Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ ubutegetsi Diane Rwigara yashimiye abamubaye hafi mu gihe cy’ umwaka we na nyina Mukangemanyi Adeline Rwigara bamaze muri gereza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Diane Rwigara yashimiye abamubaye hafi mu gihe cy’ umwaka yamaze mu buroko
15 October 2018, by Nsanzimana Ernest -
U Rwanda na RDC baganiriye ku buryo bwo kunoza ubucuruzi bwambukiranya imipaka muri ibi bihe bya COVID-19
28 May 2020, by Dusingizimana RemyBamwe mu bagize guverinoma y’u Rwanda berekeje I Rubavu mu ntara y’i Burengerazuba,mu biganiro na bagenzi babo bo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo ku ngamba zo kurwanya Covid-19 no kunoza ubucuruzi bwambukiranya imipaka muri ibi bihe bya Coronavirus.
-
Perezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma aha imyanya abaminisitiri batanu bashya
26 February 2020, by Dusingizimana RemyAshingiye ku biteganywa n’ltegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116, none ku itariki ya 26 Gashyantare 2020, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho abayobozi mu ku buryo bukurikira:
-
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko MONUSCO yarumbiye Loni
5 November 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko ubutumwa bw’amahoro bwa Loni muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) ari igihombo gikomeye wagize mu mateka yawo.
-
RDF ni igisirikare si inyeshyamba - Perezida Kagame yahaye isomo Ramaphosa wa Afurika y’Epfo
30 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Kagame yavuguruje Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo, wise Ingabo z’u Rwanda (RDF) inyeshyamba, ndetse akavuga ko zagize uruhare mu rupfu rw’abasirikare be bari mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC.
-
Nyamagabe: Gitifu w’Akarere afunze by’agateganyo akekwaho kwiba amafaranga y’Akarere
14 June 2018, by UbwanditsiKu mugoroba wo kuri uyu wa Kane nibwo Urwego rw’Umuvunyi ku bufatanye na RIB (Urwego rw’Ubugenzacyaha) bataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyamagabe TWAYITURIKI Emmanuel bamukurikiranyeho ibyaha birimo gukoresha inyandiko mpimbano yiba amafaranga y’Akarere.
Urwego rw’Umuvunyi rwatangarije Umuryango ko Twayituriki Emmanuel akurikiranweho ibyaha byo kwaka cyangwa kwakira amafaranga bidakwiye, kwiha inyungu zinyuranyije n’amategeko no gukoresha inyandiko mpimbano. (…) -
Ni amaco y’inda? Ibyihishe inyuma y’umugambi wa Bad Rama wo guharabika ubuyobozi bw’u Rwanda
23 February, by Brenda MIZEROMupende Ramadhan wamamaye nka Bad Rama mu bijyanye n’imyidagaduro akomeje kugarukwaho na benshi, bibaza ku murongo mushya yafashe wo guharabika abayobozi no kurwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, ndetse n’icyaba cyabimuteye.
-
Ibyaganiriweho n’abagize Guverinoma mbere y’uko bajya mu kiruhuko
18 August 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yize ku ngingo zitandukanye zirimo kugenzura gahunda yo gukingira icyorezo cya Covid-19 n’izindi ngingo zirimo ijyanye n’ingabo z’u Rwanda zoherejwe mu mahanga.
Mu itangazo ryashyizwe hanze uyu munsi,Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye yaganiriye ku ngingo zinyuranye zirimo:
Gahunda yo gukingira Covid-19 mu gihugu; Abanyarwanda 951,795 bamaze gukingirwa
Impapuro mpeshamwenda za Eurobond Guverinoma (…) -
Perezida Kagame yayoboye inama nkuru ya gisirikare
15 November 2023Kuri uyu wa Gatatu, Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yayoboye inama nkuru ya gisirikare yitabiriwe n’abasirikari bakuru bakiri mu nshingano n’abasezerewe, abayobozi bakuru muri Polisi y’u Rwanda, abo mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe Iperereza n’Umutekano, abo mu Rwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha n’abo mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe igorora.
-
Miliyoni 21 z’abaturage ba Uganda bitabiriye amatora; Museveni ni we uhabwa amahirwe
15 January, by Brenda MIZEROAbanya-Uganda barenga miliyoni 21 baramukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu agomba gusiga bamenye niba Yoweri Kaguta Museveni w’imyaka 81 yegukana manda ya karindwi ku majwi angahe kuko ariwe uhabwa amahirwe kurusha abandi bakandida.
Umuryango.rw
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko MONUSCO yarumbiye Loni
RDF ni igisirikare si inyeshyamba - Perezida Kagame yahaye isomo Ramaphosa wa Afurika y’Epfo
Ni amaco y’inda? Ibyihishe inyuma y’umugambi wa Bad Rama wo guharabika ubuyobozi bw’u Rwanda
Ibyaganiriweho n’abagize Guverinoma mbere y’uko bajya mu kiruhuko
Perezida Kagame yayoboye inama nkuru ya gisirikare
Miliyoni 21 z’abaturage ba Uganda bitabiriye amatora; Museveni ni we uhabwa amahirwe