Urugereko Rwihariye rw’Urukiko Rukuru ruburanisha imanza mpuzamahanga n’izambukiranya imbibi rwakatiye igifungo cy’imyaka 25 Rusesabagina Paul nyuma yo guhamwa n’ibyaha binyuranye birimo n’iby’iterabwoba.
Urukiko rwavuze ko nta nyoroshyacyaha yahabwa kuko atitabiriye amaburanisha ngo asobanure byimbitse ibyaha yashinjwe.
Uru rukiko kandi rwakatiye igifungo cy’imyaka 20 Nsabimana Callixte alias Sankara nyuma yo guhamwa n’ibyaha binyuranye birimo n’iby’iterabwoba.Sankara yakatiwe iyi myaka (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Paul Rusesabagina na Callixte Nsabimana bakatiwe igifungo cy’imyaka 20 na 25 [YAVUGURUWE]
20 September 2021, by Dusingizimana Remy -
"U Rwanda na Tanzania bisangiye ibirenze umupaka"-Perezida Kagame
2 August 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame Paul yatangaje ko Leta y’u Rwanda n’iya Tanzania basangiye byinshi birenze kuba ari ibihugu bihana imbibi ndetse biteguye gukorana mu mishinga y’irembere.
-
Leta y’u Rwanda igiye guha ijambo rikomeye abaturage mu kuvugurura ibyiciro by’ubudehe
14 February 2019, by Dusingizimana RemyBenshi mu banyarwanda ntibishimiye ibyiciro by’ubudehe barimo,ariyo mpamvu Leta y’u Rwanda yemeje ko igiye kubivugurura ndetse abaturage bakabigiramo ijambo rikomeye.
-
Ambasade mu Bubiligi yahagaze ariko Ababiligi bemerewe gusura u Rwanda
21 March 2025, by Joseph IradukundaGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko Ambasade yayo i Bruxelles mu Bubiligi, rutangaza ko serivisi za dipolomasi zizajya zitangirwa muri Ambasade yarwo iri i La Haye mu Buholandi.
-
COVID-19 yahitanye umukecuru w’imyaka 88 wo mu karere ka Nyamasheke
18 July 2020, by Dusingizimana RemyUmunyarwanda wa 05 yishwe n’icyorezo cya COVID-19 kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 18 Nyakanga 2020.Uwapfuye Ni umugore w’imyaka 88 wo mu karere ka Nyamashe.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’Ubufaransa wari uvuye i Kinshasa
31 January 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri Jean-Noël Barrot, yageze mu Rwanda ku wa Kane tariki 30 Mutarama 2025, nyuma yo kuva i Kinshasa, aho yabonanye na Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC).
-
Rwatubyaye yitabajwe mu bakinnyi b’Amavubi azahura na Libya
6 November 2024, by Joseph IradukundaUmutoza w’Amavubi, Torsten Spittler amaze gushyira hanze urutonde rw’Abakinnyi azifashisha yitegura umukino w’ishiraniro azahanganamo LIBYA.
-
Zimwe mu ngendo z’abayobozi bakomeye ku isi zakoze amateka mu Rwanda
17 April 2023, by Dusingizimana RemyMu myaka myinshi ishize, u Rwanda rwasuwe n’abayobozi bakomeye ku isi batandukanye gusa hari ingendo zahasize urwibutso n’amateka akomeye nk’urwa Valéry René Marie Georges Giscard d’Estaing w’u Bufaransa, rwakupye amazi n’umuriro muri Kigali, urwa Muammar Gaddafi rwafunze amashuri, urwa Bill Clinton wagarukiye ku kibuga cy’indege i Kigali n’abandi.
Akenshi igituma izo nzinduko zigira umwihariko, ni uburyo umutekano uba wakajijwe rimwe na rimwe bikabangamira bamwe mu baturage, (…) -
"Kwimuka Kangondo na Kibiraro bigeze ku musozo nta muvundo"-Leta
17 September 2022, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wungirije wa leta y’u Rwanda,Alain Mukuralinda, yatangaje ko kwimura abantu bari batuye muri Kangondo na Kibiraro byarangiye "nta muvundo"
Ibikorwa byo gusenya inzu zabo byatangiye ejo kuwa gatanu nyuma y’uko hagoswe n’inzego z’umutekano.
Abinyujije kuri Twitter ye, Mukuralinda yagize ari "Kwimuka Kangondo na Kibiraro bigeze ku musozo nta muvundo. Leta ikomeje kandi gutega amatwi no gushakira umuti ibindi bibazo byavuka nyuma y’aho bagereye aho bimukiye mu Busanza."
Kuva ejo (…) -
U Rwanda ruzakira inama mpuzamahanga y’abagore ibaye ku ncuro yambere muri Afurika
7 July 2023, by Joseph IradukundaAbategura Inama Mpuzamahanga yiga ikanashakira umuti imbogamizi abagore bagihura nazo (Women Deliver Conference), batangaza ko kuba iy’uyu mwaka izabera mu Rwanda byashingiye ku gaciro ruha umugore.
Ni inama igiye kubera bwa mbere ku mugabane wa Afurika, abazayitabira bakaba bazateranira i Kigali ku matariki 17-20 Nyakanga 2023.
Iyi nama ihuriza hamwe abantu b’ingeri zinyuranye ku Isi yose, kugira ngo baganire ku mbogamizi abagore bagihura nazo hagamijwe gushaka ibisubizo bifatika, mu (…)
Umuryango.rw
Paul Rusesabagina na Callixte Nsabimana bakatiwe igifungo cy’imyaka 20 na 25 [YAVUGURUWE]
"U Rwanda na Tanzania bisangiye ibirenze umupaka"-Perezida Kagame
Ambasade mu Bubiligi yahagaze ariko Ababiligi bemerewe gusura u Rwanda
COVID-19 yahitanye umukecuru w’imyaka 88 wo mu karere ka Nyamasheke
Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’Ubufaransa wari uvuye i Kinshasa
Rwatubyaye yitabajwe mu bakinnyi b’Amavubi azahura na Libya
Zimwe mu ngendo z’abayobozi bakomeye ku isi zakoze amateka mu Rwanda
"Kwimuka Kangondo na Kibiraro bigeze ku musozo nta muvundo"-Leta
U Rwanda ruzakira inama mpuzamahanga y’abagore ibaye ku ncuro yambere muri Afurika