavubi, Torsten Spittler amaze gushyira hanze urutonde rw’Abakinnyi azifashisha yitegura umukino w’ishiraniro azahanganamo LIBYA.
-
Zimwe mu ngendo z’abayobozi bakomeye ku isi zakoze amateka mu Rwanda
17 April 2023, by Dusingizimana RemyMu myaka myinshi ishize, u Rwanda rwasuwe n’abayobozi bakomeye ku isi batandukanye gusa hari ingendo zahasize urwibutso n’amateka akomeye nk’urwa Valéry René Marie Georges Giscard d’Estaing w’u Bufaransa, rwakupye amazi n’umuriro muri Kigali, urwa Muammar Gaddafi rwafunze amashuri, urwa Bill Clinton wagarukiye ku kibuga cy’indege i Kigali n’abandi.
Akenshi igituma izo nzinduko zigira umwihariko, ni uburyo umutekano uba wakajijwe rimwe na rimwe bikabangamira bamwe mu baturage, (…) -
U Rwanda ruzakira inama mpuzamahanga y’abagore ibaye ku ncuro yambere muri Afurika
7 July 2023, by Joseph IradukundaAbategura Inama Mpuzamahanga yiga ikanashakira umuti imbogamizi abagore bagihura nazo (Women Deliver Conference), batangaza ko kuba iy’uyu mwaka izabera mu Rwanda byashingiye ku gaciro ruha umugore.
Ni inama igiye kubera bwa mbere ku mugabane wa Afurika, abazayitabira bakaba bazateranira i Kigali ku matariki 17-20 Nyakanga 2023.
Iyi nama ihuriza hamwe abantu b’ingeri zinyuranye ku Isi yose, kugira ngo baganire ku mbogamizi abagore bagihura nazo hagamijwe gushaka ibisubizo bifatika, mu (…) -
Perezida Kagame yasabye abakora mu nzego z’ubutabera kuba inkingi yo kurwanya ruswa
7 September 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki ya 07 Nzeri 2020,nibwo mu Rwanda hatangijwe umwaka w’ubucamanza wa 2020-2021, aho Nyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame yasabye abakora mu nzego z’ubutabera kuba inkingi ikomeye mu kurwanya ruswa kandi ntibabe inkomoko yayo.
-
"Abantu 6 muri 23 twasuzumye kuva ejo basanganwe Omicron"-Minisitiri w’Ubuzima
16 December 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima yavuze ko abanduye Covid-19 yo mu bwoko buteye ubwoba yitwa Omicron bakomeje kwiyongera buri uko bafashe ibipimo bityo abanyarwanda bakwiriye gukaza ingamba kugira ngo idakwirakwira.
-
Abitwaje intwaro bongeye gutera Nyabimata muri Nyaruguru ingabo z’ u Rwanda zirabakurikira
2 July 2018, by Nsanzimana ErnestAbantu bataramenyekana bitwaje intwaro zirimo n’imbunda bongeye kugaba igitero mu murenge wa Nyabimata basahura amatungo, ibiribwa, imyenda n’amafaranga nyuma yo kurasa amasasu batera ubwoba abaturage.
-
M23 yasubije abakomeje kuyishinja kurasa indege ya MONUSCO
6 February 2023, by Dusingizimana RemyIngabo za Loni zishinzwe kubungabunga amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) zatangaje ko indege yazo yarashweho n’abataramenyekana, umuntu umwe akahasiga ubuzima.
Amakuru yahise atangira gukwirakwizwa ko iyi ndege yarashwe na M23 ikomeje gushyamirana na FARDC.
Umuvugizi wa M23 Maj. Willy Ngoma, yavuze ko iyo ndege ikwiye kubazwa ingabo za RDC (FARDC) n’abambari bazo ari bo FDLR, Nyatura, Mai-Mai n’indi mitwe yitwaje intwaro bakorana kuko iyo ndege (…) -
Perezida Kagame yasimbuwe ku buyobozi bwa Commonwealth
25 October 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame wasoje manda ye y’imyaka ibiri nk’Umuyobozi Mukuru (Chair) w’Umuryango w’Ibihugu Bikoresha Icyongereza (Commonwealth), yasimbuwe na Minisitiri w’Intebe wa Samoa, Fiamē Naomi Mata’afa.
Umuryango.rw
U Rwanda rwasubije Ubwongereza ku bibera muri Congo
U Rwanda rwoherereje Jamaica abasirikare bo kuyifasha gusana ibyangijwe n’ibiza
Rwatubyaye yitabajwe mu bakinnyi b’Amavubi azahura na Libya
Zimwe mu ngendo z’abayobozi bakomeye ku isi zakoze amateka mu Rwanda
U Rwanda ruzakira inama mpuzamahanga y’abagore ibaye ku ncuro yambere muri Afurika
Perezida Kagame yasabye abakora mu nzego z’ubutabera kuba inkingi yo kurwanya ruswa
"Abantu 6 muri 23 twasuzumye kuva ejo basanganwe Omicron"-Minisitiri w’Ubuzima
M23 yasubije abakomeje kuyishinja kurasa indege ya MONUSCO
Perezida Kagame yasimbuwe ku buyobozi bwa Commonwealth