Perezida Kagame yasabye Abanyarwanda bose gufatanya kurwanya ibyaha bikorwa hifashishijwe ikoranabuha bikomeje kwiyongera cyane mu Rwanda.
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 6 Nzeri 2021, nibwo Perezida Kagame yatangije Umwaka w’Ubucamanza wa 2021/2022 ndetse anakira indahiro z’Abayobozi bashya.
Mu ijambo rye,Perezida Kagame yasabye abacamanza kutajenjekera ibyaha bikomeje kwiyongera mu Rwanda birimo gusambanya abana ndetse n’ibikorwa hifashishijwe ikoranabuhanga.
Perezida Kagame yagize ati (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yasabye ubufatanye mu guhashya ibyaha bikorwa hifashishijwe ikoranabuhanga
6 September 2021, by Dusingizimana Remy -
Perezida Biden wageze muri Angola byitezwe ko we na Lourenço ‘bavuga no ku kibazo cya DR Congo’
3 December 2024, by Joseph IradukundaIby’iyi nama izahuriramo ba perezida w’u Rwanda na DR Congo byatangajwe mbere gato y’uko Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika agera muri Angola mu ruzinduko rw’amasaha 72 ahafite.
-
Ihurizo mu gukemura ikibazo cy’abatuye ahagenewe ubuhinzi bitabaturutseho
18 February, by Brenda MIZEROAbadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda bagaragaje ko abatuye ku butaka bwagenewe ubuhinzi bisanze mu bibazo birenze ubushobozi bwabo bwo kubikemura birimo kubura amahirwe menshi y’iterambere, basaba Leta kubafasha.
-
Felicien Kabuga yaburaniye mu rukiko rw’I La Haye ku nshuro ya mbere
11 November 2020, by Dusingizimana RemyKu nshuro ya mbere, Kabuga Félicien ukurikiranweho ibyaha bya jenoside yagejejwe mu rukiko i La Haye mu Buhorandi kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11/11/2020.
-
Abaturage barasaba Leta kugira icyo ikora ku biciro bihanitse ku masoko
20 September 2022, by Joseph IradukundaAbaturage mu Rwanda bavuga ko bahangayikishijwe n’izamuka ry’ibiciro ku masoko yo mu Rwanda. Bamwe bemeza ko hatagizwe igikorwa bashobora kwisanga batakibona n’ifunguro rimwe ku munsi. Barasaba Leta kugira icyo ikora kuri iki kibazo kibahangayikishije.
-
Kinyinya: Yatatse ntiyatabarwa nyuma bamusanga mu bigori yapfuye
7 January 2025, by Joseph IradukundaMu Murenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo hasanzwe umurambo w’umugabo witwaga Nishimwe Servilien yishwe urw’agashinyaguro ajugunywa mu murima w’ibigori nyuma y’uko hari abaturage bari bamwuvise ataka ariko hakabura umutabara.
-
Gicumbi: Padiri yasezeye ku nshingano ze kugira ngo yishakire umugore
24 July 2021, by Dusingizimana RemyPadiri Fidèle de Charles Ntiyamira wakoreraga muri Diyosezi ya Byumba, yasezeye ku nshingano ze za gisaseridoti n’izindi bifitanye isano avuga ko abitewe n’impamvu ze bwite.
Ibaruwa y’ubwegure bwe bigaragara ko yandikiwe Musenyeri wa Diyosezi ya Byuma, Nzakamwita Servilien, ku wa 18 Nyakanga 2021, wari umushinzwe kuva mu 2008.
Nyir’ukuyandika bigaragara ko ashobora kuba atari mu Rwanda kubera aderesi zo mu Budage yakoresheje, yavuze ko yafashe icyemezo cyo kwegura nyuma yo kubitekerezaho (…) -
U Bufaransa bwashyikirije Sénégal ibigo bya gisirikare bibiri
8 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta y’u Bufaransa yatangaje ko yashyikirije Sénégal ikigo cya gisirikare cya Maréchal n’icya Saint Exupery biherereye mu murwa mukuru, Dakar.
-
Guinea: Gen. Doumbouya yahaye imbabazi Dadis Camara wahoze ari perezida
30 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Guinea (Conakry), Gen. Mamadi Doumbouya yahaye imbabazi uwahoze ari umuyobozi w’iki gihugu w’umusirikare, Moussa Dadis Camara, nyuma y’igihe kitageze ku mwaka akatiwe gufungwa imyaka 20 kubera ibyaha byibasiye inyokomuntu bijyanye na rimwe mu matsembatsemba akomeye cyane yabayeho muri icyo gihugu.
-
Perezida wa Czech Republic yasuye u Rwanda
5 April 2024, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika ya Czech Petr Pavel, yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itatu.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yasabye ubufatanye mu guhashya ibyaha bikorwa hifashishijwe ikoranabuhanga
Perezida Biden wageze muri Angola byitezwe ko we na Lourenço ‘bavuga no ku kibazo cya DR Congo’
Ihurizo mu gukemura ikibazo cy’abatuye ahagenewe ubuhinzi bitabaturutseho
Abaturage barasaba Leta kugira icyo ikora ku biciro bihanitse ku masoko
Kinyinya: Yatatse ntiyatabarwa nyuma bamusanga mu bigori yapfuye
Gicumbi: Padiri yasezeye ku nshingano ze kugira ngo yishakire umugore
U Bufaransa bwashyikirije Sénégal ibigo bya gisirikare bibiri
Guinea: Gen. Doumbouya yahaye imbabazi Dadis Camara wahoze ari perezida
Perezida wa Czech Republic yasuye u Rwanda