Perezida Kagame yahawe igihembo cy’umunyafurika w’umwaka wagaragaje impinduka ziteza imbere ubukungu kuri uyu mugabane, mu bihembo bigenerwa abayobozi mu bya politiki n’ubucuruzi bizwi nka ‘All Africa Business Leaders Awards, AABLA’.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yahawe igihembo cy’umunyafurika w’umwaka wa 2024, wateje imbere ubukungu
25 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Gasabo: Ibyobo byajugunywemo abantu muri Jenoside bimaze kuba 6, hagiye kwifashishwa imashini ihinga
3 May 2018, by Nsanzimana ErnestKabuga muri Gasabo mu gihe igikorwa cyo gukura imibiri y’ inzirakane mu cyobo kinini bajugunywemo muri Jenoside yakorewe abatutsi gikomeje haracyaboneka ibindi byobo. Abayobozi bavuga ko ibyo byobo byose hamwe bishobora kuba byarajugunywemo abantu ibihumbi 5, bityo ngo hagiye kwifashishwa imashini mu kunganira abaturage bari gukoresha ibikoresho gakondo mu gushaka iyo mibiri.
-
Ibwo wamenya kuri gahunda ya miliyari 25 Frw yo guteza imbere AI
18 October 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma y’u Rwanda irateganya gutangira gushyira mu bikorwa imishinga inyuranye igamije guhindura u Rwanda igicumbi cy’ubwenge muntu buhangano (AI) binyuze mu guhanga ibishya mu buzima, uburezi n’ubuhinzi.
-
“Twirinde rero buri wese yite ku bandi"-Perezida Kagame mu Ijambo risoza umwaka wa 2020
31 December 2020, by Dusingizimana RemyMu ijambo risoza umwaka wa 2020 rinatangiza uwa 2021,Perezida Kagame yasabye abanyarwanda gukomeza kwirinda Covid-19 igihe urukingo rwayo rutaragera mu Rwanda ndetse abibutsa ko gushyira hamwe aribyo bizatuma umwaka utaha uba mwiza ku Banyarwanda.
-
Perezida Tshisekedi yarahiriye kongera kuyobora RDC yizeza gukosora amakosa yagaragaye mbere
20 January 2024, by Dusingizimana RemyUmukuru w’igihugu cya RDC, Félix-Antoine Tshisekedi yarahiriye kuba perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo mu gihe cy’indi myaka itanu iri imbere nyuma yo gutsinda amatora mu kwezi gushize.
-
Lt Gen Muhoozi Kainerugaba umuhungu wa Perezida Museveni yongeye gusura u Rwanda
14 March 2022, by Dusingizimana RemyUmuhungu wa Perezida Museveni wa Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yageze ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali mu ruzinduko rwe mu Rwanda kuri uyu wa 14 Werurwe 2022.
Umuhungu wa Perezida Museveni wa Uganda, Lt Gen Muhoozi, Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka muri Uganda, akaba n’umujyanama wa Perezida Museveni, yari uherutse gutangaza ko yemeranyije na Perezida Kagame ko azagaruka mu Rwanda bakaganira,akaba yageze ku Kibuga cy’Indege i Kanombe kuri uyu wa Mbere tariki 14 Werurwe (…) -
Omedi na Kiwanuka ba APR FC bakuwe mu Ikipe y’Igihugu ya Uganda yitegura CHAN2024
13 January 2025, by Joseph IradukundaUmutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Uganda, Paul Joseph Put, yakuye Denis Omedi na Hakim Kiwanuka mu bakinnyi iki gihugu kizifashisha muri CHAN 2024 nyuma y’uko bombi bamaze gusinyira APR FC.
-
Meya Uwanzwenuwe na perezida wa Ibuka bateye utwatsi amakuru yacicikanye avuga ko Visi Meya yanze kwakira urumuri rw’ icyizere
14 April 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’Akarere ka Nyabibu Uwanzwenuwe Theoneste n’Umuyobozi wa Ibuka mu Murenge wa Karago bahakanye amakuru avuga ko umuyobozi w’aka karere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Mukansanga Clarisse, yanze kwakira buji yo gucana urumuri rw’icyizere ndetse akongeraho ngo nibazihe abafite ababo bibuka.
-
Gukunda Igihugu si ukugipfira gusa- Brig. Gen Rwivanga
1 October 2025, by ISIMBI Estella“Iyo ukunda igihugu cyawe, uhora witeguye kucyitangira ndetse ukagumya gushyigikira abayobozi bacyo, kandi ukitanga mu murimo utizigama”.
-
Rubavu: Polisi yashyamiranye n’abaturage irabarasa umwana ahasiga ubuzima
7 October 2024, by Joseph IradukundaPolisi y’Igihugu kuri uyu wa Mbere yakomerekeje abaturage mu karere ka Rubavu, nyuma yo kuyitera amabuye na yo ikabarasaho.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yahawe igihembo cy’umunyafurika w’umwaka wa 2024, wateje imbere ubukungu
Ibwo wamenya kuri gahunda ya miliyari 25 Frw yo guteza imbere AI
Perezida Tshisekedi yarahiriye kongera kuyobora RDC yizeza gukosora amakosa yagaragaye mbere
Lt Gen Muhoozi Kainerugaba umuhungu wa Perezida Museveni yongeye gusura u Rwanda
Omedi na Kiwanuka ba APR FC bakuwe mu Ikipe y’Igihugu ya Uganda yitegura CHAN2024
Gukunda Igihugu si ukugipfira gusa- Brig. Gen Rwivanga
Rubavu: Polisi yashyamiranye n’abaturage irabarasa umwana ahasiga ubuzima